Uyu munsi, ni isabukuru y'imyaka 68 ya Perezida Paul Kagame, imyaka Abanyarwanda babona nk'amahirwe akomeye ndetse n'umugisha ku bwo kugira umuyobozi w'umuhanga kandi ukunda Igihugu n'abagituye akabigaragariza mu gukora ubutaruhuka aharanira imibereho myiza y'abaturage ndetse n'isura nziza y'Igihugu....
RDF yunamiye LT Gen Innocent Kabandana waguye mu bitaro bya Gisirikare biri I Kanombe. Ku wa 7 Nzeri 2025 Minisiteri y'ingabo z'u Rwanda yanditse ku mbuga nkoranyambaga ko yunamiye Lt Gen Innocent Kabandana watabarutse azize uburwayi busanzwe aho...
Ku wa Gatandatu tariki ya 30 Kanama 2025, Umuryango ARDPE (Rwandan Association for Development and Environment Protection) washyize ku isoko ry’umurimo abanyeshuri 11 barangije amasomo y’umwuga w’ubudozi. Uyu muhango watangijwe n’ikinamico yagarutse ku buzima bw’abakobwa bava mu cyaro...
Kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Kanama 2025, mu Ntara y’Iburasirazuba, Akarere ka Nyagatare, Umurenge wa Tabagwe, Akagari ka Nyagatoma, umusore w’imyaka 21 yishwe atewe icumu n’abo bari kumwe, icumu rimufata munsi y’igituza mu rubavu arapfa. Umuvugizi...
Ku wa 7 Kanama 2025, hatangijwe ku mugaragaro igikorwa kizwi nka ‘pre-enrollment platform’ cyo kwemeza umwirondoro w’Abaturarwanda usanzwe mu irangamimerere no gukosora ku bafite amakosa muri sisitemu y’indangamuntu. Iki ni igikorwa kibanziriza icyo gutanga indangamuntu y’ikoranabuhanga ku baturage....
Ubusesenguzi bushya bwakozwe n’inzobere ku rwego mpuzamahanga bugaragaza ko isi ihanganye n’ibibazo bikomeye by’imikoreshereze ya pulasitike, aho bita “krizisi ya pulasitike”. Iyo krizisi ngo imaze kuba intandaro y’indwara nyinshi ndetse n’urupfu kuva ku mwana ukivuka kugeza ku muntu...
Komisiyo y’Igihugu y’itangazamakuru (Rwanda Media Commission – RMC) igiye kugira uruhare rukomeye mu igenamigambi ry’ubuyobozi bw’itangazamakuru ku rwego rw’Afurika, binyuze mu nshingano nshya yahawe zo guhagararira inama z’abanyamakuru bo mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba (EAC) mu buyobozi bw’Umuryango...
Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (BAD) yemeye gutanga miliyoni 173,84 z’Amayero (ni ukuvuga arenga miliyari 289,4 Frw) azashyirwa mu mushinga wo guteza imbere urwego rw’ingufu mu Rwanda, hagamijwe kwegereza abaturage amashanyarazi, kwimakaza ikoreshwa ry’ingufu zitangiza, no gufasha ibigo bitanga...
Inama y’abaminisitiri yayobowe na Perezida Paul Kagame ku wa 16 Nyakanga 2025, yashyizeho abayobozi mu nzego zitandukanye z’igihugu zirimo za Minisiteri. Imyanya yatanzwe irimo iy’abanyamabanga bahoraho muri Minisiteri, abayobozi b’inzego, abanyamabanga bakuru. Hari abashya, ariko hari n’abongeye kugirirwa...
U Rwanda rwatsindiye igihembo mpuzamahanga cya WSIS+20 Champion kubera gahunda ya Digital Ambassador Program (DAP) yahuguye abaturage barenga miliyoni 3.2 mu ikoranabuhanga binyuze mu rubyiruko.