• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Tuesday, February 3, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

“Igihombo mfite ubu cyatewe n’ubutaka naguze” – Dr Prop

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 30, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzi Dr. Prop yatangaje ko ari mu bibazo bikomeye by’imari, avuga ko afite imyenda myinshi imuremereye cyane.

Uyu muhanzi yamamaye mu ndirimbo Omwana Owomwavu, ibi yabitangarije mu kiganiro n’itangazamakuru, aho yagarutse ku bibazo ari kunyuramo muri iyi minsi n’impamvu nyamukuru yahisemo kwitabira ibikorwa byo kwamamaza Perezida Yoweri Kaguta Museveni mu matora.

Dr. Prop yavuze ko kwinjira muri iyo kampeni yari agamije gukorera amafaranga, kuko yari yizeye ko byazamufasha gukemura icyo kibazo ndetse no kogera kwisuganya mu mikorere ye.

Yagize ati: “Icyo nzi neza ni uko iyo umuntu akoze neza, ahembwa. Kandi niteguye guhembwa ku bw’akazi nakoze mfasha perezida muri kampani ye. N’iyo mpamvu ninjiye mu itsinda ryo kwamamaza perezida Yoweri byari ugushaka amafaranga ngo mbashe kwishyura umyenda mfite yose. Ndashaka kongera guhangarara nkakora ubuzima ndimo bugahinduka.

Abajijwe icyateye ibibazo birimo amadeni , dr. Propa yasobanuye ko imyenda afite yatewe n’ibihombo byavuye mu masezerano y’ubugure bw’ubutaka ataragenze neza, bityo bikamutera ibibazo by’ihingabana by’ubukungu.

Yasoje avuga ko yafashe ingamba zo kogera kwiyubaka nyuma iy’ibyo bibazo, ndetse akanemera kubaho yicisha bugufi, yirinda kwiyemera ibyo atunze cyagwa kwigamba ku bintu bidafite umu maro cyane ko yaje gusanga ibintu byose ari ubusa, biyoyoka ntumenye aho biciye.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Ruswa y’igitsina n’abakomisiyoneri bikomeje kwigaragaza muri kaminuza

Next Post

Nicki Minaj agiye gutanga inkunga $300,000 zigenewe abana

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

“Kuramba mu muziki bisaba guhozaho” – Big Eye

“Kuramba mu muziki bisaba guhozaho” – Big Eye

by Alex RUKUNDO
53 minutes ago

Umuhanzi Big Eye Starboss yakiriye neza izamuka ry’impano nshya mu ruganda rw’umuziki, avuga ko abahanzi bashya ari ingenzi mu iterambere...

Ava Peace Yigaruriye Umutima wa Mbidde

Ava Peace Yigaruriye Umutima wa Mbidde

by Alex RUKUNDO
1 hour ago

Umunyapolitiki umaze igihe kirekire mu ruhando rwa politiki, uzwi ku izna rya Fred Mukasa Mbidde, yagurutse ku gitekerezo cy’umuhanzikazi wo...

“Umuziki usaba gukorera mu ikipe” – Spice Diana

“Umuziki usaba gukorera mu ikipe” – Spice Diana

by Alex RUKUNDO
4 hours ago

Umuhanzikazi wamenyekaniye mu kigo cya Source management, Spice Diana, yagiriye inama bagenzi be bakora umuziki, ashimangira akamaro ko gukorana n’ikipe...

Next Post
Nicki Minaj agiye gutanga inkunga $300,000 zigenewe abana

Nicki Minaj agiye gutanga inkunga $300,000 zigenewe abana

“Umubyeyi wanjye yansabye gusiba icyivugo nari narakoze” – Papa Sava

"Umubyeyi wanjye yansabye gusiba icyivugo nari narakoze" - Papa Sava

BNR yagaritse by’agateganyo serivisi za Mobicash mu Rwanda

BNR yagaritse by’agateganyo serivisi za Mobicash mu Rwanda

“Kuramba mu muziki bisaba guhozaho” – Big Eye
Imyidagaduro

“Kuramba mu muziki bisaba guhozaho” – Big Eye

by Alex RUKUNDO
February 3, 2026
Ava Peace Yigaruriye Umutima wa Mbidde
Imyidagaduro

Ava Peace Yigaruriye Umutima wa Mbidde

by Alex RUKUNDO
February 3, 2026
Ibimenyetso byerekana ko inzoka ishobora kukurya n’uko wakwirinda ibyago byayo
Inkuru Ndende

Ibimenyetso byerekana ko inzoka ishobora kukurya n’uko wakwirinda ibyago byayo

by MUNYANKINDI Alphonse
February 3, 2026
“Umuziki usaba gukorera mu ikipe” – Spice Diana
Imyidagaduro

“Umuziki usaba gukorera mu ikipe” – Spice Diana

by Alex RUKUNDO
February 3, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.