Ku wa 21 Kanama 2025 Urukiko rwa Gisirikare rwimuye isomwa ry'urubanza rw'abantu 28. Urukiko rwa Gisirikare rwimuye urubanza rw'abantu 28 barimo abasirikare, abanyamakuru, n'abakozi ba RCS.Mu gitondo cyo ku wa 21 Kanama 2025 umwanditsi w'urukiko rwa Gisirikare yasobanuye...
Polisi y’u Rwanda yatangaje ibinyujije kuri X ko mu mezi 12 ashize yahambirije abanyamahanga 64 basubira mu bihugu byabo nyuma yo gukora urugomo, gukubita no gukomeretsa, ubujura. Ni mu gihe abanyamahanga basaga 240 bashyikirijwe inzego z’ubutabera kubera biriya...
Kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Kanama 2025, mu Ntara y’Iburasirazuba, Akarere ka Nyagatare, Umurenge wa Tabagwe, Akagari ka Nyagatoma, umusore w’imyaka 21 yishwe atewe icumu n’abo bari kumwe, icumu rimufata munsi y’igituza mu rubavu arapfa. Umuvugizi...
Amazina y’abasaga 28 bakurikiranywe n’Ubushinjacyaha bwa Gisirikare barimo abasirikare batatu n’abasivile 25. Capt Peninah Mutoni, Capt Peninah, Umurungi, MAJ Vicent Muligande. Abasivile barimo;Kalisa Georgine,Muragane J Claude, Nzita Eric,Niyigena Rome,Ndabunguye Alex, Gatete Tomson, Mugisha Frank,Iradukunda Eric, RURANGWA Jules,Biganiro Mucyo,Ndayishimiye...
Urukiko rw'ibanze rwa gisirikare ruherereye I Nyamirambo rwaburanishije abasaga 28. Ku wa 13 Kanama 2025 Urukiko rw'ibanze rwa Gisirikare ruri I Nyamirambo rwaburanishije abasaga 28 barimo abasirikare, abakozi b'Urwego rw'igihugu rushinzwe igorora, abanyamakuru batatu babarwa nk'abasivile muri uru...
Kuri uyu wa Gatanu tariki ya 18 Nyakanga 2025, i Kigali habereye amahugurwa agamije gukagurira abanyamakuru kurwanya ihohoterwa rishingiye ku gitsina. Aya mahugurwa yateguwe ku bufatanye n’ishyirahamwe ry’abanyamakuru b’abagore (ARFEM) n’ibindi bigo bitandukanye. Yitabiriwe n’inzego zitandukanye zirimo RUSHINGABIGWI...
Inama y’abaminisitiri yayobowe na Perezida Paul Kagame ku wa 16 Nyakanga 2025, yashyizeho abayobozi mu nzego zitandukanye z’igihugu zirimo za Minisiteri. Imyanya yatanzwe irimo iy’abanyamabanga bahoraho muri Minisiteri, abayobozi b’inzego, abanyamabanga bakuru. Hari abashya, ariko hari n’abongeye kugirirwa...
Ubushinjacyaha burasabira abagabo batanu bakekwaho kwica umwana w’imyaka 12 witwa Kalinda Loîc Ntwali igihano cyo gufungwa burundu. Abaregwa baburanira mu rukiko rwisumbuye rwa Huye bahakana icyaha baregwa bagasaba kugirwa abere.Ubushinjacyaha bukurikiranyeho abagabo 5 b’i Nyanza ari bo Ngarambe...