Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryafashe icyemezo gikomeye cyo guhagarika Adel Amrouche ku mwanya w’umutoza mukuru w’Ikipe y’Igihugu y’Abagabo, Amavubi, icyemezo cyateje impaka n’ibitekerezo bitandukanye mu bakunzi b’umupira w’amaguru mu Rwanda. Mu itangazo ryashyizwe ahagaragara mu ijoro...
Mu majyepfo y’u Bufaransa, urukiko ruri kuburanisha umugabo w’Umunyafaransa ukekwaho ibyaha bikomeye birimo guha abagore ibiyobyabwenge, kubakoresha ihohotera rishingiye ku gitsina no gufata amashusho y’ibyo yabakoraga mu ibanga. Uregwa ni Cyril Zattara, wahoze ari umwarimu w’imbyino waje kwiyigisha...
Mu Rwanda, inkuru y’ihohoterwa rishingiye ku gitsina yakunze kugarukwaho cyane ku bagore n’abana. Gusa mu myaka ya vuba, hari indi sura igenda igaragara kurushaho: abagabo batangiye kugaragara mu mibare y’abahohoterwa ku rwego ruri hejuru kurusha uko byari bisanzwe....
Urukiko rwemeye gusubika iburanisha ry’agateganyo rya Shema Arnold uzwi nka Dj Toxxyk, nyuma y’uko agaragaje ko atabonye umwanya uhagije wo kwitegura, bityo bikaba byabangamira uburenganzira bwe bwo kwiregura uko biteganywa n’amategeko. Ibi byabereye mu rukiko rwibanze rwa Nyarugenge,...
Urubanza rw’Umuhuzabikorwa w’Ikigo Ngororamuco cya Gitagata, Sheikh Bahame Hassan, rwasubitswe n’Urukiko rw’Ibanze rwa Nyamata, mu Karere ka Bugesera, ruteza imbere ikiganiro ku ruhare rw’amategeko mu kurinda abafite intege nke no gukumira ikoreshwa nabi ry’ububasha mu bigo bya Leta....
Uwahoze ari umunyamabanga wa FERWAFA Kalisa Adolphe yahakanye ibyaha bibiri akurikiranyweho mu rubanza rw'ifungwa n'ifungurwa ry'agateganyo Ku wa 25 Nzeri 2025 Urukiko rw'ibanze rwa Gasabo rwaburanishije urubanza rwa Kalisa Adople wabaye umunyamabanga mukuru wa FERWAFA. Uyu mugabo w'imyaka...
Ku wa 24 Nzeri 2025 Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwategetse Muganga Chantal kwishyura miliyoni imwe y'amafaranga y'u Rwanda nyuma yo gutsindwa na Nsabimana Ernest wabaye Minisitiri w'ibikorwaremezo. IKIBURANWA : Ihohotera yakorewe rikamutera guhahamuka, indwara yatewe n'igikorwa kibi yakorewe...
Urubanza rwa Majoro Jean Claude Habineza ukurikiranyweho miliyoni 485 Frw ntirwabayeKu wa 22 Nzeri 2025 urukiko rwa Gisirikare ruherereye I Nyamirambo rwagombaga kuburanisha mu mizi urubanza rwa Majoro Jean Claude Habineza ukurikiranyweho miliyoni 485 Frw. Ntabwo urubanza rwaciwe,...
Inkuru ikomeje gutera benshi urujijo ni iy'uwahoze ari Minisitiri w'Ibikorwaremezo Dr Nsabimana Ernest warezwe na Muganga Chantal kumubeshya urukundo. Ku wa 16 Nzeri 2025 Urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge rwaburanishije mu mizi urubanza rwa Nsabimana Ernest wayoboye minisiteri y’ibikorwaremezo...
Nyuma y’uko Kalisa Adolphe agaragaje imbogamizi z'uko atabonye dosiye yasabye ko yahabwa igihe gihagije akitegura iburana. Ku wa 19 Nzeri 2025 Urukiko rw'ibanze rwa Gasabo rwaburanishije urubanza rwa Kalisa Adople uri kuburana ku ifungwa n'ifungurwa ry'agateganyo ku minsi...