Ikigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC) cyatangaje ko kanseri ya prostate ikomeje kwiyongera mu Rwanda ku buryo mu 2025 ari yo kanseri yibasiye abagabo benshi kurusha izindi, ibintu byatumye inzego z’ubuzima zitanga impuruza isaba kwihutisha isuzuma rya kare n’ubukangurambaga....
Tekereza uvukiye ku Kwezi, ukahakurira ubuzima bwawe bwose, aho gusimbuka metero nyinshi biba ibisanzwe, naho kugenda bigasa n’umukino. Ubuzima bwo ku Kwezi buba butandukanye cyane n’ubwo ku Isi, kuko ahantu hose hari imbaraga za rukuruzi zidasa. Ku kwezi,...
Ubushakashatsi bwa Transparency International Rwanda (TIR) bwagaragaje ko ruswa igikomeje kugaragara mu mashuri makuru na za kaminuza zo mu Rwanda, by’umwihariko ruswa ishingiye ku gitsina. Ubu bushakashatsi bwakozwe mu 2025, bugamije kureba uko serivisi zitangwa mu nzego zitandukanye...
Imihindagurikire y’ikirere ikomeje kugaragaza ingaruka zikomeye mu Ntara y’Amajyepfo, aho mu Karere ka Gisagara habaye impanuka yatewe n’inkuba yahitanye ubuzima bw’umubyeyi w’imyaka 37, abandi bantu babiri bagakomereka bikabije. Iyi nkuba yakubise mu ijoro ryo ku wa 7 rishyira...
Abanyarwanda bakomeje kwandika amateka ku ruhando mpuzamahanga, aho bamwe muri bo begukanye ibihembo bikomeye muri Zikomo Africa Awards, ibihembo bigamije gushimira no gushyigikira abatanga umusanzu ugaragara mu iterambere rya Afurika mu nzego zitandukanye. Muri ibi bihembo byatangiwe muri...
Guhera mu mwaka wa 2026, u Rwanda ruteganya gushyira mu bikorwa imishinga minini izagira uruhare rukomeye mu guteza imbere ubwikorezi, ikoranabuhanga n’imijyi. Iyi mishinga igamije kunoza serivisi zihabwa abaturage, kongera imikorere myiza y’ubukungu no gutuma igihugu gikomeza kugendana...
Umuririmbyi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yongeye gushimangira ko urugendo rwe rw’umuziki rwubakiye ku bufasha n’ubuvandimwe bwa Muyombo Thomas uzwi nka Tom Close, avuga ko atari kuba uwo ari we uyu munsi iyo atagira uwo mugenzi wamwemereye...
Abagore bafite Ubumuga bwo kutabona baturutse mu mashyirahamwe 64 y’abafite Ubumuga bwo kutabona mu gihugu hose bagaragaje ko mu myaka 30 ishize hari aho bavuye n’aho bageze kandi hashimishije, gusa bongeraho ko hari ibindi bikibabangamiye birimo n’Ihohoterwa rishingiye...
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’inama nkuru y’abafte ubumuga mu Rwanda NCPD Bwana Ndayisaba Emmanuel, aratangaza kuva mu 2012 kugeza hamaze gukorwa byinshi bishimishije bifasha abafite ubumuga by’umwihariko ku birebana n’ibikorwaremezo. Ni mu kiganiro n’abanyamakuru ubwo bateguraga icyumweru cyahariwe abafite ubumuga...
Kigali, Rwanda — Africa Week 2025 has once again positioned Rwanda at the heart of the continent’s innovation movement, drawing global attention as founders, investors, policymakers, and ecosystem enablers convene at Norrsken House Kigali on November 20–21. More...