• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, January 16, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Davido numwe mubaza fungura Hoima City Stadium – Uganda

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
November 7, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzi w’Umunya-Nigeria, David Adedeji Adeleke, wamamaye nka Davido, bivugwa ko ashobora kuba arimo gutegura igitaramo gikomeye muri Uganda.

Umwe mu bahanzi bafite izina rikunzwe cyane muri Afurika n’iburayi Davido, bivugwa ko  ari umwe mu bahanzi batumiwe  muri Uganda mu muhango wo ku zafungura sitade nshya ya Hoima City, ndetse bikaba bivugwa ko azataramira abitabiriye uwo muhango.

Nk’uko umunyamakuru ukora mu gisata k’imikino Peta Tabu abivuga, imyiteguro yo gufungura ku mugaragaro iyo sitade irarimbanyije.

Mu makuru aturuka muri Uganda, avuga ko hateganijwe umuhanzi ukomeye wo ku mugabane wa Afurika azataramira abitabiriye uwo muhango wo gufungura sitade ku mugaragaro.

Bitanganyijwe ko uwo muhango uzitabirwa n’abayobozi bakomeye bo muri Uganda harimo na Perezida Yoweri Kaguta Museveni. Abategura uwo muhango (ubutegetsi bwa Uganda) bari gutekereza kuzatumira umuhanzi mpuzamahanga n’ikipe y’igihugu izahura n’iya Uganda Cranes. Hari kandi amakuru avuga ko imikino ya basketball n’iyiruka (athletics) ishobora kongerwa mu imyidagaduro kuri uwo munsi.

Davido yashimangiye iby’iki gitaramo mu butumwa yanyujije kuri X ( twitter) avuga ko ategerezanyije amatsiko menshi kuri uwo munsi, ati; ” Sinjye uzabona uwo munsi ugeze nkimana n’abafana banjye muri Uganda dutaha sitade shya Hoima City,” kandi yahise anashyira amafoto y’iyi sitade kuri X ye agaragaza amarangamutima n’ibyishimo, bikaba byashimangiye amakuru avuga ko ashobora kugaruka muri Uganda.

Davido akaba ramaze gutaramira muri Uganda inshuro zisaga ebyiri, kandi niba agarutse muri iki gihugu, abakunzi be benshi bo muri iki gihugu bazamwakirana ibyishimo bikomeye.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Buchaman yibasiye Eddy Kenzo nyuma yo kumufasha kwamamara

Next Post

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti muri Politiki

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Kizz Daniel yatangaje ko amafaranga atazana ibyishimo

Kizz Daniel yatangaje ko amafaranga atazana ibyishimo

by Alex RUKUNDO
47 minutes ago

Umuhanzi ukomoka muri Nigeria wamamaye cyane, mundirimbo zigiye zitandukanye, Kizz Daniel, yagaragaje ko abayeho nk’umuntu ikennye nyuma yo gusobanukirwa ko...

Niyo Bosco n’umukunzi we Mukamisha Irene basezeranye  imbere y’Imana

Niyo Bosco n’umukunzi we Mukamisha Irene basezeranye imbere y’Imana

by Alex RUKUNDO
2 hours ago

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 16 Mutarama 2026, habaye ubukwe bw’umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Noyo Bosco,...

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

by MUNYANKINDI Alphonse
5 hours ago

Mu gihe benshi bamumenyereye nk’umukinnyi wa filime ukunzwe cyane mu Rwanda, Niyitegeka Gratien, uzwi nka Papa Sava, amaze imyaka irenga...

Next Post
Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti muri Politiki

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti muri Politiki

B2C Entertainment yateguje igitaramo

B2C Entertainment yateguje igitaramo

Davido, Burna Boy na Ayra Starr bahawe igihembo cya Grammy Award

Davido, Burna Boy na Ayra Starr bahawe igihembo cya Grammy Award

Kizz Daniel yatangaje ko amafaranga atazana ibyishimo
Imyidagaduro

Kizz Daniel yatangaje ko amafaranga atazana ibyishimo

by Alex RUKUNDO
January 16, 2026
Niyo Bosco n’umukunzi we Mukamisha Irene basezeranye  imbere y’Imana
Imyidagaduro

Niyo Bosco n’umukunzi we Mukamisha Irene basezeranye imbere y’Imana

by Alex RUKUNDO
January 16, 2026
Imibereho n’ubukungu bigena icyemezo cyo kubyara mu Rwanda
Ubuzima

Imibereho n’ubukungu bigena icyemezo cyo kubyara mu Rwanda

by Alex RUKUNDO
January 16, 2026
Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira
Imyidagaduro

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.