Igishushanyo cy'umuhanga Richards Neuves cyigaragaza Yesu/Yezu muri iyi shusho Ku Bakristu amamiliyoni hirya no hino ku isi, itariki ya 25 Ukuboza ni umunsi wera wo kwizihiza ivuka rya Yesu/Yezu Kristu. Nubwo izina rye, inyigisho ze n’ingaruka yagize ku...
Ku itariki ya 22 Ukuboza 2025, Inteko y’Umuco yateguye ikiganiro n’abanyamakuru cyahujwe n’imurikabikorwa rya service y'inkoranyabitabo y'igihugu hagamijwe kugaragaza uko iyi service ikora, uko ikoreshwa n'intambwe imaze gutera mu guha abanyarwanda ubumenyi binyuze muri service itanga zirimo n'izashyizwe...
Richard Nick Ngendahayo ni umwe mu bahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi cyane mu Rwanda no hanze yarwo. Uyu muhanzi w’icyamamare, wamaze imyaka 17 atuye i Dallas muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ubu ari i...
Irene Ingabire Kamanzi ni umuhanzi wa menyekanye hano mu Rwanda cyane mu kuririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi kw'izina ry'ubuhanzi nka Gaby Kamanzi (wavutse 1981) uririmba indirimbo ziramya Imana. Ni umwe mu bahanzi bigaragaje cyane mu gitaramo cya Richard...
Umuhanga mu by'ubumenyi bw'ibisigaramatongo nti yabashije guhisha umujinya aterwa n’uko ibuye ridasanzwe rya meteorite ryavuye ku mubumbe wa Mars, ryavumbuwe mu myaka ibiri ishize muri Niger, ryaje kugurishwa mu cyamunara cyabereye i New York mu kwezi gushize, rikagurwa...
Ku wa Gatatu, tariki ya 25 Kamena 2025, mu kiganiro n’itangazamakuru, Mariya Yohana yatangaje ko yateguye igitaramo kizaba ku wa 3 Nyakanga 2025, ati:" Ndashaka ko twereka Nyakubahwa Perezida wa Repubulika ko tumukunda, ndetse n’Inkotanyi." Yakomeje agira ati:"...
Umunyamerika Robert Francis Prevost wamaze gutorerwa kuba Papa, ku gicamunsi cyo ku wa Kane tariki 08 Gicurasi 2025, yahise afata izina ry’Ubutungane rya Leo XIV.
Bamwe mu basaza barwanye urugamba rwo kubohora Igihugu kuva mu 1990, bavuga ko bashimira ubuyobozi kuba buzirikana bukanaha agaciro akazi bakoze k’ubwitange.
Perezida Kagame na Madamu Jeannette Kagame bashyize indabo ku Kimenyetso cy’Ubutwari kiri ku Gicumbi cy’Intwari z’u Rwanda, baranazunamira mu rwego rwo kuzisingiza no kurata ibigwi byazo. Ni umuhango wabaye kuri uyu wa Gatandatu, tariki ya 1 Gashyantare 2025,...
Imvugo nyinshi zigenda zikoreshwa ahantu hatandukanye, kenshi na kenshi hakibazwa inkomoko yazo. Iyo bavuze bati kanaka “aravugisha inani na rimwe” si benshi bahita bumva inkomoko yabyo nubwo atari imvugo ya kera cyane. Iyo babonye umuntu wigize ibuye afite...