Kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Kanama 2025, mu Ntara y’Iburasirazuba, Akarere ka Nyagatare, Umurenge wa Tabagwe, Akagari ka Nyagatoma, umusore w’imyaka 21 yishwe atewe icumu n’abo bari kumwe, icumu rimufata munsi y’igituza mu rubavu arapfa. Umuvugizi...
Ku wa 7 Kanama 2025, hatangijwe ku mugaragaro igikorwa kizwi nka ‘pre-enrollment platform’ cyo kwemeza umwirondoro w’Abaturarwanda usanzwe mu irangamimerere no gukosora ku bafite amakosa muri sisitemu y’indangamuntu. Iki ni igikorwa kibanziriza icyo gutanga indangamuntu y’ikoranabuhanga ku baturage....
Ubusesenguzi bushya bwakozwe n’inzobere ku rwego mpuzamahanga bugaragaza ko isi ihanganye n’ibibazo bikomeye by’imikoreshereze ya pulasitike, aho bita “krizisi ya pulasitike”. Iyo krizisi ngo imaze kuba intandaro y’indwara nyinshi ndetse n’urupfu kuva ku mwana ukivuka kugeza ku muntu...
Komisiyo y’Igihugu y’itangazamakuru (Rwanda Media Commission – RMC) igiye kugira uruhare rukomeye mu igenamigambi ry’ubuyobozi bw’itangazamakuru ku rwego rw’Afurika, binyuze mu nshingano nshya yahawe zo guhagararira inama z’abanyamakuru bo mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba (EAC) mu buyobozi bw’Umuryango...
Banki Nyafurika Itsura Amajyambere (BAD) yemeye gutanga miliyoni 173,84 z’Amayero (ni ukuvuga arenga miliyari 289,4 Frw) azashyirwa mu mushinga wo guteza imbere urwego rw’ingufu mu Rwanda, hagamijwe kwegereza abaturage amashanyarazi, kwimakaza ikoreshwa ry’ingufu zitangiza, no gufasha ibigo bitanga...
Inama y’abaminisitiri yayobowe na Perezida Paul Kagame ku wa 16 Nyakanga 2025, yashyizeho abayobozi mu nzego zitandukanye z’igihugu zirimo za Minisiteri. Imyanya yatanzwe irimo iy’abanyamabanga bahoraho muri Minisiteri, abayobozi b’inzego, abanyamabanga bakuru. Hari abashya, ariko hari n’abongeye kugirirwa...
U Rwanda rwatsindiye igihembo mpuzamahanga cya WSIS+20 Champion kubera gahunda ya Digital Ambassador Program (DAP) yahuguye abaturage barenga miliyoni 3.2 mu ikoranabuhanga binyuze mu rubyiruko.
Kuri uyu wa Mbere hatangiye ibizamini bya Leta ku rwego rw’igihugu ku banyeshuri barangije umwaka wa gatandatu w’amashuri abanza, bikaba biteganyijwe gukorwa mu minsi itatu ikurikirana. Nk’uko byemezwa n’Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ibizamini n’Ubugenzuzi bw’Amashuri (NESA), uyu mwaka ibizamini...
Tariki ya 28 Kamena 2024 izahora yibukwa nk’umunsi w’amateka ku bana n’imiryango yabo baturuka mu miryango itishoboye bo mu Murenge wa Ngarama, Akarere ka Gatsibo, ubwo Nufashwa Yafasha Organization yateguraga ibirori by’ishimire n’ishimwe ku bana 20 barangije icyiciro...
Bamwe mu bafite utubari ndetse n'abatugana mu Mujyi wa Rubavu, barinubira ko hari utubari tumwe dufungwa nyamara hari utundi dukesha, ibyo bashingiraho basaba ko amabwiriza yubahirizwa kimwe ku tubari twose. Bavuga ko kureka tumwe tugakomeza gukora utundi twafungiwe...