• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, April 11, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Uncategorized

Miss Hannah Karema Tumukunde yatsinzwe matora ya Guild President

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
April 10, 2026
Reading Time: 1 min read
A A

Miss wacyuye igihe wo muri Uganda, Hannah Karema Tumukunde, yatangaje ko yatsinzwe mu matora aherutse kuba, aho yahataniraga kuba umuyobozi w’abanyeshuri (Guild Presidente) muri Kaminuza ya Makerere I Kampala.

Ku wa Kane tariki ya 9 Mata 2026, Gracious Kadondi yatorewe kuba Guild President wa 92 wa Kaminuza ya Makerere, atsindira uyu mwanya ukomeye mu buyobozi bw’abanyeshuri ku itike y’ishyaka NUP.

Uwo bahatanaga ari we Hannah Karema, yari afite inkunga ikomeye ya policies ndetse ndetse unagendeye ku cyubahiro yari asanzwe afite mu ruganda rw’imyidagaduro.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga, Karema yashimiye cyane abamuhaye amajwi ndetse n’ikizere bari bamugiriye. Yanavuze ko amajwi yabonye yerekana yerekana icyerekezo cy’ubuyobozi bw’abanyeshuri ba Makerere bifuza, yanatangaje ko agiye gukomeza indi mishanga ye.

Yagize ati: “Bakunzi bacu ‘Rebooters’, ndabashimira byimazeyo ku bwo  kunyizera no gushyigikira gahunda yo kuvugurura Makerere.

Amajwi nabonye agaragaza ubuyobozi abanyeshuri ba Makerere bifuza; ubwo itangira, kwita ku mibereho yabo, uburenganzira bwabo mu masomo no mu mibereho rusange.”

Ibi si iherezo cyangwa intangiriro ‘oya’. Ubu nib wo bigitangira. Ni igihe cyo kwisuganya tugakomeza gutanga zindi serivisi binyuze mu zindi nzira.

Tuzakomeza guharanira kuvugurura uburezi muri Uganda.

Previous Post

Kwibuka 32: Filime 6 ukwiriye kureba zigaragaza amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi

Next Post

“Si ngombwa indirimbo 20 ngo ube umuhanzi wuzuye” – Spice Diana

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

“Ngarukanye indirimbo nshya nise Tempting kandi izabanyura” Ykee Benda

“Ngarukanye indirimbo nshya nise Tempting kandi izabanyura” Ykee Benda

by Alex RUKUNDO
6 hours ago

Nyuma y’igihe adakora umuziki, umuhanzi Ykee Benda yatangaje ko yagararutse kandi yiteguye gushimisha abakunzi be abaha indirimbo nshya yise “Tempting.”...

“Si ngombwa indirimbo 20 ngo ube umuhanzi wuzuye” – Spice Diana

“Si ngombwa indirimbo 20 ngo ube umuhanzi wuzuye” – Spice Diana

by Alex RUKUNDO
7 hours ago

Umuhanzikazi Spice Diana yavuze uko abona amakimbirane  amaze iminsi avugwa yangijwe na Pallaso ku bijyanye n’igisobanuro ku “umuhanzi w’umunyamwuga” yavuze...

Harmonize na Good Lyfe bifatanyije n’u Rwanda Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutse

Harmonize na Good Lyfe bifatanyije n’u Rwanda Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutse

by Alex RUKUNDO
1 day ago

Abahanzi bakomeye mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, barimo Harmonize ndetse n’itsinda rya Good Lyfe, bifatanyije n’u Rwanda n’Isi muri iki...

Next Post
“Si ngombwa indirimbo 20 ngo ube umuhanzi wuzuye” – Spice Diana

"Si ngombwa indirimbo 20 ngo ube umuhanzi wuzuye" - Spice Diana

“Ngarukanye indirimbo nshya nise Tempting kandi izabanyura” Ykee Benda

"Ngarukanye indirimbo nshya nise Tempting kandi izabanyura" Ykee Benda

“Ngarukanye indirimbo nshya nise Tempting kandi izabanyura” Ykee Benda
Uncategorized

“Ngarukanye indirimbo nshya nise Tempting kandi izabanyura” Ykee Benda

by Alex RUKUNDO
April 10, 2026
“Si ngombwa indirimbo 20 ngo ube umuhanzi wuzuye” – Spice Diana
Uncategorized

“Si ngombwa indirimbo 20 ngo ube umuhanzi wuzuye” – Spice Diana

by Alex RUKUNDO
April 10, 2026
Miss Hannah Karema Tumukunde yatsinzwe matora ya Guild President
Uncategorized

Miss Hannah Karema Tumukunde yatsinzwe matora ya Guild President

by Alex RUKUNDO
April 10, 2026
Kwibuka 32: Filime 6 ukwiriye kureba zigaragaza amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi
Amateka

Kwibuka 32: Filime 6 ukwiriye kureba zigaragaza amateka ya Jenoside yakorewe Abatutsi

by MUNYANKINDI Alphonse
April 10, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.