• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Tuesday, February 3, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Indirimbo John Blaq yakoranye na Justin Bieber irasohoka bitewe n’umukino uribuhuze Man United na Arsenal

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 25, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

John Blaq yongeye kuba iciro ry’imigani ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’uko ahuje isohoka ry’indirimbo yakoranye na Justin Bieber yari tegerejwe cyane n’abatari bake, n’umukino ukomeye wa Shampiyona y’icyiciro cya Mbere mu Bwogereza (English Premier League).

Mu kiganiro yakoze mu minsi ishize, John Blaq yavuze ko afite inzozi zo gukorana n’icyamamare mpuzamahanga mu muziki wa pop, iricyo Justin Bieber, ibi yavuze byateje impaka, bamwe mu bafana bavuze ko ari inzozi zidashoboka. Gusa ubu, avuga ko uwo mushinga ari impamo, kandi ko isoka ry’iyi ndirimbo rishingiye kuri uyu mukino w’umupira w’amaguru.

John Blaq yashyizeho amategeko avuga ko niba Manchester United, itsinzi Arsenal, ni umukino witezwe na beshi wa Premier League utenganyijwe kuba saa kumi n’ebyeri n’igice (6:30PM), muri Uganda ubwo biraba ari samoya n’igice (7:30 PM), akaba ribwo yatenganyije ko azishyira hanze iyo ndirimbo yakoranye n’uyu muhanzi w’icyamamare Justin Bieber, yavuze ko yari amaze igihe kitari gito ayibitse.

Umukino wa Arsenal na Manchester nited ni umwe mu mikino ikurikirwa cyane cyane ku isi hose, kandi bigaragara ko John Blaq azi neza uko uyo mwanya yawubyaza umusaruro atera amatsiko abantu. Mu magambo yavuze asa n’utera urwenya ariko nanone yuzuyemo icyizere, yagize ati: “Niba Arsenal itsinze Manchester United,  ndahita shyira hanze indirimbo imaze igihe narahishe nakoranye na Justin Bieber.”

Ubu ikibazo gikomeye ni iki: ese umupira w’amaguru ni wo uribuze gutuma iyi ndirimbo ya John Blaq na Justin Bieber isohoka koko, cyagwa ni ugutera amatsiko no gukurura abantu ndetse no  kuyamamaza kugira ngo ikwirakwire ku mbuga nkoranyambaga?

Share2Tweet1Send
Previous Post

NAMM 2026: Alyn Sano yafunguye imiryango mishya ku ruhando mpuzamahanga

Next Post

“Abahanzi bishyura TikTokers ngo basebye bagenzi babo” Alien Skin

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

“Kuramba mu muziki bisaba guhozaho” – Big Eye

“Kuramba mu muziki bisaba guhozaho” – Big Eye

by Alex RUKUNDO
54 minutes ago

Umuhanzi Big Eye Starboss yakiriye neza izamuka ry’impano nshya mu ruganda rw’umuziki, avuga ko abahanzi bashya ari ingenzi mu iterambere...

Ava Peace Yigaruriye Umutima wa Mbidde

Ava Peace Yigaruriye Umutima wa Mbidde

by Alex RUKUNDO
2 hours ago

Umunyapolitiki umaze igihe kirekire mu ruhando rwa politiki, uzwi ku izna rya Fred Mukasa Mbidde, yagurutse ku gitekerezo cy’umuhanzikazi wo...

“Umuziki usaba gukorera mu ikipe” – Spice Diana

“Umuziki usaba gukorera mu ikipe” – Spice Diana

by Alex RUKUNDO
4 hours ago

Umuhanzikazi wamenyekaniye mu kigo cya Source management, Spice Diana, yagiriye inama bagenzi be bakora umuziki, ashimangira akamaro ko gukorana n’ikipe...

Next Post
“Abahanzi bishyura TikTokers ngo basebye bagenzi babo” Alien Skin

"Abahanzi bishyura TikTokers ngo basebye bagenzi babo" Alien Skin

Mani Martin agarutse n’album nshya Rebirth

Mani Martin agarutse n’album nshya Rebirth

DJ Ciza arashyingurwa kuri uyu wa Mbere i Mbale

DJ Ciza arashyingurwa kuri uyu wa Mbere i Mbale

“Kuramba mu muziki bisaba guhozaho” – Big Eye
Imyidagaduro

“Kuramba mu muziki bisaba guhozaho” – Big Eye

by Alex RUKUNDO
February 3, 2026
Ava Peace Yigaruriye Umutima wa Mbidde
Imyidagaduro

Ava Peace Yigaruriye Umutima wa Mbidde

by Alex RUKUNDO
February 3, 2026
Ibimenyetso byerekana ko inzoka ishobora kukurya n’uko wakwirinda ibyago byayo
Inkuru Ndende

Ibimenyetso byerekana ko inzoka ishobora kukurya n’uko wakwirinda ibyago byayo

by MUNYANKINDI Alphonse
February 3, 2026
“Umuziki usaba gukorera mu ikipe” – Spice Diana
Imyidagaduro

“Umuziki usaba gukorera mu ikipe” – Spice Diana

by Alex RUKUNDO
February 3, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.