Bamwe mu badepite bo mu Nteko Ishinga Amategeko y’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba izwi nka EALA, batangiye gahunda igamije kweguza Perezida wabo, Joseph Ntakirutimana. Gahunda yo kumweguza yatangijwe n’itsinda ry’abadepite bayobowe na Gerald Blacks Siranda uhagarariye Uganda muri EALA,...
Komisiyo y’amarushanwa mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) yateye mpaga ikipe ya APR FC mu mukino w’Umunsi wa munani wa shampiyona yakinnyemo na Gorilla FC nyuma yo gukinisha abakinnyi b’abanyamahanga barenze umubare w’abateganywa n’amategeko.
Ubuyobozi bwa Access, inama n’ibirori bigiye kubera mu Rwanda kuva 14-16 Ukwakira 2024, bwahumurije Davis D nyuma y’uko bombi bahuriye ku gutumira Nasty C mu bitaramo bibiri byose biteganyijwe kubera mu Mujyi wa Kigali mu kwezi kumwe. Ibi...
Michael Graf von Moltke, Umuyobozi w’Ishami rishinzwe kugenza ibyaha, aganira n’itangazamakuru muri uwo Mujyi wa Düsseldorf yagize ati, “Izo Pizza nizo zagurishwaga cyane kurusha izindi zose”.
Hashize iminsi ibiri umuhanzi Jules Sentore aterwa amacumu ku mbuga nkoranyambaga kubera ubutumwa yatanze kuri Twitter bugahuzwa n’indirimbo nshya ya Meddy, My Vow. Byatangiye uvumirwa ku gahera ari Teta Diana wanditse ko views za Youtube zigurwa mu gihe...
Umutwe w'Abadepite watoye abadepite batatu bazahagararira u Rwanda mu Nteko Ishinga Amategeko Nyafurika (PAP) barimo Bitunguramye Diogene, Wibabara Jennifer na Tumukunde Aimée Marie Ange.