• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, March 7, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Mary Nambwayo yongeye gukundana nyuma yo gutandukana n’umugabo we Suuna Ben

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
February 17, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Mary Nambwayo asa nu watangiye ubuzima bushya mu rukundo nyama yo gutandukana n’uwahoze ari umugabo we Suuna Ben mu mwaka wa 2025, ibintu byavuzwe cyane mu bitangazamakuru bitandukanye byo muri Uganda.

Aba bombi bigeye bagaragaye cyane mu binyamakuru umwaka ushize ubwo umubano wabo wazagamo agatotsi bikagera n’aho bivuga mu bitangazamakuru bitandukanye. Intandaro y’ukutumvikana kwabo yaturutse ku mutungo, by’umwihariko inzu iri Entebbe.

Nambwayo yavugaga ko mu iyubaka ry’iyo nzu yabigizemo uruhare kandi rukomeye, bityo ko agomba kugira icyo ayibonaho. Ku rundi ruhande, Suuna Ben we yashimangiye ko iyo nzu ari iye bwite, ko yayubatse ku mbaraga ze nta ruhare rwa Nambwayo ayifiteho.

Aya makimbirane yakomeje gufata indi ntera, atuma itangazamakuru ribyinjiramo cyane, ari na bwo byaje kurangira batandukanye ku mugaragaro.

Nyuma y’igihe ibintu bisa n’aho bitangiye gutuza, Nambwayo yagaragaje ko yongeye kwisuganya. Mu mpera z’umwaka ushize, yahawe ikibanza ndetse n’inzu nshya n’umucuruzi w’imitungo itimukanwa, wamufashije kwikura muri ayo makimbirane no gutandukana n’uwahoze ari umugabo we mu mahoro.

Kuri ubu, bigaragara ko yongeye gusubira mu rukundo.

Mu rukerera rushyira kuri uyu munsi, Nambwayo yashyize ku rubuga rwe rwa Facebook amafoto agaragaza ko hari impinduka nshya mu buzima bwe bw’urushako.

Muri bumwe mu butumwa yanditse kuri Fecebook yagize ati: “Umugabo wanjye yahisemo kungira umugore we byuzuye mu rugo rwe.”

Nubwo yahisemo kudatangaza amazina cyagwa ngo agaragaze amafoto y’umugabo we twavuga mushya, ubutumwa bwe bwagaragazaga neza ko Mary Nambwayo atakiri mu bwigunge.

Kugeza ubu, uwo mugabo ntaramenyekana cyagwa ngo atangazwe, ariko ukurikije uko byagiye bigenda mbere, bishobora guta igihe gito hagatangazwa andi makuru mashya.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Bruce Melodie yanenze abahanzi bo muri Uganda

Next Post

Ukwezi: Ibyavuye mu gukubita kwa Theia n’Isi”

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
18 hours ago

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atari kwiyiriza nk’abandi bisilam mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, avuga ko afite...

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
18 hours ago

Umuhanzi w’Umunya-Kenya Karelina ari kwiyubaka buhoro buhoro mu ruhando rw’umuziki, aho akoresha ururimi rw’Igikuyu n’Icyongereza mu buryo bugaragara nk’ubutateguwe, ahubwo...

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
22 hours ago

Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze...

Next Post
Ukwezi: Ibyavuye mu gukubita kwa Theia n’Isi”

Ukwezi: Ibyavuye mu gukubita kwa Theia n’Isi”

Don Nasser rwatangaje ko Done Nasser ari umwere ku byaha yaregwaga

Don Nasser rwatangaje ko Done Nasser ari umwere ku byaha yaregwaga

Bien yishimiye guhura na Perezida Kagame

Bien yishimiye guhura na Perezida Kagame

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina
Imyidagaduro

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala
Imyidagaduro

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026
Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi
Iyobokamana

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.