Umuyobozi w’Urwego rw’Ubugenzacyaha (DPP) yahaguyeyeho ibyaha bijyanye n’ubucurizi bw’abana n’ihohotera ku mukire ukora ibijyanye n’imyidagadueo Nasser Nduhukire wamamaye nk Don Nasser.
Ibi byatangajwe kuri uyu wa Kabiri mu rukiko mbere y’icyemezo cya mbere cy’urubanza, aho yashinjwaga ibikorwa by’ubwicanyi mpuzamahanga, imbere y’umucamanza Andrew Bashaija.
Nduhakire yari asanzwe aregwa hamwe na Promise Ateete ku byaha by’ubucuruzi bw’abana n’ihohoterwa rikorerwa aban. Ariko, mu urukiko, Umwunganizi wa Leta, Bwana Kyomuhendo, yatangarije urukiko ko DPP yafashe umwanzuro wo guhagarika urubanza.
Yagize ati: “Mfite amabwiriza yo gutanga ibaruwa ya nolle prosequi yo ku itariki ya 4 Gashyantare 2026, igaragaza ko DPP itagikurikiran iki kibazo.”
Ibi byaha yabihanaguweho mu gihe Nduhukire Atari ahari. Umwunganizi we mu mategeko, Bwana Evans Ochieng, yasobanuye ko umukiliya we yari arwaye bityo atashoboye kwitaa urukiko.
Nyuma yo gutangwa kwa nolle prosequi, Rukiko rwemeje ko ibyaha byose abihanaguwe kuri Don Nasser. Urukiko kandi rwategetseko amafaranga ye yari yarafatiriwe by’agateganyo angana na miliyoni 3 z’amashiringi ya Uganda ayasubuzwa ndetse ko anasubizwa pasiporo ye yari yarafatiriwe.










