Kuri uyu wa kabiri tariki ya 30 Nzeri 2025 – Mu nama ya 6 ya Federasiyo y’Abahinzi b’Afurika y’Iburasirazuba (Eastern Africa Farmers Federation – EAFF) yabereye i Kigali, abayobozi, abahinzi n’abafatanyabikorwa bahurije ku gitekerezo kimwe: ubuzima n’umutekano w’ibiribwa...
Mu buzima bwa buri munsi, amafaranga agira uruhare runini mu buryo tubaho, uburyo dutekereza, ndetse n’intego twiyemeza. Gusa hari abantu bamwe babaho baburabuzwa n’amadeni n’imyenda, mu gihe abandi bashobora gukora bike ariko bakagira ituze riturutse ku kuba bafite...
Ese wigeze wumva umuntu avuga ati: “Amafaranga ni ibanga, ntayavugirwamo!”?Ariko se koko amafaranga ni ibanga cyangwa ni ururimi tugomba kumenya kuvuga neza kugira ngo tubeho neza? Mu buzima bwa buri munsi, dukoresha amafaranga kugira ngo tugure ibyo dukeneye,...
Hasigaye ibyumweru bitatu gusa ngo umwaka w’amashuri wa 2025-2026 utangire ku itariki ya 8/9/2025. Kuva kuri uyu wa mbere abanyeshuri batangiye ibizami bizamara iminsi itatu bigaragaza niba bazimuka cyangwa bazasubira mu mwaka bigagamo. Sengabo Ayubu, Umuyobozi wa G.S...
U Rwanda, igihugu cyiza kiri mu mutima wa Afurika y’Uburasirazuba, kizwi ku misozi miremire, ibiyaga byiza, amashyamba, n’ahantu nyaburanga hatandukanye. Abagisura bahasanga ubwiza karemano budasanzwe butuma buri wese yishimira kuhasura. Mu by’ingenzi mu bunyaburanga, u Rwanda rufite imisozi...
Kuri uyu wa Kabiri, tariki ya 5 Nyakanga 2025, hatangijwe ku mugaragaro Imurikagurisha Mpuzamahanga ryitabiriwe n’abatari bake barimo Abanyarwanda n’abanyamahanga baturutse mu bihugu 19 bitandukanye. Ni ku nshuro ya 28 iri murikagurisha ribereye i Gikondo mu Mujyi wa...
Minisiteri y’Ibikorwa Remezo yemeje ko mu mpeshyi ya 2025, igihugu cyahuye n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amazi meza, cyane cyane mu Mujyi wa Kigali n’ahandi hatandukanye mu gihugu. Uyu mwuka mubi ngo watewe n’ukugabanuka gukabije kw’amazi y’umugezi wa Nyabarongo, aho...
I Kigali, kuri uyu wa 28 Nyakanga 2025, Perezida Paul Kagame afatanyije n’umunyemari Masai Ujiri, bafunguye ku mugaragaro Zaria Court Kigali. Iyo nyubako y’icyitegererezo yuzuye itwaye asaga miliyoni 25 z’amadolari ya Amerika, . Ibirori byo gufungura iyi nyubako...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump, yatangaje ko we n’Ubumwe bw’u Burayi (EU) bamaze kugera ku masezerano agamije gukemura ibibazo by’ubucuruzi byari bimaze amezi ane byugarije impande zombi, ndetse bikaba byari hafi guteza intambara y’ubucuruzi...
Mu gihe hasigaye iminsi ibarirwa ku ntoki (9) ngo hatangire Imurikagurisha Mpuzamahanga i Kigali, abacuruzi, abashoramari, ndetse n’abaturage b’u Rwanda n’abaturutse impande zitandukanye z'ibihugu barimo gutegura uko bazaryitabira. Iri murikagurisha rizabera ahasanzwe hakorerwa ibikorwa nk’ibi i Gikondo, ryateguwe...