• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, January 16, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti muri Politiki

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
November 9, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzi Kitoko wamamaye mu njyana ya Afrobeat mu Rwanda yageze i Kigali avuye mu Bwongereza aho yari amaze imyaka 12 atuye akaba ahavanye n’impamyabumenyi ya Kaminuza muri Politiki.

Mu gitondo cyo kuri iki Cyumweru, tariki ya 9, Ugushyingo 2025 nibwo yageze i Kigali avuye mu Bwongereza aho yagiye Tariki 29, Werurwe, 2013 agiye kuminuza.

Akigera i Kigali, yagize ati:” Narinkumbuye abantu, mu by’ukuri narinkumbuye n’amafunguro ntabonaga mu mahanga.”

Yavuze ko yagarutse mu Rwanda kuko hari ubuzima, nubwo abantu benshi bumva ko hanze haruta mu Rwanda.

Ati: “ Tujya hanze gushaka ubumenyi kugira ngo tuze tubukoreshe hano.”

Avuga ko azajya asubira mu mahanga nk’abandi bose, ariko icyemezo cyo kugaruka mu Rwanda ari ntakuka.

Hagati aho ku wa 05, Ukuboza, 2025, Kitoko afite igitaramo azahuriramo na Davido, komeza avuga ko yiteguye kuzashimisha abakunzi b’indirimboze.

Ati: “Nta bwoba mfite. Njye ku bwanjye ni ubwa mbere nzaba ninjiye muri BK Arena. Nta ndirimbo nshya nzaririmba, ariko nzatanga ibyishimo ndi umu old school kandi abantu bazishima”.

Mu Bwongereza, Kitoko ahakuye impamyabumenyi y’icyiciro cya kabiri cya kaminuza yavanye muri Kaminuza ya South Bank University mu bijyanye na Politike.

Yize kandi n’icyiciro cya gatatu cya Kaminuza (Master’s Degree) muri London Metropolitan University mu bijyanye no gukemura amakimbirane n’ububanyi n’amahanga.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Davido numwe mubaza fungura Hoima City Stadium – Uganda

Next Post

B2C Entertainment yateguje igitaramo

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Kizz Daniel yatangaje ko amafaranga atazana ibyishimo

Kizz Daniel yatangaje ko amafaranga atazana ibyishimo

by Alex RUKUNDO
49 minutes ago

Umuhanzi ukomoka muri Nigeria wamamaye cyane, mundirimbo zigiye zitandukanye, Kizz Daniel, yagaragaje ko abayeho nk’umuntu ikennye nyuma yo gusobanukirwa ko...

Niyo Bosco n’umukunzi we Mukamisha Irene basezeranye  imbere y’Imana

Niyo Bosco n’umukunzi we Mukamisha Irene basezeranye imbere y’Imana

by Alex RUKUNDO
2 hours ago

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 16 Mutarama 2026, habaye ubukwe bw’umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Noyo Bosco,...

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

by MUNYANKINDI Alphonse
5 hours ago

Mu gihe benshi bamumenyereye nk’umukinnyi wa filime ukunzwe cyane mu Rwanda, Niyitegeka Gratien, uzwi nka Papa Sava, amaze imyaka irenga...

Next Post
B2C Entertainment yateguje igitaramo

B2C Entertainment yateguje igitaramo

Davido, Burna Boy na Ayra Starr bahawe igihembo cya Grammy Award

Davido, Burna Boy na Ayra Starr bahawe igihembo cya Grammy Award

Uwamahoro Antoinette na Tuyisenge Valens Bayoboye Amatora muri Mashariki Film Festival 2025

Uwamahoro Antoinette na Tuyisenge Valens Bayoboye Amatora muri Mashariki Film Festival 2025

Kizz Daniel yatangaje ko amafaranga atazana ibyishimo
Imyidagaduro

Kizz Daniel yatangaje ko amafaranga atazana ibyishimo

by Alex RUKUNDO
January 16, 2026
Niyo Bosco n’umukunzi we Mukamisha Irene basezeranye  imbere y’Imana
Imyidagaduro

Niyo Bosco n’umukunzi we Mukamisha Irene basezeranye imbere y’Imana

by Alex RUKUNDO
January 16, 2026
Imibereho n’ubukungu bigena icyemezo cyo kubyara mu Rwanda
Ubuzima

Imibereho n’ubukungu bigena icyemezo cyo kubyara mu Rwanda

by Alex RUKUNDO
January 16, 2026
Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira
Imyidagaduro

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.