Ikipe ya Rayon Sports irimo kunyura mu cyiciro gikomeye cyo kwisuzuma no kuvugurura urutonde rw’abakinnyi bayo mbere no mu gihe cya Shampiyona ya 2025/26, aho icyerekezo nyamukuru ari ukugabanya umutwaro w’amasezerano no guha umwanya abakinnyi bashya biyubakiye icyizere...
Ikipe ya Kiyovu Sports irimo gutegura impinduka zikomeye mu busatirizi bwayo, nyuma y’uko Harerimana Abdelaziz uzwi ku izina rya “Rivaldo” atandukanye na Rayon Sports, bikaba byitezwe ko agomba kwerekeza muri iyi kipe yo ku Mumena mu minsi ya...
Shampiyona y’u Bwongereza (Premier League) yakomeje kugaragaza ko itazoroha kuri iyi sezo, nyuma y’uko Manchester City na Liverpool zitakaje intsinzi mu masegonda ya nyuma, ibintu byahaye Arsenal amahirwe akomeye yo gukomeza kuyobora no kurota igikombe cya shampiyona. Ku...
Ikipe y’Igihugu ya Mali yageze muri ¼ cy’Igikombe cya Afurika nyuma y’umukino w’ishiraniro wayihuje na Tunisia, umukino wavuyemo inkuru nyinshi zishingiye ku buryo wagenze no ku byo abantu batandukanye bakomeje kuwuvugaho nyuma. Uyu mukino wa ⅛ cy’irangiza wabereye...
Ikipe ya Rayon Sports ikomeje kugaragaza ko ifite intego zo kongera kuba ku rwego rwo hejuru, nyuma yo gutangira isoko ry’igura n’igurisha abakinnyi isinyisha myugariro w’Umunya-Congo, Yannick Bangala Litomba, mu gihe iri hafi kurangiza ibiganiro byo gutwara umunyezamu...
Ikipe y’igihugu ya Tanzania yanditse amateka mashya mu mupira w’amaguru ku Mugabane wa Afurika, nyuma yo kugera mu mikino ya ⅛ cy’irangiza mu Irushanwa ry’Igikombe cya Afurika 2025 (CAN/AFCON), ku nshuro ya mbere kuva yatangira kuryitabira. Tanzania, iri...
Icyamamare mw'iteramakofe Umwongereza Anthony Joshua yakomerekeye mu mpanuka y'imodoka muri Nigeria yahitanye abagabo babiri bo mu ikipe ye kandi b'inshuti ze.Umuryango wa Joshua wemeje ko yakoze impanuka ari mu rugendo yerekeza mu ntara afitemo inkomoko kwizihizanya na bo...
Imikino yo ku wa Gatanu mu gikombe cya Afurika 2025 (AFCON 2025) yaranzwe n’ihangana rikomeye, ibisubizo bitunguranye n’impaka ku misifurire, aho amakipe akomeye yahuye n’imbogamizi zikomeye mu mikino y’amatsinda. Ku kibuga Prince Moulay Abdallah i Rabat, igihugu cyakiriye...
Rutahizamu mpuzamahanga w’Umunya-Pologne, Robert Lewandowski, yemeje ko amakuru amaze igihe avugwa avuga ko FC Barcelona yaba yarigeze kumubuza gutsinda ibitego kubera impamvu z’amafaranga ashobora kuba ari ukuri. Lewandowski yageze muri FC Barcelona mu mpeshyi ya 2022, avuye muri...
Ubuyobozi bwa Etincelles FC bwafashe ingamba zikomeye bugamije gukumira imyigaragambyo n’ibikorwa by’urugomo byavugwaga mu bafana b’iyi kipe yo mu Karere ka Rubavu, nyuma y’ibihe bigoye irimo muri Shampiyona y’u Rwanda. Perezida wa Etincelles FC, Ndagijimana Enock, yandikiye umuyobozi...