• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, March 7, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Mu mahanga

Baltasar Ebang Engonga yahamijwe icyaha cyo kunyereza umutungo akatirwa imyaka 8

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
August 28, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Urukiko rwa Bioko muri Guinea Equatoriale ku wa Gatatu rwakatiye igifungo cy’imyaka umunani Baltasar Ebang Engonga, uwahoze ari umuyobozi ukomeye mu Ikigo gishinzwe iperereza ku bijyanye n’imari, nyuma yo guhamywa icyaha cyo kunyereza umutungo.

Uyu mugabo kandi yigeze kuvugwaho ku mbuga nkoranyambaga kubera amashusho y’urukozasoni yagiye hanze aryamanye n’abagore b’abayobozi bo muri ikigihugu.

Nk’uko byatangajwe na Hilario Mitogo, umuyobozi ushinzwe itangazamakuru muri Urukiko rw’Ikirenga, Engonga yakatiwe nyuma yo guhamwa no kunyereza amafaranga yavugwaga ko ari ay’urugendo rw’akazi, ariko akayakoresha ku nyungu ze bwite.

Engonga wari ufite izina ry’akabyiniriro “Bello”, n’abandi bayobozi batanu bakomeye, bose bashinjwaga kunyereza amafaranga abarirwa mu bihumbi byinshi by’amadolari muri iki gihugu gifite umutungo kamere wa peteroli.

Mu Ugushyingo, ubwo yari afunzwe akurikiranweho ibyaha ibirimo ku nyereza amafaranga, amashusho y’urukozasoni yafatiwe mu biro bye ndetse yanasakajwe ku mbuga nkoranyambaga, bituma avugwa ku isi yose. Aya mashusho yateje urunturuntu u’udushya two kuri murandasi, harimo indirimbo, imbyino, ndetse n’ibyapa byamamazaga umuti w’urushinge w’ikinamico bise “Balthazariem”.

Urukiko rw’Intara rwahanishije Engonga igifungo cy’imyaka umunani ndetse n’ihazabu ya $220,000, nk’uko Mitogo yakomeje abibwira ibinyamakuru.

Share13Tweet8Send
Previous Post

Diamond Platnumz na Ciara bashyize hanze “Low”

Next Post

Killian Mbappé akunda Davido

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
1 day ago

Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze...

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
1 day ago

Umunyarwanda yatorewe kuba umukuru w’ihuriro ry'abanglikani ritemera amwe mu amahame y'ubutegetsi busanzweho bw’iri dini ku isi rikuriwe na Archbishop of...

Ava Peace yatangaje ko impano z’isabukuru ye zarenze miliyoni 100 UGX

Ava Peace yatangaje ko impano z’isabukuru ye zarenze miliyoni 100 UGX

by MUNYANKINDI Alphonse
2 days ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Ava Peace yatangaje ko mu birori byo kwizihiza isabukuru ye y’amavuko yakusanyije impano n’amafaranga birenga miliyoni...

Next Post
Killian Mbappé akunda Davido

Killian Mbappé akunda Davido

Zari Hassan yagaragaje agahinda nyuma y’uko umugabo we antsinzwe

Zari Hassan yagaragaje agahinda nyuma y'uko umugabo we antsinzwe

Zuchu yasusurukije umuhango wo gusoza CHAN 2024 i Nairobi

Zuchu yasusurukije umuhango wo gusoza CHAN 2024 i Nairobi

Uganda: Umuhanzi Daxx Kartel yatangaje ko leta idakwiye gutera inkunga y’amafaranga
Imyidagaduro

Uganda: Umuhanzi Daxx Kartel yatangaje ko leta idakwiye gutera inkunga y’amafaranga

by Alex RUKUNDO
March 7, 2026
Ibiciro by’itike by’igitaramo “Roots & Vibes” byatangajwe
Ibirori

Ibiciro by’itike by’igitaramo “Roots & Vibes” byatangajwe

by MUNYANKINDI Alphonse
March 7, 2026
Navio yateguje igitaramo muri uyu mwaka
Imyidagaduro

Navio yateguje igitaramo muri uyu mwaka

by Alex RUKUNDO
March 7, 2026
Aimée Beauté Mushashi yasezeranye imbere y’amategeko
Ibirori

Aimée Beauté Mushashi yasezeranye imbere y’amategeko

by MUNYANKINDI Alphonse
March 7, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.