• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, January 16, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Umutekano

Kagame yanenze abayobya amakuru ku bikorwa bya RDF

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
August 27, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Ku wa 25 Kanama 2025, Perezida Paul Kagame mu kiganiro yagejeje ku basirikare basaga 6.000 mu kigo cya Gisirikare cya Gabiro mu Ntara y’Iburasirazuba, agaruka ku myitwarire y’amahanga n’abashinja Ingabo z’u Rwanda (RDF) ibikorwa by’ubwicanyi muri Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo (RDC).

Yavuze ko RDF, n’iyo yaba iri mu Burasirazuba bwa RDC, itarakora ibikorwa by’ubwicanyi nk’uko bamwe babivuga. Yibukije ko nyuma yo gutsindwa urugamba i Goma, abasivili b’abacanshuro baherekezwa mu mahoro bakagaruka iwabo, bityo nta kintu cyemeza ko RDF ari yo yagize uruhare mu bwicanyi bwagaragajwe n’ibitangazamakuru bimwe.

Ati: “Abavuga ko RDF ari yo ishinjwa ibibazo byose mu Burasirazuba bwa RDC birengagiza ukuri. Ubwicanyi bwakozwe n’Interahamwe, Wazalendo n’inzego za RDC kandi biracyakomeje, ariko ibyo ntibitangazwa. Ibihugu by’amahanga byifuza ko ikibazo cyose kigaragara nk’ikivuye ku Rwanda, nyamara si ko bimeze.”

Perezida Kagame yashimangiye ko igisirikare cy’u Rwanda kitajya gishora mu bihugu bindi intambara, ahubwo kigira uruhare mu gushaka umutekano iyo bisabwe. Yavuze ko u Rwanda rwiteguye gufatanya na RDC kugarura umutekano mu burasirazuba bw’iki gihugu igihe RDC igaragaje ubushake, kandi ko ibyo bikorwa bikorwa mu buryo bwubaka kandi butica amategeko.

Nanone yashimangiye ko igitutu cy’amahanga ku Rwanda kigomba gutuma Abanyarwanda bakomeza kwihesha agaciro, gukora byinshi no kurinda igihugu, n’ubwo amahirwe ari make. Yongeraho ko igisirikare cy’u Rwanda atari icy’abacanshuro, ahubwo ari icy’igihugu kirinda abaturage n’umutekano w’igihugu, kandi cyiteguye gufasha abakeneye ubufasha mu buryo buzima.

Perezida Kagame yasabye abasirikare gukomeza kuba indashyikirwa mu myitwarire no mu mico, kurangwa n’ubunyangamugayo no gukorera igihugu, kuko ukuri ku bikorwa bya RDF ku gomba kuvugwaho ukuri ku mvikana kandi kwizewe , atari bihuha n’amakuru atariyo.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Abanyamakuru n’abakozi ba RCS bafunguwe by’agateganyo

Next Post

Indirimbo “Kelebu” ya Rema ikomeje kuvugisha benshi

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Uganda: William Nyombi Thembo yatangaje ko internet izasubiraho nyuma y’amatora

Uganda: William Nyombi Thembo yatangaje ko internet izasubiraho nyuma y’amatora

by Alex RUKUNDO
20 hours ago

Umuyobozi Mukuru w’Urwego rw’Igihugu rushinzwe Itumanaho muri Uganda (UCC), George William Nyombi Thembo, yemeje ku mugaragaro ko internet rusange yahagaritswe...

Urupfu rw’umusore ufite ubumuga bwo mu mutwe rwakanguranyije benshi muri Nyamirama

Urupfu rw’umusore ufite ubumuga bwo mu mutwe rwakanguranyije benshi muri Nyamirama

by MUNYANKINDI Alphonse
24 hours ago

Abatuye Umurenge wa Nyamirama mu Karere ka Kayonza bakomeje kuba mu gahinda n’akantu, nyuma yo kumva inkuru y’urupfu rw’umusore wari...

Ngoma: Inkuba ikomeye yibasiye abaturage bari mu mirimo yo kwita ku matungo, 9 bahasiga ubuzima

Ngoma: Inkuba ikomeye yibasiye abaturage bari mu mirimo yo kwita ku matungo, 9 bahasiga ubuzima

by MUNYANKINDI Alphonse
2 weeks ago

Mu Karere ka Ngoma haravugwa inkuru ibabaje y’inkuba yakubise itsinda ry’abaturage bari bari mu mirimo yo kwita ku matungo no...

Next Post
Indirimbo “Kelebu” ya Rema ikomeje kuvugisha benshi

Indirimbo “Kelebu” ya Rema ikomeje kuvugisha benshi

Perezida Kagame yashimye ingabo z’u Rwanda umuhate bagaragaje mu myitozo i Gabiro

Perezida Kagame yashimye ingabo z'u Rwanda umuhate bagaragaje mu myitozo i Gabiro

Vybz Kartel yavugishije Abanyakenya

Vybz Kartel yavugishije Abanyakenya

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy
Imyidagaduro

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

by Alex RUKUNDO
January 15, 2026
Uganda: William Nyombi Thembo yatangaje ko internet izasubiraho nyuma y’amatora
Umutekano

Uganda: William Nyombi Thembo yatangaje ko internet izasubiraho nyuma y’amatora

by Alex RUKUNDO
January 15, 2026
Filime nshya igaruka ku ruhare rw’ubutwari bw’Abarokokeye i Bisesero, igashyira imbere inkuru z’Abanyafurika ubwabo
Amateka

Filime nshya igaruka ku ruhare rw’ubutwari bw’Abarokokeye i Bisesero, igashyira imbere inkuru z’Abanyafurika ubwabo

by MUNYANKINDI Alphonse
January 15, 2026
Uganda: Luwilight ukoresha TikTok arashinjwa gutera ubwoba Zuena Kirema umugore wa Bebe Cool
Imyidagaduro

Uganda: Luwilight ukoresha TikTok arashinjwa gutera ubwoba Zuena Kirema umugore wa Bebe Cool

by Alex RUKUNDO
January 15, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.