Guhera mu mwaka wa 2026, u Rwanda ruteganya gushyira mu bikorwa imishinga minini izagira uruhare rukomeye mu guteza imbere ubwikorezi, ikoranabuhanga n’imijyi. Iyi mishinga igamije kunoza serivisi zihabwa abaturage, kongera imikorere myiza y’ubukungu no gutuma igihugu gikomeza kugendana...
Umuririmbyi Mugisha Benjamin uzwi nka The Ben yongeye gushimangira ko urugendo rwe rw’umuziki rwubakiye ku bufasha n’ubuvandimwe bwa Muyombo Thomas uzwi nka Tom Close, avuga ko atari kuba uwo ari we uyu munsi iyo atagira uwo mugenzi wamwemereye...
Abagore bafite Ubumuga bwo kutabona baturutse mu mashyirahamwe 64 y’abafite Ubumuga bwo kutabona mu gihugu hose bagaragaje ko mu myaka 30 ishize hari aho bavuye n’aho bageze kandi hashimishije, gusa bongeraho ko hari ibindi bikibabangamiye birimo n’Ihohoterwa rishingiye...
Umunyamabanga nshingwabikorwa w’inama nkuru y’abafte ubumuga mu Rwanda NCPD Bwana Ndayisaba Emmanuel, aratangaza kuva mu 2012 kugeza hamaze gukorwa byinshi bishimishije bifasha abafite ubumuga by’umwihariko ku birebana n’ibikorwaremezo. Ni mu kiganiro n’abanyamakuru ubwo bateguraga icyumweru cyahariwe abafite ubumuga...
Kigali, Rwanda — Africa Week 2025 has once again positioned Rwanda at the heart of the continent’s innovation movement, drawing global attention as founders, investors, policymakers, and ecosystem enablers convene at Norrsken House Kigali on November 20–21. More...
Uyu munsi, ni isabukuru y'imyaka 68 ya Perezida Paul Kagame, imyaka Abanyarwanda babona nk'amahirwe akomeye ndetse n'umugisha ku bwo kugira umuyobozi w'umuhanga kandi ukunda Igihugu n'abagituye akabigaragariza mu gukora ubutaruhuka aharanira imibereho myiza y'abaturage ndetse n'isura nziza y'Igihugu....
RDF yunamiye LT Gen Innocent Kabandana waguye mu bitaro bya Gisirikare biri I Kanombe. Ku wa 7 Nzeri 2025 Minisiteri y'ingabo z'u Rwanda yanditse ku mbuga nkoranyambaga ko yunamiye Lt Gen Innocent Kabandana watabarutse azize uburwayi busanzwe aho...
Ku wa Gatandatu tariki ya 30 Kanama 2025, Umuryango ARDPE (Rwandan Association for Development and Environment Protection) washyize ku isoko ry’umurimo abanyeshuri 11 barangije amasomo y’umwuga w’ubudozi. Uyu muhango watangijwe n’ikinamico yagarutse ku buzima bw’abakobwa bava mu cyaro...
Kuri uyu wa Kane tariki ya 14 Kanama 2025, mu Ntara y’Iburasirazuba, Akarere ka Nyagatare, Umurenge wa Tabagwe, Akagari ka Nyagatoma, umusore w’imyaka 21 yishwe atewe icumu n’abo bari kumwe, icumu rimufata munsi y’igituza mu rubavu arapfa. Umuvugizi...
Ku wa 7 Kanama 2025, hatangijwe ku mugaragaro igikorwa kizwi nka ‘pre-enrollment platform’ cyo kwemeza umwirondoro w’Abaturarwanda usanzwe mu irangamimerere no gukosora ku bafite amakosa muri sisitemu y’indangamuntu. Iki ni igikorwa kibanziriza icyo gutanga indangamuntu y’ikoranabuhanga ku baturage....