Kugwa kw’amabere y’abagore n’abakobwa ni ingingo ikunze gutera impaka n’ibihuha byinshi, cyane cyane mu muryango nyarwanda aho usanga hari imyemerere itandukanye idashingira ku bumenyi bwa gihanga. Nyamara, abahanga mu by’ubuzima bagaragaza ko kugwa kw’amabere ari ingaruka z’imiterere y’umubiri...
Mu majyepfo y’u Bufaransa, urukiko ruri kuburanisha umugabo w’Umunyafaransa ukekwaho ibyaha bikomeye birimo guha abagore ibiyobyabwenge, kubakoresha ihohotera rishingiye ku gitsina no gufata amashusho y’ibyo yabakoraga mu ibanga. Uregwa ni Cyril Zattara, wahoze ari umwarimu w’imbyino waje kwiyigisha...
Mu Rwanda, inkuru y’ihohoterwa rishingiye ku gitsina yakunze kugarukwaho cyane ku bagore n’abana. Gusa mu myaka ya vuba, hari indi sura igenda igaragara kurushaho: abagabo batangiye kugaragara mu mibare y’abahohoterwa ku rwego ruri hejuru kurusha uko byari bisanzwe....
Imihindagurikire y’ikirere ikomeje kugaragaza ingaruka zikomeye mu Ntara y’Amajyepfo, aho mu Karere ka Gisagara habaye impanuka yatewe n’inkuba yahitanye ubuzima bw’umubyeyi w’imyaka 37, abandi bantu babiri bagakomereka bikabije. Iyi nkuba yakubise mu ijoro ryo ku wa 7 rishyira...
Ku bantu benshi, uburiri bufatwa nk’ahantu h’ikiruhuko n’umutekano, aho umuntu ashyira umutwe akaruhuka nyuma y’umunsi muremure. Nyamara, ubushakashatsi butandukanye bugaragaza ko uburiri duryamamo bushobora kuba ahantu hihishe ikibazo gikomeye ku buzima, cyane cyane iyo isuku yabwo ititabwaho uko...
Uruganda rw'ibiribwa n'ibinyobwa rwa Nestlé rwatangaje ko rwakuye ku isoko mpuzamahanga bimwe mu bicuruzwa by'amata y'abana kubera impungenge z'uko bishobora kuba birimo ubumara (toxin) bwateza uburozi mu biribwa (food poisoning). Nestlé yavuze ko bimwe mu byiciro (batches) by'amata...
Umubyeyi wo mu Bwongereza yasabye ko hashyirwaho amasomo yigisha abana ingaruka zo gukoresha nabi imyuka ihumanya ikirere, nyuma y'urupfu rw'umukobwa we w'imyaka 13 wapfuye yigana ibyo yari yabonye ku mbuga nkoranyambaga. Sonia Hopkin yavuze ko umukobwa we, Tiegan...
Umwaka wa 2025 wasize urwego rw’ubuvuzi mu Rwanda rwerekana intambwe ikomeye mu gutanga serivisi zinoze kandi zigezweho, by’umwihariko mu kuvura indwara zikomeye zitari zisanzwe zivurirwa imbere mu gihugu. Ibi byatumye Abanyarwanda benshi batakijya gushaka ubuvuzi mu mahanga, ahubwo...
Mu bihe bya vuba, ku mbuga nkoranyambaga hakunze kugaragara inkuru zivuga ko kujya muri sauna no kwoga mu mazi akonje ari “umuti w’igitangaza”: bivugwa ko byongera ubudahangarwa bw’umubiri, bigashonga ibinure, bigagabanya ububabare bwo mu ngingo ndetse bikanafasha mu...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ko umugabo wagaragaye mu mashusho yakwirakwiye ku mbuga nkoranyambanga amenagura ibirahuri by’imodoka ziparitse mu Mujyi wa Kigali yafashwe, hagasangwa afite ibibazo byo mu mutwe, ahita ajyanwa kuvurirwa mu bitaro bya CARAES i Ndera. Aya...