• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, March 7, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Ubuzima

Kwiyiriza Ubusa: Buryo bwiza bwo kugabanya ibiro cyangwa ni amayeri gusa?

MUNYANKINDI Alphonse by MUNYANKINDI Alphonse
February 28, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Mu gihe abantu benshi bashaka uburyo bwihuse bwo kugabanya ibiro, kwiyiriza ubusa mu buryo bwa “jeûne intermittent” bwigeze kuba inkingi y’inyigisho z’ubuzima ku mbuga nkoranyambaga. Ariko ubushakashatsi bushya burakangurira abakoresha ubu buryo gutekereza neza.

Itsinda ry’abashakashatsi bo mu Butaliyani, bayoborwa na Luis Garegnani, ryakoze ubushakashatsi ku bantu ibihumbi bibiri mu gihe kingana n’amezi 12, bagamije kumenya niba kwiyiriza ubusa mu buryo bw’ibihe bigabanyijemo (intermittent fasting) ari bwo buryo bwizewe bwo guta ibiro.

 Ibisubizo byavuye muri ubwo bushakashatsi byatangaje abenshi: ubu buryo ntibufasha buri muntu kugabanya ibiro nk’uko akenshi bigaragazwa ku mbuga nkoranyambaga.

Abashakashatsi basanze kwiyiriza ubusa ku minsi imwe, cyangwa kwirinda kurya amasaha make, nta ngufu zikomeye bifite mu gutakaza ibiro.

 Icyakora, bavuga ko ubu buryo bushobora kugira akamaro ku buzima mu bundi buryo, harimo kugabanya isukari mu maraso no kugabanya ibinure byo mu mubiri.

Inzobere zo mu nama z’ubuzima zo mu Bwongereza na Oxford, harimo Dr Baptiste Leurent na Porofeseri Keith Frayn, basubirije ibivugwa muri ubwo bushakashatsi bakabyemeza.

Basobanura ko imikorere y’umubiri (métabolisme) itandukanye buri muntu na mugenzi we, bityo ubu buryo bushobora kunufasha cyangwa bukatagufasha hakurikijwe imiterere yawe bwite.

Iki kibazo kigaragara cyane mu bisubizo by’ubushakashatsi bwakozwe ku bantu bakoresha inshinge zo kugabanya ibiro mu Bwongereza, bangana hafi miliyoni 1.6.

 Iyo bahagaritse kuzikoresha, ibiro akenshi bigaruka, rimwe na rimwe bikiyongera kurusha ibiri mbere yo gutangira ubuvuzi.

Abaganga batanga inama imwe ifatika: mbere yo gutangira uburyo ubwo aribwo bwose bwo kugabanya ibiro, banza ugane muganga wawe kugira ngo basuzume imiterere yawe y’umubiri n’ubuzima bwawe muri rusange.

Ibi ni ngombwa cyane ku bantu barwaye diyabete cyangwa izindi ndwara zikomeye.

Ubutumwa bugaragara muri ubwo bushakashatsi ni ubu: nta buryo bumwe guhwanye na buri muntu wese.

Ibikora kuri mugenzi wawe bishobora kutakora kuwe. Aho gukurikira inama z’internet zidafite ishingiro rya siyansi, ni byiza gushingira ibyemezo byawe ku majwi y’inzobere n’ubushakashatsi nyabwo.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Green Daddy yatangaje ko yababariye abamushiguri bose

Next Post

Djihad na K John Bakatiwe Imyaka 3 Igifungo n’Ihazabu ya Miliyoni 3

MUNYANKINDI Alphonse

MUNYANKINDI Alphonse

IZINDI NKURU WASOMA

Impinduka z’ibihe zifite ingaruka ku bushobozi bw’intanga z’abagabo

Impinduka z’ibihe zifite ingaruka ku bushobozi bw’intanga z’abagabo

by MUNYANKINDI Alphonse
5 days ago

Ubushakashatsi bushya bwerekana ko ubuziranenge bw'intanga ngabo buba buri hejuru mu mpeshyi, mu gihe bumanuka mu gihe cy'itumba. Abashakashatsi bo...

“Sinshobora kongera gukoresha amavuta ahindura uruhu”Mary Bata

“Sinshobora kongera gukoresha amavuta ahindura uruhu”Mary Bata

by Alex RUKUNDO
1 week ago

Umuhanzikazi Mary Bata yatangaje ubuzima yanyuzemo ubwo yakoreshaga amavuta ahindura ibara ry’uruhu (mukorogo, cream that changes skin color,- bleaching), yavuze...

Ese impuhwe ni iz’abagore gusa? Siyansi itanga indi sura

Ese impuhwe ni iz’abagore gusa? Siyansi itanga indi sura

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Imyumvire imaze igihe ivuga ko abagore ari bo bagira impuhwe kurusha abagabo iracyagaragara mu muryango nyarwanda n’uw’Isi muri rusange. Abagore...

Next Post
Djihad na K John Bakatiwe Imyaka 3 Igifungo n’Ihazabu ya Miliyoni 3

Djihad na K John Bakatiwe Imyaka 3 Igifungo n'Ihazabu ya Miliyoni 3

Ishimwe Clement wa Kina Music agiye gusohora album ye ya Mbere ‘Legacy’

Ishimwe Clement wa Kina Music agiye gusohora album ye ya Mbere 'Legacy'

Unesco yasuzumye ikoreshwa rya AI mu buhanzi: igomba kuba igikoresho

Unesco yasuzumye ikoreshwa rya AI mu buhanzi: igomba kuba igikoresho

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina
Imyidagaduro

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala
Imyidagaduro

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026
Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi
Iyobokamana

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.