• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, April 4, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Ikoranabuhanga

Imbuga nkoranyambaga zongeye gufungurwa muri Uganda

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 27, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Leta ya Uganda yatangaje ko yakuyeho imbogamizi zose ku mbuga nkoranyambaga zari zarashyinzweho, nyuma y’ibyumweru byari bishize abantu dafite uburyo bwisanzuye bwo kuzikoresha mu gihe cy’amatora aherutse.

Ibi byatangajwe kuri uyu wa Mbere na Jenerali Muhoozi Kainerugaba, yatangaje ko iki cyemezo bagifashe kugira ngo abantu basubire mu buzima bwabo busanzwe nyuma y’ibihe by’amatora byari birimo umwuka utari mwiza. Mu butumwa yashyize ku rubuga rwa X, Muhoozi yashimiye abanya-Uganda ku bwo kwihanga n’imikoranire bagiye bagaragaza mu gihe cy’amatora.

Yagize ati: “Uyu munsi twarekuye imbuga nkoranyambaga zose ngo zogere zikore. Ndashimira abanya-Uganda bose ku nkunga n’imikoranire bagaragaje mu gihe cy’amatora. Muri abantu bokwishimirwa ku isi, kandi mwaduteye imbaraga zo gukomeza kubakorera. Imana ibahe imigisha utagabanyije mwese.

Mu gihe cy’amatora muri Uganda, imbuga nkoranyambaga zitandukanye zirimo Facebook, X, Whatsapp, Website n’izindi zari zarahagaritse, aho inzego zibishinzwe zavugaga ko byatewe n’impngenge bari bafite zijyanye n’umutekano.

Kompanyi z’itumanaho zikomeye zirimo MTN na Airtel zatangaje ko ubu serevisi zose zari zirahagaritswe zasubiyeho ku buryo busesuye, ibi bikaba byatumye abakoresha imbuga nkoranyambaga hirya no hino muri Uganda bongera kuzikoresha ndetse no gukomeza ibikorwa byabo bya buri munsi kuri muarandasi.

Ikibazo gihari abantu bakomeje kwiba, bamwe mu byamamare byari barasohotse igihugu kubera iki kibazo niba bazagaruka ku ko cyakemutse.

Share2Tweet1Send
Previous Post

“Mu myaka ine Ibisumizi (Studio) byambereye umusingi w’urugendo rwanjye” – Chrisy Neat

Next Post

  Dr Manirakiza Benjamin yashyikirijwe  urukiko

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

by Alex RUKUNDO
24 hours ago

Umunyarwanda Tuma Basa yasezeye kuri YouTube yagezemo mu 2018 ayobora igice cya ‘Urban Music’ ubu akaba akuriye icya ‘Black Music...

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

by Alex RUKUNDO
1 day ago

Agahinda k’abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana mu bitaramo bitandukanye, kongeye kuzamurwa n’umufana wasomeye Winnie Nwangi mu...

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

by Alex RUKUNDO
1 day ago

Nyuma y’ibyumweru bike umuraperi w’Umunyamerika Sean Combs, uzwi ku mazina nka “Diddy” yagabanyirijweho amezi abiri ku gifungo yari yakatiwe, itariki...

Next Post
  Dr Manirakiza Benjamin yashyikirijwe  urukiko

  Dr Manirakiza Benjamin yashyikirijwe  urukiko

“Ntibinshishikaje kurongora vuba” – Papa Sava asobanura impamvu adashaka

“Ntibinshishikaje kurongora vuba” – Papa Sava asobanura impamvu adashaka

Menya amakipe atunze kurusha ayandi ku isi mu mupira w’amaguru

Menya amakipe atunze kurusha ayandi ku isi mu mupira w’amaguru

“Mubavuga nabi, bahisemo gukoresha TikTok live nk’ijwi ry’abahanzi” – Eddy Kenzo
Uncategorized

“Mubavuga nabi, bahisemo gukoresha TikTok live nk’ijwi ry’abahanzi” – Eddy Kenzo

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera
Imyidagaduro

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana
Imyidagaduro

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo
Imyidagaduro

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.