• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, April 3, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Uncategorized

“Mubavuga nabi, bahisemo gukoresha TikTok live nk’ijwi ry’abahanzi” – Eddy Kenzo

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzi Eddy Kenzo yatangaje ko ashyigikiye bagenzi be bakunze gukoresha TikTok Live, avuga ko ibyo bakora ari igisubizo k’ibibazo by’imyaka myinshi ishize batishimiye uko bafatwa n’itangazamakuru.

Mu kiganiro yagiranye na Eddie Sendi, Kenzo yasobanuye ko nubwo we ubwe adakunda gukoresha TikTok Live, asobanukiwe neza impamvu abahanzi benshi usanga bahitamo gukoresha uru rubuga mu rwego rwo ku ganiriza abakunzi babo imbonankubone.

Yagize ati: “Njye sijya vuga ibintu byinshi ‘oya’, ariko ntibivuze ko abandi bashoboye kwirwanaho ko babikora, gusa wowe ntiwabyumva. Ntimujya mu bitaho, mu by’ukuri barananiwe bahitamo kwirwanaho.”

Uyu muhanzi wegukanye igihembo cya BET yavuze ko abahanzi benshi bumva ko itangazamakuru ribavuga uko batari cyangwa rikabanenga mu buryo budakwiye, bityo bahitamo kwivuganira ubwabo bakoresheje TikTok Live.

Abinyujije kuri TikTok Live, yavuze ko abahanzi bahisemo kuganira n’abakunzi babo bitanyuze mu itangazamakuru cyagwa ngo bivugwe n’abandi.

“Mubavuga nabi, bahisemo gukoresha TikTok live nk’ijwi ry’abahanzi” – Eddy Kenzo

Kenzo yongeyeho ko uburyo itangazamakuru rigenzura abahanzi hari aho byagize ingaruka mbi ku mazina yabo, bigatuma babona ko bagomba guhita bisobanura no kwirwanaho ako kanya bakoresheje TikTok Live.

Yagize ati: “Itangazamakuru ryagize uruhare rukomeye mu gutesha agaciro amazina y abamwe mu bahanzi, bityo bituma bahitamo kwirwanaho kuri TikTok Live.”

Nubwo abishyigikiye, Kenzo yavuze ko we atajya akunda kujya kuri Live. Yabingarutseho avuga ko biterwa n’uko ari ku rwego rwiza mu muziki, haba mu gihugu imbere no ku rwego mpuzamahanga, bikamufasha no kubona ubushobozi bwo kubaho atishingikirije umuziki.

Ati: “Biragoye kumbona kuri izo Live kuko Imana yaramfashije pe!, nageze ku rwego rwo rukomeye mu gihugu no hanze yacyo, mbashakubona amafaranga, kabone n’iyo ntajora umuziki.”

Icyakora yavuze ko atari ko bimeze ku bandi bahanzi. Hari abishingikiriza ku muziki wonyine n’ y’amafaranga awuvamo, bigatuma bagomba gukomeza kugaragara no gusubiza abanenga ibikorwa byabo.

Yashoje agira ati: “Hari bamwe bagifata umuziki nk’isoko yabo rukumbi y’amafaranga, ntibashobora kwicara ngo bareke kuvuga mu gihe mubavugaho nabi.”

@atufuzennyo

“Abayimbi mubavumye nnyo, bakooye….” Eddy Kenzo #eddykenzo #sendi #ugandatiktok🇺🇬 #dailyuganda #foryoupages

♬ Motivational Story – Zara Pine
Share2Tweet1Send
Previous Post

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Rose Muhando Yibwe n’Abajura Binjiye Iwe

Rose Muhando Yibwe n’Abajura Binjiye Iwe

by MUNYANKINDI Alphonse
2 days ago

Umuhanzikazi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana wo muri Tanzania, Rose Muhando, yatangaje ko yibwe n’abajura bataramenyekana binjiye mu rugo...

Taylor Swift Yigaranzuye iHeartRadio 2026, Yongera Kwigaragaza nk’Umwamikazi wa Pop

Taylor Swift Yigaranzuye iHeartRadio 2026, Yongera Kwigaragaza nk’Umwamikazi wa Pop

by MUNYANKINDI Alphonse
6 days ago

Umuhanzikazi w’icyamamare Taylor Swift yongeye kwandika amateka mu muziki mpuzamahanga, nyuma yo kwegukana ibihembo birindwi mu birori bya iHeartRadio Music...

Azawi yiyise utsinda bose ku rubyiniro

Azawi yiyise utsinda bose ku rubyiniro

by MUNYANKINDI Alphonse
6 days ago

Umuhanzikazi Azawi yatangaje ko nta muhanzi wo mu gihe cye wamuhangara ku rubyiniro mu bihe bya nyuma ya COVID-19. Mu...

“Mubavuga nabi, bahisemo gukoresha TikTok live nk’ijwi ry’abahanzi” – Eddy Kenzo
Uncategorized

“Mubavuga nabi, bahisemo gukoresha TikTok live nk’ijwi ry’abahanzi” – Eddy Kenzo

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera
Imyidagaduro

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana
Imyidagaduro

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo
Imyidagaduro

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.