• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Thursday, September 11, 2025
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Ubuzima

U Rwanda rwatsinze Marburg, Minisiteri y’ubuzima ifunga ibitaro byavurirwagamo abayanduye.

Ntwali Christian by Ntwali Christian
November 16, 2024
Reading Time: 1 min read
A A
Minisitiri Nsanzimana Sabin yasobanuye ko ibikorwa byo gukurikirana uducurama mu buvumo butandukanye bikomeje
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Minisiteri y’Ubuzima mu Rwanda yatangaje ko ubu ibitaro byavuraga abarwayi ba Marburg byafunzwe, nyuma y’uko hashize iminsi 14 nta murwayi mushya utahurwa ko yanduye iki cyorezo.

Ni ibikubiye muri Raporo Ngarukacyumweru yasohotse ku wa Gatanu tariki 15 Ugushyingo, igaragaza amakuru mashya ku cyorezo cya Marburg mu Rwanda.
Raporo ya Minisiteri y’Ubuzima igaragaza ko hashize iminsi 14 nta murwayi mushya, ko kandi hashize iminsi umunani umurwayi wa nyuma asezerewe mu bitaro.
Minisiteri y’Ubuzima iti” Ibitaro byavuraga abarwanyi ba Marburg byarafunzwe.”

Gusa ko ibikorwa byo gukaza ubwirinzi bigikomeje, mu gihe abakize nabo bakomeje gukurikiranwa n’abaganga.

Kuva tariki 27 Nzeri 2024, ubwo u Rwanda rwatangazaga bwa mbere abarwayi b’icyorezo cya Marburg, habonetse abantu 66 barwaye, muri abo 51 barakize, 15 bahitanwa na cyo.

U Rwanda rwakajije ingamba zo kurinda abaturage harimo gushaka inkomoko y’iyo virusi byaje no kumenyekana ko yavuye mu ducurama tuba mu buvumo ikinjira mu muntu.

U Rwanda kandi rukomeje gutanga inkingo za Marburg aho, amakuru yatanzwe na Minisiteri y’Ubuzima tariki ya 8 Ugushyingo 2024, yerekanaga ko hamaze gutangwa inkingo 1710, mu gihe hafashwe ibipimo 7408.

Minisitiri Nsanzimana Sabin yasobanuye ko ibikorwa byo gukurikirana uducurama mu buvumo butandukanye bikomeje

Sharinga kuri:

  • Click to share on WhatsApp (Opens in new window) WhatsApp
  • Click to share on Facebook (Opens in new window) Facebook
  • Click to share on X (Opens in new window) X

Related

Share2Tweet1Send
Previous Post

Imibereho y’abangavu baterwa inda mu Rwanda ikomeje kuba aka ya mvugo ya ‘Izicwa nande”

Next Post

Basabiwe gufungwa burundu, Abagabo bakurikiranweho kwica Loîc Ntwali wari ufite imyaka 12.

Ntwali Christian

Ntwali Christian

IZINDI NKURU WASOMA

Uganda: Fik Fameica Yateguje Igitaramo i Lugogo

by Alex RUKUNDO
6 days ago

Umuhanzi wo muri Uganda, Fik Fameica, yateguje igitaramo cye cyizaba ku itariki ya 5 Nzeri, kikaba cyitezwe. Yatangiye imyiteguro ya...

Bushali muri rwaserera, Tiwa Savage kuri Tatoo (Avugwa mu myidagaduro)

Bushali muri rwaserera, Tiwa Savage kuri Tatoo (Avugwa mu myidagaduro)

by Peacemaker PUNDIT
1 week ago

Iyi nkuru ikubiyemo amakuru avugwa mu isi y’imyidagaduro. Ntabwo twakusanyije amakuru menshi ahubwo twakurikiranye ikibazo cya Bushali n'umuyobozi wa PSF...

Zuchu yasusurukije umuhango wo gusoza CHAN 2024 i Nairobi

Zuchu yasusurukije umuhango wo gusoza CHAN 2024 i Nairobi

by Alex RUKUNDO
1 week ago

Umuhanzikazi wo muri Tanzania Zuchu, yatumiwe mu muhango wo gusoza irushanwa rya CHAN 2024, nk'umuhanzi  mukuru, iri rushanwa rya CHAN 2024,...

Next Post
Loîc Ntwali yishwe n'abagizi ba nabi

Basabiwe gufungwa burundu, Abagabo bakurikiranweho kwica Loîc Ntwali wari ufite imyaka 12.

kLab

Ikoranabuhanga m'uburezi bw'u Rwanda: Intambwe igana ku Bukungu Bushingiye ku Bumenyi

Amafoto: APR U17 yanyagiye Rayon Sports  ibitego 9-1 mu mukino wa mbere wa Shampiyona

Amafoto: APR U17 yanyagiye Rayon Sports  ibitego 9-1 mu mukino wa mbere wa Shampiyona

Iserukiramuco rya Kigali Fashion Festival 2025 rigiye kubera i Kigali
Imyidagaduro

Iserukiramuco rya Kigali Fashion Festival 2025 rigiye kubera i Kigali

by Peacemaker PUNDIT
September 9, 2025
Umuyobozi wa RGB akunda umuziki wa Ruti Joel
Imyidagaduro

Umuyobozi wa RGB akunda umuziki wa Ruti Joel

by Peacemaker PUNDIT
September 9, 2025
Kevin Kade yahishuye impamvu atagaraye muri Iwacu muzika festival 2025
Imyidagaduro

Kevin Kade yahishuye impamvu atagaraye muri Iwacu muzika festival 2025

by Alex RUKUNDO
September 8, 2025
Bruno K yatangije igikorwa cyo gukusanya inkunga yo gutabara umuryango wa Gogo
Imyidagaduro

Bruno K yatangije igikorwa cyo gukusanya inkunga yo gutabara umuryango wa Gogo

by Alex RUKUNDO
September 8, 2025

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
     

    Loading Comments...