Impuguke mu buzima zatangaje ko abana barenga miliyoni 30 ku isi hose batakingiwe urukingo rwa MMR (rubeba, oreillons na rubella) uko bikwiye, rubeba ikaba ari indwara yandura cyane kandi ishobora no kwica. Muri abo, abana miliyoni 14.3 batarahabwa na...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe kurwanya SIDA (UNAIDS) ryatangaje ko umubare w’ibihugu bihana abantu baryamana bahuje ibitsina cyangwa abahinduje igitsina wiyongereye ku buryo butari bwitezwe. Ibi byemejwe muri raporo nshya igaragaza uko amategeko akandamiza abantu bo mu matsinda afite...
Ihahamuka ry’abana bato ni igikorwa kigaragara nko kugira imikubita idasanzwe (convulsions / seizures), kikaba gikunze kuba ku bana bari hagati y’amezi 4 kugeza ku myaka 6. Nubwo rimwe na rimwe abantu babyita indwara, si indwara ubwacyo, ahubwo ni...
Ku isonga ry'ibikorwa byacu nk'ikigo cy'itangazamakuru, Impinga Media ibungabunga ubuzima bwiza bw’abaturage bayo. Umwana ni urufatiro rw’ejo hazaza heza, bityo kurinda no kwita ku mikurire ye ni inshingano ya buri wese. Umubyeyi ukurikiza izi nama azafasha umwana we...
Ikibazo cy’ubuzima bwo mu mutwe ntabwo kigaragazwa n’ibikomere ku mubiri, ahubwo kigaragarira mu mwijima w’amarangamutima no mu buzima bwo mu bwonko. Mu gihe benshi mu rubyiruko bugarijwe n'agahinda gakabije (depression), guhangayika gukabije (anxiety), kwigunga, cyangwa no gutekereza kwiyahura,...
Bill Gates, umwe mu baherwe bakomeye ku isi akaba n'umunyabigwi mu bikorwa by'ubugiraneza, yashinje Elon Musk kugira uruhare mu mugambi ushobora kugira ingaruka zikomeye ku bana b’abakene bo mu bihugu bikennye, bitewe no kugabanya inkunga Leta Zunze Ubumwe...
Kutonsa umwana bihagije ni kimwe mu bibazo bikomeje gutera imirire mibi mu bana bato, nk’uko byagarutsweho na Depite Uwababyeyi Jeannette, umwe mu bagize komisiyo y’imibereho y’abaturage mu nteko ishinga amategeko, asobanura ko konsa umwana kugeza nibura ku myaka...
Imodoka ya Jean Marie Vianney Bangirana, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Giti mu Karere ka Gicumbi, yafashwe n’inkongi y’umuriro ku mugoroba wo ku wa 4 Gashyantare 2025, irashya irakongoka. Iyi mpanuka yabaye ubwo yari avuye mu Nteko z’Abaturage mu...
Minisitiri w’Ubuzima Dr Nsanzima Sabin, yatangaje ko kugira ngo u Rwanda rube rwaranduye kanseri y’inkondo y’umura mu 2027, hakenewe miliyari 52 z’amafaranga y’u Rwanda (miliyoni 38 z’Amadolari y’Amerika), azakoreshwa mu bikorwa by’ubuvuzi bw’iyo ndwara. Yabigarutseho kuri uyu wa...
Ubuzima bwo mu mutwe ntibukiri ikibazo cyirengagizwa nk’uko byahoze hambere. Muri iki gihe, abantu barushaho kumenya akamaro ko kwita ku marangamutima yabo, bakaba bafite amahitamo yo kugana inzobere mu buvuzi cyangwa se bakifashisha ikoranabuhanga ry’ubwenge bw’ubukorano (AI). Nubwo...