Imodoka ya Jean Marie Vianney Bangirana, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Giti mu Karere ka Gicumbi, yafashwe n’inkongi y’umuriro ku mugoroba wo ku wa 4 Gashyantare 2025, irashya irakongoka. Iyi mpanuka yabaye ubwo yari avuye mu Nteko z’Abaturage mu...
“Uwo uri we wese, mu gihe ufite ‘camera’ cyangwa imbuga nkoranyambaga, hari inshingano ufite ku baturage. Ntukwiriye gukwirakwiza ibyo bintu by’umwanda.
Umunyapolitiki w’Umunya-Uganda Dr. Kizza Besigye, uzwi cyane mu guhangana na Leta ya Perezida Yoweri Museveni, yaburiwe irengero ubwo yari i Nairobi muri Kenya. Ibi byabaye tariki ya 16 Ugushyingo 2024, ubwo yari yitabiriye ibirori byo kumurika igitabo cya...
Bamwe mu badepite bo mu Nteko Ishinga Amategeko y’umuryango wa Afurika y’iburasirazuba izwi nka EALA, batangiye gahunda igamije kweguza Perezida wabo, Joseph Ntakirutimana. Gahunda yo kumweguza yatangijwe n’itsinda ry’abadepite bayobowe na Gerald Blacks Siranda uhagarariye Uganda muri EALA,...
Komisiyo y’amarushanwa mu Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) yateye mpaga ikipe ya APR FC mu mukino w’Umunsi wa munani wa shampiyona yakinnyemo na Gorilla FC nyuma yo gukinisha abakinnyi b’abanyamahanga barenze umubare w’abateganywa n’amategeko.
Ubuyobozi bwa Access, inama n’ibirori bigiye kubera mu Rwanda kuva 14-16 Ukwakira 2024, bwahumurije Davis D nyuma y’uko bombi bahuriye ku gutumira Nasty C mu bitaramo bibiri byose biteganyijwe kubera mu Mujyi wa Kigali mu kwezi kumwe. Ibi...
Michael Graf von Moltke, Umuyobozi w’Ishami rishinzwe kugenza ibyaha, aganira n’itangazamakuru muri uwo Mujyi wa Düsseldorf yagize ati, “Izo Pizza nizo zagurishwaga cyane kurusha izindi zose”.
Hashize iminsi ibiri umuhanzi Jules Sentore aterwa amacumu ku mbuga nkoranyambaga kubera ubutumwa yatanze kuri Twitter bugahuzwa n’indirimbo nshya ya Meddy, My Vow. Byatangiye uvumirwa ku gahera ari Teta Diana wanditse ko views za Youtube zigurwa mu gihe...
Umutwe w'Abadepite watoye abadepite batatu bazahagararira u Rwanda mu Nteko Ishinga Amategeko Nyafurika (PAP) barimo Bitunguramye Diogene, Wibabara Jennifer na Tumukunde Aimée Marie Ange.