Umushinga ugamije kunoza imiturire mu Mujyi wa Kigali ahazwi nko kuri Mpazi, uri gukorerwa ku buso bwa hegitari 137, byitezwe ko uzasiga abaturage 34,817 bo mu Mirenge ya Gitega, Muhima, Kimisagara na Rwezamenyo batujwe neza kandi heza.
Ikipe ya FC Barcelona ibifashijwemo na Raphinha yatsinze FC Bayern Munich nyuma y'imyaka 9 naho Manchester City inyagira Sparta Prague mu mikino yo ku munsi wa 3 wa UEFA Champions League.
Umuhanzi Shema Kananura Kevin wamenyekanye nka Kevin Skaa yatangaje ko ari mu myiteguro yo gushyira hanze Album ye ya mbere yise “Identity” yahurijeho abahanzi barimo umuraperi Bushali. Ayisobanura nka Album izumvikanisha uwo ariwe mu muziki, ndetse n'umwimerere watumye...
Umukinnyi w'ikipe y'igihugu ya Brazil na Al Hilal, Neymar wari witezweho kuzakora ibihambaye mu mupira w'amaguru yakunze guhura n'ibibazo by'imvune dore ko zatumye amara hanze y'ikibuga iminsi 914.
Umuhanzi akaba n'umwanditsi w'indirimbo Ruhumuriza James wamamaye nka King James, yongeye gukora mu nganzo ashyira hanze indirimbo ye nshya yise "Ride or Die" iri mu zigize Album ye ya nyuma ateganya gushyira hanze mu gihe kiri imbere.
Akenshi abantu bakundana batari mu gihugu kimwe cyangwa bari ahantu hatandukanye kandi urugendo rurimo ari rurerure bakunze kugorwa no gukundana uruzira intonganya, ndetse bamwe bikanabagora gutegereza igihe bazongera guhura ngo bahuze urugwiro.
Umuhanzi Ngabo Richard wamamaye nka Kevin Kade ari kwitegura kujya gukorera igitaramo mu gihugu cya Uganda ku nshuro ye ya mbere, ni mu gihe mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatatu tariki 23 Ukwakira 2024, atangira gukora ku...
Umwongereza Gary Neville wakiniye Manchester United igihe kirekire, ubu yamaze guhabwa inshingano zo kuba Ambasaderi wa Manchester United nyuma y’uko izo nshingano zambuwe Sir Alex Ferguson wari uzimazeho imyaka 10.
Ikibazo cy'umubyigano w'imodoka mu Mujyi wa Kigali gikunze kugaragara mu mihanda iva muri gare mpuzamahanga ya Nyabugogo yerekeza mu bice bitandukanye by'Umujyi wa Kigali no mu ntara n'ahandi hantu hatandukanye hahurira imodoka ziva cyangwa zigana mu byerekezo bitandukanye.
Muri Uganda, abantu 16 bo mu ishyaka National Unity Platform (NUP) ry'umuhanzi Bobi Wine, uza imbere mu yitavuga rumwe n’ubugetesi bashinjwe n’icyaha cyo guhemuka no gutunga ibirwanisho batabifiye uburenganzira.