Kuri uyu wa Gatanu, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku biribwa n’ubuhinzi (FAO) ryifatanyije na Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) mu kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Ibiribwa, hamwe n’abafatanyabikorwa batandukanye n’abaturage bo mu Karere ka Nyamagabe.Insanganyamatsiko y’uyu mwaka igira iti: “Gukorera mu...
Umuyobozi uyoboye agashami k’imirire mu muryango w’abibumbye ushinzwe ubuhinzi n’ibiribwa ku isi FAO Madame Christine Mukantwari aratangaza ko abanyarwanda 5% gusa aribo barya inyama mu gihe abandi 95% batabona inyama mu gihe gikwiye. Ibyo yabitangaje kuri uyu wa...
Minisiteri y’Ibikorwa Remezo yemeje ko mu mpeshyi ya 2025, igihugu cyahuye n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amazi meza, cyane cyane mu Mujyi wa Kigali n’ahandi hatandukanye mu gihugu. Uyu mwuka mubi ngo watewe n’ukugabanuka gukabije kw’amazi y’umugezi wa Nyabarongo, aho...
Umuyobozi w’Ishami rishinzwe kurwanya virusi itera SIDA mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC), Dr Ikuzo Basile, yatangaje ko nibigenda neza, mu mwaka wa 2026 u Rwanda ruzatangira gukoresha umuti wa Lenacapavir Yeztugo, utangwa inshuro ebyiri mu mwaka kandi...
Impuguke mu buzima zatangaje ko abana barenga miliyoni 30 ku isi hose batakingiwe urukingo rwa MMR (rubeba, oreillons na rubella) uko bikwiye, rubeba ikaba ari indwara yandura cyane kandi ishobora no kwica. Muri abo, abana miliyoni 14.3 batarahabwa na...
Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye rishinzwe kurwanya SIDA (UNAIDS) ryatangaje ko umubare w’ibihugu bihana abantu baryamana bahuje ibitsina cyangwa abahinduje igitsina wiyongereye ku buryo butari bwitezwe. Ibi byemejwe muri raporo nshya igaragaza uko amategeko akandamiza abantu bo mu matsinda afite...
Ihahamuka ry’abana bato ni igikorwa kigaragara nko kugira imikubita idasanzwe (convulsions / seizures), kikaba gikunze kuba ku bana bari hagati y’amezi 4 kugeza ku myaka 6. Nubwo rimwe na rimwe abantu babyita indwara, si indwara ubwacyo, ahubwo ni...
Ku isonga ry'ibikorwa byacu nk'ikigo cy'itangazamakuru, Impinga Media ibungabunga ubuzima bwiza bw’abaturage bayo. Umwana ni urufatiro rw’ejo hazaza heza, bityo kurinda no kwita ku mikurire ye ni inshingano ya buri wese. Umubyeyi ukurikiza izi nama azafasha umwana we...
Ikibazo cy’ubuzima bwo mu mutwe ntabwo kigaragazwa n’ibikomere ku mubiri, ahubwo kigaragarira mu mwijima w’amarangamutima no mu buzima bwo mu bwonko. Mu gihe benshi mu rubyiruko bugarijwe n'agahinda gakabije (depression), guhangayika gukabije (anxiety), kwigunga, cyangwa no gutekereza kwiyahura,...
Bill Gates, umwe mu baherwe bakomeye ku isi akaba n'umunyabigwi mu bikorwa by'ubugiraneza, yashinje Elon Musk kugira uruhare mu mugambi ushobora kugira ingaruka zikomeye ku bana b’abakene bo mu bihugu bikennye, bitewe no kugabanya inkunga Leta Zunze Ubumwe...