• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, April 4, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

“Nambara bijyanye n’aho ngiye” – Ava Peace

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 31, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzikazi Ava peace yagurutse ku banenga ko amaze iminsi bavuga ku myambarire ye, ashimangira ko umuryango we n’abafana be bamwumva kandi ko bamushigikiye mu mahitamo ye mu myambarire.

Ibi yabivugiye mu birori yizihirizagaho isabukuru y’imyaka 30, y’ubukwe bw’ababyeyi be, aho yasobanuye ko imyambarire ye iterwa n’ahoagiye ndetse n’ubwoko bw’ibikorwa agiyemo, asaba abamunenga kureka kumucira urubanza batabanje gusobanukirwa impamvu ibimutera.

Yagize ati: “Sishobora  kwamabara imyambaro igaragaza imiterere y’umubiri wanjye; mu birori bigeye bitandukanye  byaba bikorwa nijoro cyagwa ku manywa. Nkunze kwambara ibijyanye n’aho ngiye gukorera. Sinshobora no kwamabara imyambaro igaragaza  cyane mu birori byo kwirekana mu miryango cyagwa mu bukwe. Niba warandebye uko nambara mu bitaramo byanjye byose, nambara ibijyanye n’igikorwa ndimo.

Uyu muhanzikazi yashimangiye ko yubaha abakiriya n’abafana be, kandi ko ahora yitwararika aho ajya n’uko yitwara mu ruhame. Yavuze kandi ko ababyeyi be bazi neza ko yambara bitewe n’aho agiye, kandi ko bamusobanukiwe neza.

Yagize ati: “Ababyeyi banjye baranyishimira cyane. Si ku bijyanye n’imyambarire gusa, ahubwo muri rusange baranyishimira, kandi ibyo ni byo by’ingenzi. Iyo mbasobanuriye ko mpiatamo imyambaro bitewe n’aho ngiye, kandi baranyumva.”

Ava Peace yakoresheje uwo mwanya ashimira ababyeyi be mu gihe bizihizaga imyaka 30 bamaze babana, yavuze ko ababyeyi be abafatiraho icyitegererezo cy’ubwitange n’urukundo.

Yasoje agira ati: “Twijihije isabukuru y’imyaka 30 ishize ababyeyi banjye babanye. Ndashimira kuba ababyeyi banjye bakundana kandi batara tandukanye, ndetse no kunyereka icyo urukundo nyarwo ari cyo. Ms Nakamate Christine na Kato Gonzanga ndabakunda cyane!!.”

Share2Tweet1Send
Previous Post

Ragga Dee yatorewe kuyobora UFMI

Next Post

Visa Vibez yicujije amakimbirane yagiranye na John Blaq

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

by Alex RUKUNDO
12 hours ago

Umunyarwanda Tuma Basa yasezeye kuri YouTube yagezemo mu 2018 ayobora igice cya ‘Urban Music’ ubu akaba akuriye icya ‘Black Music...

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

by Alex RUKUNDO
13 hours ago

Agahinda k’abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana mu bitaramo bitandukanye, kongeye kuzamurwa n’umufana wasomeye Winnie Nwangi mu...

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

by Alex RUKUNDO
14 hours ago

Nyuma y’ibyumweru bike umuraperi w’Umunyamerika Sean Combs, uzwi ku mazina nka “Diddy” yagabanyirijweho amezi abiri ku gifungo yari yakatiwe, itariki...

Next Post
Visa Vibez yicujije amakimbirane yagiranye na John Blaq

Visa Vibez yicujije amakimbirane yagiranye na John Blaq

Karole Kasita yateguje igitaramo cye bwite

Karole Kasita yateguje igitaramo cye bwite

“Ihangana rya Bruce Melodie na The Ben riri munsi ya 0.0%” – Pacson 

"Ihangana rya Bruce Melodie na The Ben riri munsi ya 0.0%" - Pacson 

“Mubavuga nabi, bahisemo gukoresha TikTok live nk’ijwi ry’abahanzi” – Eddy Kenzo
Uncategorized

“Mubavuga nabi, bahisemo gukoresha TikTok live nk’ijwi ry’abahanzi” – Eddy Kenzo

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera
Imyidagaduro

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana
Imyidagaduro

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo
Imyidagaduro

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.