• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, April 3, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Ubuzima

kuki hari abantu baseka mu bibabaje?

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
March 17, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Abantu bakunda guseka mu bibabaje baba ari abahanga cyane mu kugenzura amarangamutima yabo. Iyo ukunda kwisanga uri guseka mu bihe bibabaje nko mu kiriyo, uri gutongana n’abantu, cyangwa ufite ubukene, kiba ari ikimenyetso cy’uko ufite ubushobozi bwimbitse bwo kugenzura amarangamutima yawe.

Ntabwo biterwa n’uko ufite uburwayi bwo mu mutwe cyangwa nta mutima ugira. Abantu benshi bahisha amarangamutima yabo cyangwa bakayakabiriza, ariko ubwonko bwawe buhitamo kutagendera mu kigare. Muri pyschology byitwa Incongruous affect cyangwa se Cognitive Processing. Ni uburyo ubwonko bwacu bukoresha mu kwakira ibintu bitubayeho tutari twiteze.

Ibyo bijyanirana no gukunda amashyengo ababaje cyangwa se ‘dark humour’. Abantu bakunda ubu bwoko bw’amashyengo baba bafite ubushobozi buhambaye bwo kugenzura amarangamutima cyangwa se ‘emotional intelligence’, bakarangwa no guhanga udushya, kandi bakoroherwa no gukemura ibibazo.

Ni ba bantu ushobora gutuka, aho kubikomeza bakabiteramo urwenya. Ubwonko bwabo buba bwarashyizeho ubwirinzi bukomeye ku buryo kubababaza biba bigoye. Twavuga ko ari nk’imbaraga zidasanzwe mu mitekerereze n’amarangamutima.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Grenade Offical yinjiye mu idini rya Islam

Next Post

Dore impamvu utacyumva icyanga cy’ubuzima

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Ubushakashatsi: Ibisuko na Perike bishobora kongera ibyago bya Kansere y’Ibere

Ubushakashatsi: Ibisuko na Perike bishobora kongera ibyago bya Kansere y’Ibere

by MUNYANKINDI Alphonse
4 days ago

Ubushakashatsi bushya bwagaragaje ko ibisuko, perike n’imishatsi y’inyongera abagore benshi bakoresha ku Isi bishobora kuba birimo ibinyabutabire bifitanye isano na...

Urujijo ku mirambo myinshi yatahuwe aho yari itabye

Urujijo ku mirambo myinshi yatahuwe aho yari itabye

by MUNYANKINDI Alphonse
1 week ago

Imirambo igera kuri 32, yiganjemo iy'abana, yakuwe mu mva rusange iri mu mujyi wa Kericho mu burengerazuba bwa Kenya, mu...

Nyuma yo kwanga gushyingiranwa Yatewe urushinge rurimo virusi itera SIDA

Nyuma yo kwanga gushyingiranwa Yatewe urushinge rurimo virusi itera SIDA

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

  Hari ikintu cyatangaje benshi cyabaye muri leta ya Telangana mu Buhinde, aho umugabo wari urakaye yateye umukobwa urushinge nyuma...

Next Post
Dore impamvu utacyumva icyanga cy’ubuzima

Dore impamvu utacyumva icyanga cy’ubuzima

Prim Asiimwe yatangaje ko adashobora gukundana na A Pass

Prim Asiimwe yatangaje ko adashobora gukundana na A Pass

Hannah Karema Tumukunde wahoze ari miss wa Uganda yiyamamarije kuyobora Guild muri Makerere

Hannah Karema Tumukunde wahoze ari miss wa Uganda yiyamamarije kuyobora Guild muri Makerere

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha
Imyidagaduro

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga
Imyidagaduro

Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
FERWAFA yamaganye abakinnyi b’Amavubi bazanye abana mu kibuga nyuma yo gutsinda
Ibirori

FERWAFA yamaganye abakinnyi b’Amavubi bazanye abana mu kibuga nyuma yo gutsinda

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
Ubushakashatsi bushya bwerekana uko Ukwezi kwavutse nyuma y’ikorwa rikomeye ryabaye mu isanzure
Ikoranabuhanga

Ubushakashatsi bushya bwerekana uko Ukwezi kwavutse nyuma y’ikorwa rikomeye ryabaye mu isanzure

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.