• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, April 3, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

“Igihombo mfite ubu cyatewe n’ubutaka naguze” – Dr Prop

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 30, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzi Dr. Prop yatangaje ko ari mu bibazo bikomeye by’imari, avuga ko afite imyenda myinshi imuremereye cyane.

Uyu muhanzi yamamaye mu ndirimbo Omwana Owomwavu, ibi yabitangarije mu kiganiro n’itangazamakuru, aho yagarutse ku bibazo ari kunyuramo muri iyi minsi n’impamvu nyamukuru yahisemo kwitabira ibikorwa byo kwamamaza Perezida Yoweri Kaguta Museveni mu matora.

Dr. Prop yavuze ko kwinjira muri iyo kampeni yari agamije gukorera amafaranga, kuko yari yizeye ko byazamufasha gukemura icyo kibazo ndetse no kogera kwisuganya mu mikorere ye.

Yagize ati: “Icyo nzi neza ni uko iyo umuntu akoze neza, ahembwa. Kandi niteguye guhembwa ku bw’akazi nakoze mfasha perezida muri kampani ye. N’iyo mpamvu ninjiye mu itsinda ryo kwamamaza perezida Yoweri byari ugushaka amafaranga ngo mbashe kwishyura umyenda mfite yose. Ndashaka kongera guhangarara nkakora ubuzima ndimo bugahinduka.

Abajijwe icyateye ibibazo birimo amadeni , dr. Propa yasobanuye ko imyenda afite yatewe n’ibihombo byavuye mu masezerano y’ubugure bw’ubutaka ataragenze neza, bityo bikamutera ibibazo by’ihingabana by’ubukungu.

Yasoje avuga ko yafashe ingamba zo kogera kwiyubaka nyuma iy’ibyo bibazo, ndetse akanemera kubaho yicisha bugufi, yirinda kwiyemera ibyo atunze cyagwa kwigamba ku bintu bidafite umu maro cyane ko yaje gusanga ibintu byose ari ubusa, biyoyoka ntumenye aho biciye.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Ruswa y’igitsina n’abakomisiyoneri bikomeje kwigaragaza muri kaminuza

Next Post

Nicki Minaj agiye gutanga inkunga $300,000 zigenewe abana

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

by Alex RUKUNDO
10 hours ago

Umunyarwanda Tuma Basa yasezeye kuri YouTube yagezemo mu 2018 ayobora igice cya ‘Urban Music’ ubu akaba akuriye icya ‘Black Music...

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

by Alex RUKUNDO
11 hours ago

Agahinda k’abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana mu bitaramo bitandukanye, kongeye kuzamurwa n’umufana wasomeye Winnie Nwangi mu...

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

by Alex RUKUNDO
12 hours ago

Nyuma y’ibyumweru bike umuraperi w’Umunyamerika Sean Combs, uzwi ku mazina nka “Diddy” yagabanyirijweho amezi abiri ku gifungo yari yakatiwe, itariki...

Next Post
Nicki Minaj agiye gutanga inkunga $300,000 zigenewe abana

Nicki Minaj agiye gutanga inkunga $300,000 zigenewe abana

“Umubyeyi wanjye yansabye gusiba icyivugo nari narakoze” – Papa Sava

"Umubyeyi wanjye yansabye gusiba icyivugo nari narakoze" - Papa Sava

BNR yagaritse by’agateganyo serivisi za Mobicash mu Rwanda

BNR yagaritse by’agateganyo serivisi za Mobicash mu Rwanda

“Mubavuga nabi, bahisemo gukoresha TikTok live nk’ijwi ry’abahanzi” – Eddy Kenzo
Uncategorized

“Mubavuga nabi, bahisemo gukoresha TikTok live nk’ijwi ry’abahanzi” – Eddy Kenzo

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera
Imyidagaduro

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana
Imyidagaduro

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo
Imyidagaduro

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.