• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, January 16, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Amalon yatangaje ko agiye gushyira hanze album ye ya mbere

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
November 11, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Nyuma y’imyaka irindwi amaze akora umuziki, Amalon yavuze ko agiye gushyira hanze album ye ya mbere, ateganya gusohora bitarenze Mutarama 2026.

Iyi album Amalon ahamya ko amaze igihe akoraho yabwiye IGIHE ko indirimbo zose ziyigize yamaze kuzitunganya ku buryo igisigaye ari ukuyishyira hanze.

Ati “Buriya natangiye gusohora album yanjye ya mbere nyuma y’imyaka myinshi nkora indirimbo n’ibindi bisanzwe, N’Imana niyo ndirimbo ya mbere yagize amahirwe yo gusohoka mbere.”

Amalon ahamya ko imyaka irindwi ari myinshi ku buryo yumvaga ko akeneye kuyikora, ati “Imyaka irindwi ni myinshi ku buryo numva nkeneye album, hari barumuna banjye bazisohoye nanjye rero ni uko.”

Album ya mbere ya Amalon izaba yitwa MVP (Most Valuable Player) ikazaba igizwe n’indirimbo 12.

Ubwo yayikomozagaho, yavuze ko yayise gutyo kuko we yifata nk’indwanyi kandi itsinda.

Amalon yavuze ko vuba cyane asohora indirimbo ya kabiri kuri iyi album ye nshya.

Uyu muhanzi ubwo yari abajijwe impamvu yari amaze igihe asa n’ucecetse, yavuze ko yari akisuganya nyuma yo gutandukana na 1K Entertainment ya DJ Pius bakoranaga.

Amalon yatangiye umuziki mu 2018 ubwo yasohoraga indirimbo ya mbere yise ‘Yambi’ igahita iba ikimenyabose, nyuma aza gukurikizaho izindi nka ‘Derila’ na Byakubaho.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Afrique yashyize hanze Album ye ya mbere yise “In2Stay”

Next Post

The Ben na Bruce Melodie bemeranyije gukorana mu bitaramo bigiye bitandukanye

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Umukobwa w’Imyaka 12 yongeye kunyeganyeza imbuga nkoranyambaga asaba Davido gukoresha DNA

Umukobwa w’Imyaka 12 yongeye kunyeganyeza imbuga nkoranyambaga asaba Davido gukoresha DNA

by Alex RUKUNDO
3 hours ago

Impaka ku busabe bwa kivy’ubuto hagati y’umuraperi w’icyamamare mu njyana ya Afrobeats  , David Adeleke wamenyekanya nka Davido, zasubiye rudubi...

Kizz Daniel yatangaje ko amafaranga atazana ibyishimo

Kizz Daniel yatangaje ko amafaranga atazana ibyishimo

by Alex RUKUNDO
4 hours ago

Umuhanzi ukomoka muri Nigeria wamamaye cyane, mundirimbo zigiye zitandukanye, Kizz Daniel, yagaragaje ko abayeho nk’umuntu ikennye nyuma yo gusobanukirwa ko...

Niyo Bosco n’umukunzi we Mukamisha Irene basezeranye  imbere y’Imana

Niyo Bosco n’umukunzi we Mukamisha Irene basezeranye imbere y’Imana

by Alex RUKUNDO
5 hours ago

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 16 Mutarama 2026, habaye ubukwe bw’umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Noyo Bosco,...

Next Post
The Ben na Bruce Melodie bemeranyije gukorana mu bitaramo bigiye bitandukanye

The Ben na Bruce Melodie bemeranyije gukorana mu bitaramo bigiye bitandukanye

Indirimbo ya Eddy Kenzo yise “Hope and Love” yegukanye igihembo cya Grammy Awards

Indirimbo ya Eddy Kenzo yise “Hope and Love” yegukanye igihembo cya Grammy Awards

Uganda: Buchaman yatomagije indirimbo Juliana Kanyomozi na Bobi Wine bashyize hanze

Uganda: Buchaman yatomagije indirimbo Juliana Kanyomozi na Bobi Wine bashyize hanze

Umukobwa w’Imyaka 12 yongeye kunyeganyeza imbuga nkoranyambaga asaba Davido gukoresha DNA
Imyidagaduro

Umukobwa w’Imyaka 12 yongeye kunyeganyeza imbuga nkoranyambaga asaba Davido gukoresha DNA

by Alex RUKUNDO
January 16, 2026
Kizz Daniel yatangaje ko amafaranga atazana ibyishimo
Imyidagaduro

Kizz Daniel yatangaje ko amafaranga atazana ibyishimo

by Alex RUKUNDO
January 16, 2026
Niyo Bosco n’umukunzi we Mukamisha Irene basezeranye  imbere y’Imana
Imyidagaduro

Niyo Bosco n’umukunzi we Mukamisha Irene basezeranye imbere y’Imana

by Alex RUKUNDO
January 16, 2026
Imibereho n’ubukungu bigena icyemezo cyo kubyara mu Rwanda
Ubuzima

Imibereho n’ubukungu bigena icyemezo cyo kubyara mu Rwanda

by Alex RUKUNDO
January 16, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.