Umutaliyani Francesco Totti yatangaje ko ashaka kugaruka mu kibuga nyuma y’uko yari amaze imyaka irindwi asezeye ku mupira w’amaguru, ubu akaba afite imyaka 48 y'amavuko.
KUGIRANGO HARANGIZWE ICYEMEZO CY’UMWANDITSI MUKURU Ref. N° : 024-192843 CYO KU WA 04/10/2024; CYO KUGURISHA INGWATE MU CYAMUNARA KUGIRA NGO HISHYURWE UMWENDA WA BANKI;
Nyuma y’ibiterane yakoreye mu bihugu birimo Canada, Rev.Prophet Ernest Nyirindekwe agiye gukorera ibitaramo ku mugabane w’u Burayi mu rugendo rugamije ivugabutumwa ryagutse, no kurushaho gufasha Abakristu gusabana n’Imana.
Banki y’Isi yashyize u Rwanda ku mwanya wa mbere mu bihugu byo ku Mugabane wa Afurika bifite ubukungu buhagaze neza mu 2024, hashingiwe ku iterambere ry'umusaruro mbumbe wabyo (GDP).
Abakinnyi b'ikipe y'igihugu y'u Rwanda, Amavubi bageze mu mwiherero utegura umukino w'ijonjora rya mbere ryo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cy’abakina imbere mu bihugu byabo (CHAN 2024) bazakinamo na Djibouti.
Ba rutahizamu bitezweho gucungura ikipe y'igihugu y'u Rwanda, Amavubi ku mukino w'ijonjora rya mbere ryo gushaka itike y’Igikombe cya Afurika cy’abakina imbere mu bihugu byabo (CHAN 2024) ikina na Djibouti bafite amahirwe yo gutsinda angana na 15 %...
Ikipe ya Real Madrid ibifashijwemo na Vinicius Junior yasubiranye inyuma Borussia Dortmund naho Arsenal itsinda Shakhtar Donetsk nta nkuru mu mikino yo ku munsi wa gatatu wa UEFA Champions League.
Umuhanzi akaba na Producer, Rukundo Christian wamamaye nka Chriss Eazy ari mu myiteguro yo kujya gukorera ibitaramo bye ku Mugabane w’u Burayi ahereye mu Mujyi wa Brussels mu Bubiligi aho azataramira Abanyarwanda n'abandi bahatuye ku wa 14 Ukuboza...
Umuhanzi Nemeye Platini wamenyekanye nka Platini P yatangaje ko ari mu myiteguro yo kujya gutaramira muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika binyuze mu bitaramo bye yise 'Baba Experience' mu rwego rwo kwegera abafana be n'abakunzi b'umuziki muri rusange.
Jose Mourinho usigaye utoza Fenerbahce yo muri Turkey yavuze ko hari umwenda Manchester United imurimo, ikaba igomba kuwishyurira mu kibuga ubwo aya makipe yombi araba acakirana mu mikino wa Europa League.