Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) yasabye abahinzi n’aborozi bo hirya no hino mu gihugu gushyira mu bikorwa ubumenyi bahawe mu mahugurwa atandukanye, bakora ubuhinzi n’ubworozi mu buryo bw’umwuga kandi bugezweho, hagamijwe kongera umusaruro, kwihaza mu biribwa no guteza imbere...
Kugabanya igihombo cy’ibiribwa bipfa cyangwa byangirika nyuma yo gusarurwa bikomeje kuba imwe mu mbogamizi zikomeye ku rugendo rw’u Rwanda rugamije kugera ku mutekano w’ibiribwa, kongera agaciro k’umusaruro no kuzamura imibereho y’abahinzi. Ubushakashatsi bushya bugaragaza ko ibibazo bikigaragara mu...
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB) rwatangaje ko abari abayobozi b’ibigo by’amashuri 890 bahagaritswe ku nshingano zo kuyobora amashuri nyuma yo gutsindwa isuzuma ryimbitse ry’imikorere n’imyitwarire ryakozwe ku rwego rw’Igihugu. Abo bayobozi bahagaritswe bagizwe n’abari basanzwe bayoboye amashuri...
Kuri uyu wa Gatanu, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku biribwa n’ubuhinzi (FAO) ryifatanyije na Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) mu kwizihiza Umunsi Mpuzamahanga w’Ibiribwa, hamwe n’abafatanyabikorwa batandukanye n’abaturage bo mu Karere ka Nyamagabe.Insanganyamatsiko y’uyu mwaka igira iti: “Gukorera mu...
Umuyobozi uyoboye agashami k’imirire mu muryango w’abibumbye ushinzwe ubuhinzi n’ibiribwa ku isi FAO Madame Christine Mukantwari aratangaza ko abanyarwanda 5% gusa aribo barya inyama mu gihe abandi 95% batabona inyama mu gihe gikwiye. Ibyo yabitangaje kuri uyu wa...
Kuri uyu wa kabiri tariki ya 30 Nzeri 2025 – Mu nama ya 6 ya Federasiyo y’Abahinzi b’Afurika y’Iburasirazuba (Eastern Africa Farmers Federation – EAFF) yabereye i Kigali, abayobozi, abahinzi n’abafatanyabikorwa bahurije ku gitekerezo kimwe: ubuzima n’umutekano w’ibiribwa...
Mu buzima bwa buri munsi, amafaranga agira uruhare runini mu buryo tubaho, uburyo dutekereza, ndetse n’intego twiyemeza. Gusa hari abantu bamwe babaho baburabuzwa n’amadeni n’imyenda, mu gihe abandi bashobora gukora bike ariko bakagira ituze riturutse ku kuba bafite...
Ese wigeze wumva umuntu avuga ati: “Amafaranga ni ibanga, ntayavugirwamo!”?Ariko se koko amafaranga ni ibanga cyangwa ni ururimi tugomba kumenya kuvuga neza kugira ngo tubeho neza? Mu buzima bwa buri munsi, dukoresha amafaranga kugira ngo tugure ibyo dukeneye,...
Hasigaye ibyumweru bitatu gusa ngo umwaka w’amashuri wa 2025-2026 utangire ku itariki ya 8/9/2025. Kuva kuri uyu wa mbere abanyeshuri batangiye ibizami bizamara iminsi itatu bigaragaza niba bazimuka cyangwa bazasubira mu mwaka bigagamo. Sengabo Ayubu, Umuyobozi wa G.S...
U Rwanda, igihugu cyiza kiri mu mutima wa Afurika y’Uburasirazuba, kizwi ku misozi miremire, ibiyaga byiza, amashyamba, n’ahantu nyaburanga hatandukanye. Abagisura bahasanga ubwiza karemano budasanzwe butuma buri wese yishimira kuhasura. Mu by’ingenzi mu bunyaburanga, u Rwanda rufite imisozi...