• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, April 4, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Indirimbo John Blaq yakoranye na Justin Bieber irasohoka bitewe n’umukino uribuhuze Man United na Arsenal

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 25, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

John Blaq yongeye kuba iciro ry’imigani ku mbuga nkoranyambaga nyuma y’uko ahuje isohoka ry’indirimbo yakoranye na Justin Bieber yari tegerejwe cyane n’abatari bake, n’umukino ukomeye wa Shampiyona y’icyiciro cya Mbere mu Bwogereza (English Premier League).

Mu kiganiro yakoze mu minsi ishize, John Blaq yavuze ko afite inzozi zo gukorana n’icyamamare mpuzamahanga mu muziki wa pop, iricyo Justin Bieber, ibi yavuze byateje impaka, bamwe mu bafana bavuze ko ari inzozi zidashoboka. Gusa ubu, avuga ko uwo mushinga ari impamo, kandi ko isoka ry’iyi ndirimbo rishingiye kuri uyu mukino w’umupira w’amaguru.

John Blaq yashyizeho amategeko avuga ko niba Manchester United, itsinzi Arsenal, ni umukino witezwe na beshi wa Premier League utenganyijwe kuba saa kumi n’ebyeri n’igice (6:30PM), muri Uganda ubwo biraba ari samoya n’igice (7:30 PM), akaba ribwo yatenganyije ko azishyira hanze iyo ndirimbo yakoranye n’uyu muhanzi w’icyamamare Justin Bieber, yavuze ko yari amaze igihe kitari gito ayibitse.

Umukino wa Arsenal na Manchester nited ni umwe mu mikino ikurikirwa cyane cyane ku isi hose, kandi bigaragara ko John Blaq azi neza uko uyo mwanya yawubyaza umusaruro atera amatsiko abantu. Mu magambo yavuze asa n’utera urwenya ariko nanone yuzuyemo icyizere, yagize ati: “Niba Arsenal itsinze Manchester United,  ndahita shyira hanze indirimbo imaze igihe narahishe nakoranye na Justin Bieber.”

Ubu ikibazo gikomeye ni iki: ese umupira w’amaguru ni wo uribuze gutuma iyi ndirimbo ya John Blaq na Justin Bieber isohoka koko, cyagwa ni ugutera amatsiko no gukurura abantu ndetse no  kuyamamaza kugira ngo ikwirakwire ku mbuga nkoranyambaga?

Share2Tweet1Send
Previous Post

NAMM 2026: Alyn Sano yafunguye imiryango mishya ku ruhando mpuzamahanga

Next Post

“Abahanzi bishyura TikTokers ngo basebye bagenzi babo” Alien Skin

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

by Alex RUKUNDO
20 hours ago

Umunyarwanda Tuma Basa yasezeye kuri YouTube yagezemo mu 2018 ayobora igice cya ‘Urban Music’ ubu akaba akuriye icya ‘Black Music...

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

by Alex RUKUNDO
21 hours ago

Agahinda k’abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana mu bitaramo bitandukanye, kongeye kuzamurwa n’umufana wasomeye Winnie Nwangi mu...

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

by Alex RUKUNDO
22 hours ago

Nyuma y’ibyumweru bike umuraperi w’Umunyamerika Sean Combs, uzwi ku mazina nka “Diddy” yagabanyirijweho amezi abiri ku gifungo yari yakatiwe, itariki...

Next Post
“Abahanzi bishyura TikTokers ngo basebye bagenzi babo” Alien Skin

"Abahanzi bishyura TikTokers ngo basebye bagenzi babo" Alien Skin

Mani Martin agarutse n’album nshya Rebirth

Mani Martin agarutse n’album nshya Rebirth

DJ Ciza arashyingurwa kuri uyu wa Mbere i Mbale

DJ Ciza arashyingurwa kuri uyu wa Mbere i Mbale

“Mubavuga nabi, bahisemo gukoresha TikTok live nk’ijwi ry’abahanzi” – Eddy Kenzo
Uncategorized

“Mubavuga nabi, bahisemo gukoresha TikTok live nk’ijwi ry’abahanzi” – Eddy Kenzo

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera
Imyidagaduro

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana
Imyidagaduro

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo
Imyidagaduro

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.