• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, March 7, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Hamenyekanye igihe umuraperi Diddy azavira muri gereza

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
October 28, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Nyuma yo gukatirwa mu ntangiriro za Ukwakira 2025, hamenyekanye igihe umuraperi Sean “Diddy” Combs azavira muri gereza.

Amakuru mashya aturuka mu Kigo gishinzwe imfungwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika agaragaza ko Diddy azafungurwa ku wa 8 Gicurasi 2028, itariki iri mbere y’igihe benshi bari biteze.

Uyu mugabo w’imyaka 55, uzwi cyane mu ruhando rwa Hip Hop, yakatiwe igifungo cy’imyaka isaga ine (amezi 50) ku byaha bifitanye isano n’ubusambanyi, nyuma y’urubanza rwasize akuweho ibyaha by’ubugizi bwa nabi n’ibyo gucuruza abantu byari byaramuvuzweho cyane. Iyo abihamwa, yari gukatirwa igifungo cya burundu.

Itariki nshya y’ifungurwa rye ishobora gusobanurwa no kuba hari igihe yari amaze afunze mbere yo gukatirwa, kuba akomeje gahunda z’isanamitima, cyangwa se kuba ashobora kujyanwa mu kigo cyakira abafungwa bari mu nzira yo gusubira mu buzima busanzwe (halfway house).

Nubwo bimeze bityo, abamwunganira mu mategeko bamaze gutanga ubujurire bushingiye ku ngano y’igihano yahawe ndetse n’ibyaha yahamijwe. Ibyo bivuze ko iyo tariki ishobora kongera guhinduka bitewe n’uko ubujurire buzagenda.

Hari kandi amakuru yavugaga ko ashobora guhabwa imbabazi na Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump. Gusa ibiro bya White House byabihakanye bivuga ko muri iki gihe nta biganiro kuri iyo ngingo biri kuba.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Regina Daniels yavugishije benshi nyuma yo kugura inzu

Next Post

Cindy Sanyu yagiriye inama abahanzi bakiri bato

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
21 hours ago

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atari kwiyiriza nk’abandi bisilam mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, avuga ko afite...

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
21 hours ago

Umuhanzi w’Umunya-Kenya Karelina ari kwiyubaka buhoro buhoro mu ruhando rw’umuziki, aho akoresha ururimi rw’Igikuyu n’Icyongereza mu buryo bugaragara nk’ubutateguwe, ahubwo...

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
1 day ago

Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze...

Next Post
Cindy Sanyu yagiriye inama abahanzi bakiri bato

Cindy Sanyu yagiriye inama abahanzi bakiri bato

Sinema yo muri Uganda ikomeje gutera imbere ku rwego mpuzamahanga

Sinema yo muri Uganda ikomeje gutera imbere ku rwego mpuzamahanga

Injyana ya “Hip Hop” m’u Rwanda yahinduye Isura – Bull Dogg

Injyana ya “Hip Hop" m’u Rwanda yahinduye Isura - Bull Dogg

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina
Imyidagaduro

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala
Imyidagaduro

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026
Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi
Iyobokamana

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.