• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Tuesday, February 3, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

“Nambara bijyanye n’aho ngiye” – Ava Peace

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 31, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzikazi Ava peace yagurutse ku banenga ko amaze iminsi bavuga ku myambarire ye, ashimangira ko umuryango we n’abafana be bamwumva kandi ko bamushigikiye mu mahitamo ye mu myambarire.

Ibi yabivugiye mu birori yizihirizagaho isabukuru y’imyaka 30, y’ubukwe bw’ababyeyi be, aho yasobanuye ko imyambarire ye iterwa n’ahoagiye ndetse n’ubwoko bw’ibikorwa agiyemo, asaba abamunenga kureka kumucira urubanza batabanje gusobanukirwa impamvu ibimutera.

Yagize ati: “Sishobora  kwamabara imyambaro igaragaza imiterere y’umubiri wanjye; mu birori bigeye bitandukanye  byaba bikorwa nijoro cyagwa ku manywa. Nkunze kwambara ibijyanye n’aho ngiye gukorera. Sinshobora no kwamabara imyambaro igaragaza  cyane mu birori byo kwirekana mu miryango cyagwa mu bukwe. Niba warandebye uko nambara mu bitaramo byanjye byose, nambara ibijyanye n’igikorwa ndimo.

Uyu muhanzikazi yashimangiye ko yubaha abakiriya n’abafana be, kandi ko ahora yitwararika aho ajya n’uko yitwara mu ruhame. Yavuze kandi ko ababyeyi be bazi neza ko yambara bitewe n’aho agiye, kandi ko bamusobanukiwe neza.

Yagize ati: “Ababyeyi banjye baranyishimira cyane. Si ku bijyanye n’imyambarire gusa, ahubwo muri rusange baranyishimira, kandi ibyo ni byo by’ingenzi. Iyo mbasobanuriye ko mpiatamo imyambaro bitewe n’aho ngiye, kandi baranyumva.”

Ava Peace yakoresheje uwo mwanya ashimira ababyeyi be mu gihe bizihizaga imyaka 30 bamaze babana, yavuze ko ababyeyi be abafatiraho icyitegererezo cy’ubwitange n’urukundo.

Yasoje agira ati: “Twijihije isabukuru y’imyaka 30 ishize ababyeyi banjye babanye. Ndashimira kuba ababyeyi banjye bakundana kandi batara tandukanye, ndetse no kunyereka icyo urukundo nyarwo ari cyo. Ms Nakamate Christine na Kato Gonzanga ndabakunda cyane!!.”

Share2Tweet1Send
Previous Post

Ragga Dee yatorewe kuyobora UFMI

Next Post

Visa Vibez yicujije amakimbirane yagiranye na John Blaq

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

“Umuziki usaba gukorera mu ikipe” – Spice Diana

“Umuziki usaba gukorera mu ikipe” – Spice Diana

by Alex RUKUNDO
2 hours ago

Umuhanzikazi wamenyekaniye mu kigo cya Source management, Spice Diana, yagiriye inama bagenzi be bakora umuziki, ashimangira akamaro ko gukorana n’ikipe...

I Bruxelles hategerejwe igitaramo  cya Israel Mbonyi

I Bruxelles hategerejwe igitaramo cya Israel Mbonyi

by MUNYANKINDI Alphonse
3 hours ago

Mu gihe umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana ukomeje gukura no kwambuka imipaka, i Bruxelles mu Bubiligi hategerejwe igitaramo cyitezweho...

Kendrick Lamar yaciye agahigo nka Jay-z mu bihembo bya Grammy Awards 2026

Kendrick Lamar yaciye agahigo nka Jay-z mu bihembo bya Grammy Awards 2026

by Alex RUKUNDO
19 hours ago

Mu bihembo bya Grammy Awards 2026, umuraperi Kendrick Lamar yanditse amateka mashya, aba umuhanzi wa Hip-hop wegukanye ibihembo byinshi kurusha...

Next Post
Visa Vibez yicujije amakimbirane yagiranye na John Blaq

Visa Vibez yicujije amakimbirane yagiranye na John Blaq

Karole Kasita yateguje igitaramo cye bwite

Karole Kasita yateguje igitaramo cye bwite

“Ihangana rya Bruce Melodie na The Ben riri munsi ya 0.0%” – Pacson 

"Ihangana rya Bruce Melodie na The Ben riri munsi ya 0.0%" - Pacson 

Ibimenyetso byerekana ko inzoka ishobora kukurya n’uko wakwirinda ibyago byayo
Inkuru Ndende

Ibimenyetso byerekana ko inzoka ishobora kukurya n’uko wakwirinda ibyago byayo

by MUNYANKINDI Alphonse
February 3, 2026
“Umuziki usaba gukorera mu ikipe” – Spice Diana
Imyidagaduro

“Umuziki usaba gukorera mu ikipe” – Spice Diana

by Alex RUKUNDO
February 3, 2026
Rayon Sports mu gihirahiro: imikino iri imbere iteye impungenge
Imikino

Rayon Sports mu gihirahiro: imikino iri imbere iteye impungenge

by MUNYANKINDI Alphonse
February 3, 2026
I Bruxelles hategerejwe igitaramo  cya Israel Mbonyi
Imyidagaduro

I Bruxelles hategerejwe igitaramo cya Israel Mbonyi

by MUNYANKINDI Alphonse
February 3, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.