Ubu u Rwanda rufite imashini nka X-Rays, Ultra Sound, MRI, CT Scan, Endoscopic Ultrasound’, Multix Impact E, Ultrasound, Somatop go. Top, n’ibindi utapfaga kuba wabona mu myaka ishize.
Uko iminsi ivaho umwe ni ko umuntu agenda asatira izabukuru kugeza ubwo atakaza ubushobozi bwo gukora. Icyo gihe biba bisaba ko agobokwa n’icyo yiteganyirije agisimbuka bikemera nk’uko bivugwa ko ‘akabando k’iminsi gacibwa kare kakabikwa kure’. Uburyo bwo guteganyiriza...
Abanyeshuri biga mu mashuri y’imyuga n’ubumenyingiro, TVET na IPRC, bashyiriweho uburyo bushya bwo kwiga bifashishije ikoranabuhanga, aho bazajya babona amasomo anyuranye kuri internet harimo n’ateguye mu buryo bw’amajwi (Audio). Ubu buryo bwo kwiga bwashyizweho binyuze mu mushinga wiswe...
Abafotozi barenga ijana bashinze ‘Image Rwanda’, bafunguye inzu ’Northern Creative Corner’ bazajya bamurikiramo ibikorwa byabo bikubiye mu mafoto, bakanahuguriramo urubyiruko rwifuza kwiga uyu mwuga. Iyi nzu bafunguye mu karere ka Musanze bavuga ko izafasha ba mukerarugendo basura u...
Hari hashize igihe, ku mugoroba wa tariki 04 Nyakanga 2021, Umuhanzi Mico The Best yambitse impeta umukunzi we Clarisse amubwira ko n’ubukwe buri hafi, amafoto yabo agaragara bari mu Murenge basinya mu bitabo ko biyemeje kubana nk’umugabo n’umugore....
Hashize iminsi ibiri umuhanzi Jules Sentore aterwa amacumu ku mbuga nkoranyambaga kubera ubutumwa yatanze kuri Twitter bugahuzwa n’indirimbo nshya ya Meddy, My Vow. Byatangiye uvumirwa ku gahera ari Teta Diana wanditse ko views za Youtube zigurwa mu gihe...
Umutwe w'Abadepite watoye abadepite batatu bazahagararira u Rwanda mu Nteko Ishinga Amategeko Nyafurika (PAP) barimo Bitunguramye Diogene, Wibabara Jennifer na Tumukunde Aimée Marie Ange.