• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, March 7, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Audrey Eckert niwe wegukanye ikamba rya ‘Miss USA 2025’

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
October 27, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Nyuma y’ibibazo bitandukanye byagaragaye mu irushanwa rya Nyampinga wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika mu mezi yashize, Audrey Eckert, wo muri Leta ya Nebraska ni we wegukanye ikamba rya Miss USA 2025.

Uyu mukobwa w’imyaka 22, wize umutekano mu by’ikoranabuhanga muri Kaminuza ya Nebraska-Lincoln, yatsinze abakobwa 50 bari bahagarariye Leta zitandukanye. Ivy Harrington wo muri New Jersey yabaye Igisonga cya Mbere cye naho Chantéa McIntyre wo muri Oregon aba icya kabiri.

Ibi birori byabaye nyuma y’amezi 18 irushanwa rya Miss USA ririmo ibibazo bitandukanye byanagiye bituma abakobwa bamwe, bahitamo kuvanamo akabo bakegura igihe cyabo cyo kuritanga kitararangira.

Audrey Eckert yegukanye ikamba rya ‘Miss USA 2025’

Uwavugishije benshi ni Miss USA 2023 Noelia Voigt weguye abura amezi make ngo igihe cye kirangire, ashinja abateguraga irushanwa icyo gihe kutita ku bakobwa bahabwa amakamba no kubacecekesha.

Uretse uyu kandi UmaSofia Srivastava wabaye Miss Teen USA 2023 na we yeguye avuga ko ari ukubera ko ‘indangagaciro z’umuntu ku giti cye zidahuye neza n’icyerekezo cy’abategura irushanwa.’

Laylah Rose wari umuyobozi mukuru w’irushanwa rya Miss USA yahakanye ibyo abariteguraga bashinjwe.

Audrey Eckert yahigitse abandi bakobwa bari bahatanye

Audrey Eckert yambitswe ikamba rya Miss USA na Victoria Kjær Theilvig wabaye Miss Universe 2024, kuko Alma Cooper wo muri Michigan yasimbuye atigeze yitabira ibi birori.

Kuri ubu irushanwa ry’uyu mwaka ryabaye ubuyobozi bwa Miss USA bwaramaze guhindurwa, aho muri Nzeri 2025 umuherwe Thom Brodeur yahawe uburenganzira na Miss Universe Organization ibifitiye ububasha; bwo gutegura Miss USA na Miss Teen USA mu gihe cy’imyaka 10.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Senderi International Hit yasusurukije abaturage ba Nyagatare

Next Post

Ni umuryango wamfashije kwegerana n’Imana- Sarah Sanyu 

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
20 hours ago

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atari kwiyiriza nk’abandi bisilam mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, avuga ko afite...

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
21 hours ago

Umuhanzi w’Umunya-Kenya Karelina ari kwiyubaka buhoro buhoro mu ruhando rw’umuziki, aho akoresha ururimi rw’Igikuyu n’Icyongereza mu buryo bugaragara nk’ubutateguwe, ahubwo...

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
1 day ago

Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze...

Next Post
Ni umuryango wamfashije kwegerana n’Imana- Sarah Sanyu 

Ni umuryango wamfashije kwegerana n'Imana- Sarah Sanyu 

Regina Daniels yavugishije benshi nyuma yo kugura inzu

Regina Daniels yavugishije benshi nyuma yo kugura inzu

Hamenyekanye igihe umuraperi Diddy azavira muri gereza

Hamenyekanye igihe umuraperi Diddy azavira muri gereza

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina
Imyidagaduro

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala
Imyidagaduro

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026
Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi
Iyobokamana

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.