Uganda n’u Rwanda ni bimwe mu bihugu bifatanyije urugendo rumwe na Kenya mu guhangana n’ikoreshwa ry’amafaranga mu bikorwa byo kurimbisha, nk’indabo zigizwe n’amafaranga. Iyi mpinduka ije nyuma y’uko Banki nkuru ya Kenya (CBK) itangaje ko ikoreshwa ry’ifaranga mu...
Mu gihe itangazamakuru ryo mu Rwanda rikomeje kwiyubaka nk’umufatanyabikorwa wa Leta mu kugeza amakuru ku baturage, Umuyobozi w’Urwego rw’Igihugu rw’Abanyamakuru Bigenzura (RMC), Mutesi Scovia, yagaragaje ko iri koranabuhanga rishingiye ku bumenyi n’ubunyamwuga rikiri guhangana n’ikibazo gikomeye cy’amikoro. Ibi...
Hon. Balaam Barugahara, umucuruzi ukomeye kandi uzwi cyane muri Uganda ndetse akaba ari na Minisitiri w’Igihugu ushinzwe Iterambere ry’Imibereho y’Abaturage, Umurimo n’Imibereho Myiza mu rwego rushinzwe Abana n’Urubyiruko, yatangaje ko yabaye umuherwe (billionaire) akiri muto afite imyaka 25....
Abaturage bo mu mudugudu wa Nyagahinga, akagari ka Sure, umurenge wa Mushumbati mu karere ka Rutsiro, baravuga ko bamaze amezi atandatu babayeho batagira umuriro w’amashanyarazi, nyuma y’uko inkuba yangije mubazi (Cash Power) zabo zigatwara n’icyizere bari baratangiye kugirira...
Ikigo gishinzwe kugenzura imirimo imwe n’imwe ifitiye igihugu akamaro (RURA) cyashyizeho amabwiriza mashya agiye gukemura burundu ikibazo cyari kimaze igihe kigaragara ku bakoresha telefone mu Rwanda kigakuraho urujijo rw’imikoreshereze ya USSD codes zidakora ku miyoboro yose. Mu mabwiriza...
Uruganda rw'ibiribwa n'ibinyobwa rwa Nestlé rwatangaje ko rwakuye ku isoko mpuzamahanga bimwe mu bicuruzwa by'amata y'abana kubera impungenge z'uko bishobora kuba birimo ubumara (toxin) bwateza uburozi mu biribwa (food poisoning). Nestlé yavuze ko bimwe mu byiciro (batches) by'amata...
Guhera mu mwaka wa 2026, u Rwanda ruteganya gushyira mu bikorwa imishinga minini izagira uruhare rukomeye mu guteza imbere ubwikorezi, ikoranabuhanga n’imijyi. Iyi mishinga igamije kunoza serivisi zihabwa abaturage, kongera imikorere myiza y’ubukungu no gutuma igihugu gikomeza kugendana...
Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) yasabye abahinzi n’aborozi bo hirya no hino mu gihugu gushyira mu bikorwa ubumenyi bahawe mu mahugurwa atandukanye, bakora ubuhinzi n’ubworozi mu buryo bw’umwuga kandi bugezweho, hagamijwe kongera umusaruro, kwihaza mu biribwa no guteza imbere...
Kugabanya igihombo cy’ibiribwa bipfa cyangwa byangirika nyuma yo gusarurwa bikomeje kuba imwe mu mbogamizi zikomeye ku rugendo rw’u Rwanda rugamije kugera ku mutekano w’ibiribwa, kongera agaciro k’umusaruro no kuzamura imibereho y’abahinzi. Ubushakashatsi bushya bugaragaza ko ibibazo bikigaragara mu...
Urwego rw’Igihugu rushinzwe Uburezi bw’Ibanze (REB) rwatangaje ko abari abayobozi b’ibigo by’amashuri 890 bahagaritswe ku nshingano zo kuyobora amashuri nyuma yo gutsindwa isuzuma ryimbitse ry’imikorere n’imyitwarire ryakozwe ku rwego rw’Igihugu. Abo bayobozi bahagaritswe bagizwe n’abari basanzwe bayoboye amashuri...