• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Thursday, September 11, 2025
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Mu mahanga

Baltasar Ebang Engonga yahamijwe icyaha cyo kunyereza umutungo akatirwa imyaka 8

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
August 28, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Urukiko rwa Bioko muri Guinea Equatoriale ku wa Gatatu rwakatiye igifungo cy’imyaka umunani Baltasar Ebang Engonga, uwahoze ari umuyobozi ukomeye mu Ikigo gishinzwe iperereza ku bijyanye n’imari, nyuma yo guhamywa icyaha cyo kunyereza umutungo.

Uyu mugabo kandi yigeze kuvugwaho ku mbuga nkoranyambaga kubera amashusho y’urukozasoni yagiye hanze aryamanye n’abagore b’abayobozi bo muri ikigihugu.

Nk’uko byatangajwe na Hilario Mitogo, umuyobozi ushinzwe itangazamakuru muri Urukiko rw’Ikirenga, Engonga yakatiwe nyuma yo guhamwa no kunyereza amafaranga yavugwaga ko ari ay’urugendo rw’akazi, ariko akayakoresha ku nyungu ze bwite.

Engonga wari ufite izina ry’akabyiniriro “Bello”, n’abandi bayobozi batanu bakomeye, bose bashinjwaga kunyereza amafaranga abarirwa mu bihumbi byinshi by’amadolari muri iki gihugu gifite umutungo kamere wa peteroli.

Mu Ugushyingo, ubwo yari afunzwe akurikiranweho ibyaha ibirimo ku nyereza amafaranga, amashusho y’urukozasoni yafatiwe mu biro bye ndetse yanasakajwe ku mbuga nkoranyambaga, bituma avugwa ku isi yose. Aya mashusho yateje urunturuntu u’udushya two kuri murandasi, harimo indirimbo, imbyino, ndetse n’ibyapa byamamazaga umuti w’urushinge w’ikinamico bise “Balthazariem”.

Urukiko rw’Intara rwahanishije Engonga igifungo cy’imyaka umunani ndetse n’ihazabu ya $220,000, nk’uko Mitogo yakomeje abibwira ibinyamakuru.

Sharinga kuri:

  • Click to share on WhatsApp (Opens in new window) WhatsApp
  • Click to share on Facebook (Opens in new window) Facebook
  • Click to share on X (Opens in new window) X

Related

Share13Tweet8Send
Previous Post

Diamond Platnumz na Ciara bashyize hanze “Low”

Next Post

Killian Mbappé akunda Davido

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Abaturage bo mu Bugereki banze kubyara

Abaturage bo mu Bugereki banze kubyara

by Peacemaker PUNDIT
3 days ago

Ni inkuru itangaje kuyumva cyangwa se kuyibarira abantu bo mu bihugu bibyara nka kumwe bivugwa muri Bibiliya"Mubyare mwuzure isi mube...

Donald Trump yizeye amasezerano hagati ya Vladimir Putin na Ukraine

Donald Trump yizeye amasezerano hagati ya Vladimir Putin na Ukraine

by Alex RUKUNDO
4 weeks ago

Donald Trump yatangaje ko yizeye ko Perezida w’u Burusiya, Vladimir Putin, yiteguye kugirana amasezerano ku ntambara yo muri Ukraine, mu...

Superman agiye kwinjira mu ishami rishinzwe abinjira n’abasohoka ry’Amerika

Superman agiye kwinjira mu ishami rishinzwe abinjira n’abasohoka ry’Amerika

by Alex RUKUNDO
1 month ago

Dean Cain, wamenyekanye kubera gukina uruhererekane rwa firime ya Superman mu 1990 "Lois & Clark: The New Adventures of Superman,"...

Next Post
Killian Mbappé akunda Davido

Killian Mbappé akunda Davido

Zari Hassan yagaragaje agahinda nyuma y’uko umugabo we antsinzwe

Zari Hassan yagaragaje agahinda nyuma y'uko umugabo we antsinzwe

Zuchu yasusurukije umuhango wo gusoza CHAN 2024 i Nairobi

Zuchu yasusurukije umuhango wo gusoza CHAN 2024 i Nairobi

Iserukiramuco rya Kigali Fashion Festival 2025 rigiye kubera i Kigali
Imyidagaduro

Iserukiramuco rya Kigali Fashion Festival 2025 rigiye kubera i Kigali

by Peacemaker PUNDIT
September 9, 2025
Umuyobozi wa RGB akunda umuziki wa Ruti Joel
Imyidagaduro

Umuyobozi wa RGB akunda umuziki wa Ruti Joel

by Peacemaker PUNDIT
September 9, 2025
Kevin Kade yahishuye impamvu atagaraye muri Iwacu muzika festival 2025
Imyidagaduro

Kevin Kade yahishuye impamvu atagaraye muri Iwacu muzika festival 2025

by Alex RUKUNDO
September 8, 2025
Bruno K yatangije igikorwa cyo gukusanya inkunga yo gutabara umuryango wa Gogo
Imyidagaduro

Bruno K yatangije igikorwa cyo gukusanya inkunga yo gutabara umuryango wa Gogo

by Alex RUKUNDO
September 8, 2025

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.