• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Tuesday, February 3, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Ikoranabuhanga

Imbuga nkoranyambaga zongeye gufungurwa muri Uganda

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 27, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Leta ya Uganda yatangaje ko yakuyeho imbogamizi zose ku mbuga nkoranyambaga zari zarashyinzweho, nyuma y’ibyumweru byari bishize abantu dafite uburyo bwisanzuye bwo kuzikoresha mu gihe cy’amatora aherutse.

Ibi byatangajwe kuri uyu wa Mbere na Jenerali Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko iki cyemezo bagifashe kugira ngo abantu basubire mu buzima bwabo busanzwe nyuma y’ibihe by’amatora byari birimo umwuka utari mwiza. Mu butumwa yashyize ku rubuga rwa X, Muhoozi yashimiye abanya-Uganda ku bwo kwihanga n’imikoranire bagiye bagaragaza mu gihe cy’amatora.

Yagize ati: “Uyu munsi twarekuye imbuga nkoranyambaga zose ngo zogere zikore. Ndashimira abanya-Uganda bose ku nkunga n’imikoranire bagaragaje mu gihe cy’amatora. Muri abantu bokwishimirwa ku isi, kandi mwaduteye imbaraga zo gukomeza kubakorera. Imana ibahe imigisha utagabanyije mwese.

Mu gihe cy’amatora muri Uganda, imbuga nkoranyambaga zitandukanye zirimo Facebook, X, Whatsapp, Website n’izindi zari zarahagaritse, aho inzego zibishinzwe zavugaga ko byatewe n’impngenge bari bafite zijyanye n’umutekano.

Kompanyi z’itumanaho zikomeye zirimo MTN na Airtel zatangaje ko ubu serevisi zose zari zirahagaritswe zasubiyeho ku buryo busesuye, ibi bikaba byatumye abakoresha imbuga nkoranyambaga hirya no hino muri Uganda bongera kuzikoresha ndetse no gukomeza ibikorwa byabo bya buri munsi kuri muarandasi.

Ikibazo gihari abantu bakomeje kwiba, bamwe mu byamamare byari barasohotse igihugu kubera iki kibazo niba bazagaruka ku ko cyakemutse.

Share2Tweet1Send
Previous Post

“Mu myaka ine Ibisumizi (Studio) byambereye umusingi w’urugendo rwanjye” – Chrisy Neat

Next Post

  Dr Manirakiza Benjamin yashyikirijwe  urukiko

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

“Umuziki usaba gukorera mu ikipe” – Spice Diana

“Umuziki usaba gukorera mu ikipe” – Spice Diana

by Alex RUKUNDO
1 hour ago

Umuhanzikazi wamenyekaniye mu kigo cya Source management, Spice Diana, yagiriye inama bagenzi be bakora umuziki, ashimangira akamaro ko gukorana n’ikipe...

I Bruxelles hategerejwe igitaramo  cya Israel Mbonyi

I Bruxelles hategerejwe igitaramo cya Israel Mbonyi

by MUNYANKINDI Alphonse
2 hours ago

Mu gihe umuziki wo kuramya no guhimbaza Imana ukomeje gukura no kwambuka imipaka, i Bruxelles mu Bubiligi hategerejwe igitaramo cyitezweho...

Kendrick Lamar yaciye agahigo nka Jay-z mu bihembo bya Grammy Awards 2026

Kendrick Lamar yaciye agahigo nka Jay-z mu bihembo bya Grammy Awards 2026

by Alex RUKUNDO
18 hours ago

Mu bihembo bya Grammy Awards 2026, umuraperi Kendrick Lamar yanditse amateka mashya, aba umuhanzi wa Hip-hop wegukanye ibihembo byinshi kurusha...

Next Post
  Dr Manirakiza Benjamin yashyikirijwe  urukiko

  Dr Manirakiza Benjamin yashyikirijwe  urukiko

“Ntibinshishikaje kurongora vuba” – Papa Sava asobanura impamvu adashaka

“Ntibinshishikaje kurongora vuba” – Papa Sava asobanura impamvu adashaka

Menya amakipe atunze kurusha ayandi ku isi mu mupira w’amaguru

Menya amakipe atunze kurusha ayandi ku isi mu mupira w’amaguru

Ibimenyetso byerekana ko inzoka ishobora kukurya n’uko wakwirinda ibyago byayo
Inkuru Ndende

Ibimenyetso byerekana ko inzoka ishobora kukurya n’uko wakwirinda ibyago byayo

by MUNYANKINDI Alphonse
February 3, 2026
“Umuziki usaba gukorera mu ikipe” – Spice Diana
Imyidagaduro

“Umuziki usaba gukorera mu ikipe” – Spice Diana

by Alex RUKUNDO
February 3, 2026
Rayon Sports mu gihirahiro: imikino iri imbere iteye impungenge
Imikino

Rayon Sports mu gihirahiro: imikino iri imbere iteye impungenge

by MUNYANKINDI Alphonse
February 3, 2026
I Bruxelles hategerejwe igitaramo  cya Israel Mbonyi
Imyidagaduro

I Bruxelles hategerejwe igitaramo cya Israel Mbonyi

by MUNYANKINDI Alphonse
February 3, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.