• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Monday, December 1, 2025
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Hamenyekanye igihe umuraperi Diddy azavira muri gereza

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
October 28, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Nyuma yo gukatirwa mu ntangiriro za Ukwakira 2025, hamenyekanye igihe umuraperi Sean “Diddy” Combs azavira muri gereza.

Amakuru mashya aturuka mu Kigo gishinzwe imfungwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika agaragaza ko Diddy azafungurwa ku wa 8 Gicurasi 2028, itariki iri mbere y’igihe benshi bari biteze.

Uyu mugabo w’imyaka 55, uzwi cyane mu ruhando rwa Hip Hop, yakatiwe igifungo cy’imyaka isaga ine (amezi 50) ku byaha bifitanye isano n’ubusambanyi, nyuma y’urubanza rwasize akuweho ibyaha by’ubugizi bwa nabi n’ibyo gucuruza abantu byari byaramuvuzweho cyane. Iyo abihamwa, yari gukatirwa igifungo cya burundu.

Itariki nshya y’ifungurwa rye ishobora gusobanurwa no kuba hari igihe yari amaze afunze mbere yo gukatirwa, kuba akomeje gahunda z’isanamitima, cyangwa se kuba ashobora kujyanwa mu kigo cyakira abafungwa bari mu nzira yo gusubira mu buzima busanzwe (halfway house).

Nubwo bimeze bityo, abamwunganira mu mategeko bamaze gutanga ubujurire bushingiye ku ngano y’igihano yahawe ndetse n’ibyaha yahamijwe. Ibyo bivuze ko iyo tariki ishobora kongera guhinduka bitewe n’uko ubujurire buzagenda.

Hari kandi amakuru yavugaga ko ashobora guhabwa imbabazi na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump. Gusa ibiro bya White House byabihakanye bivuga ko muri iki gihe nta biganiro kuri iyo ngingo biri kuba.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Regina Daniels yavugishije benshi nyuma yo kugura inzu

Next Post

Cindy Sanyu yagiriye inama abahanzi bakiri bato

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
5 hours ago

Umuhanzi zo kuramya no guhimbaza Imana Richard Nick Ngendahayo nyuma yo gukora igitaramo kikitabirwa n’abantu benshi ndetse umubare w’abihana ukiyongera...

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

by MUNYANKINDI Alphonse
6 hours ago

Richard Nick Ngendahayo ni umwe mu bahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi cyane mu Rwanda no hanze yarwo....

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

by MUNYANKINDI Alphonse
7 hours ago

Irene Ingabire Kamanzi ni umuhanzi wa menyekanye hano mu Rwanda cyane mu kuririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi kw'izina ry'ubuhanzi...

Next Post
Cindy Sanyu yagiriye inama abahanzi bakiri bato

Cindy Sanyu yagiriye inama abahanzi bakiri bato

Sinema yo muri Uganda ikomeje gutera imbere ku rwego mpuzamahanga

Sinema yo muri Uganda ikomeje gutera imbere ku rwego mpuzamahanga

Injyana ya “Hip Hop” m’u Rwanda yahinduye Isura – Bull Dogg

Injyana ya “Hip Hop" m’u Rwanda yahinduye Isura - Bull Dogg

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda
Imyidagaduro

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana
Amateka

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry
Amateka

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Jose Chameleone ategerejwe mu majyaruguru ya Uganda
Imyidagaduro

Jose Chameleone ategerejwe mu majyaruguru ya Uganda

by Alex RUKUNDO
November 30, 2025

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.