• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, March 7, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

“Sinshobora kongera gukoresha amavuta ahindura uruhu”Mary Bata

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
February 27, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzikazi Mary Bata yatangaje ubuzima yanyuzemo ubwo yakoreshaga amavuta ahindura ibara ry’uruhu (mukorogo, cream that changes skin color,- bleaching), yavuze ko yigeze ku yakorsha agamije guhindura isura ye inzobe.

Mary Bata yavuze ko ari umwe mu bahuye n’ingaruka za bleaching, nubwo yabiretse atarahura n’ingaruka zikomeye nk’uko yari abyiteze. Yavuze ko nubwo atabyicuza cyane, nta guhunda afite yo kongera gukoresha ayo mavuta.

Nk’uko abitangaza, ibibazo bikomeye bigaragara iyo umuntu ahagaritse gukoresha ayo mavuta, cyane ko uruhu rushobora guhinda gurika no gufatwa n’indwara zidateganyijwe.

Yagize ati: “Nigeze gukora amavuta ahindura ibara ry’isura (bleaching). Ndi umwe mu bahuye n’ingaruka zayo, kandi ntibyagenze neza. Ubu sinshobora kongera ku yakoresha. Kandi sinabyicuza kuko nshobora no kongera kubikora, birashoboka. Cyane ko iyo uyakoresheje usa neza, ariko nanone iyo umaze igihe utayakoresha, nib wo ibibazo bitangira ku kugeraho.”

Uretse ibyo yatangaje, Mary Bata yanatanze amakuru meza ku iterambere rye bwite.

Yatangaje ko aherutse gusubira mu ishuri mu rwego rwo gukomeza amasomo ye, kandi ko ari hafi kurangiza.

Yagize ati: “Ubu nasubiye mu ishuri, ndimo gukurikirana masomo yanjye. Mu minsi iri mbere nzasoza amasomo.”

Ku bijyanye n’urukundo, uyu muhanzikazi yavuze ko kuri ubu afitnye mu mubano wuje urukundo. Gusa ntigeze atangaza umukunzi we yahisemo ku mugumisha ari ibingandetse no ku tamushyira ku rubanda.

Yasobanuye ko mu gihe umukunzi we yari umushomeri, ashakaga akazi, we yari icyamamare, bityo avuga ko kumushyira ku karubanda bishobora guhungabya umutekano we

Yagize ati: “Mu by’ukuri nabonye umukunzi unkunda, unyitaho kandi unyumva. Sishaka ku mushyira ku mugaragaro, ariko mu gihe yashakaga kazi, akiri umushomeri, njye nari maze kwamamara, bityo rero mwerekanye aka kanya bishobora ku bangamira umutekano we.”

Yasoje ashimangira ko ari mu rukundo, kandi ko umukunzi we amukunda cyane. Yavuze ko mu gihe kiri imbere ashobora no kuva mu cyiciro cy’abakobwa batarashaka.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Sheebah tangaje ko yinjiye mu isi y’ibiganiro bitambutswa kuri Televiziyo na Radio

Next Post

Uganda: Taxi zigiye kujya zikorera muri parikingi gusa

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
8 hours ago

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atari kwiyiriza nk’abandi bisilam mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, avuga ko afite...

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
9 hours ago

Umuhanzi w’Umunya-Kenya Karelina ari kwiyubaka buhoro buhoro mu ruhando rw’umuziki, aho akoresha ururimi rw’Igikuyu n’Icyongereza mu buryo bugaragara nk’ubutateguwe, ahubwo...

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
13 hours ago

Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze...

Next Post
Uganda: Taxi zigiye kujya zikorera muri parikingi gusa

Uganda: Taxi zigiye kujya zikorera muri parikingi gusa

Bruno K yongeye kugaragaza umutima w’ubugiraneza

Bruno K yongeye kugaragaza umutima w’ubugiraneza

Beenie Gunter yatangaje ko nta makimbirane afitanye na Eddy Kenzo

Beenie Gunter yatangaje ko nta makimbirane afitanye na Eddy Kenzo

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina
Imyidagaduro

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala
Imyidagaduro

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026
Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi
Iyobokamana

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.