• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, April 3, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Prim Asiimwe yatangaje ko adashobora gukundana na A Pass

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
March 17, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umunyamakuru ukora mu gisata cy’ imyidagaduro Prim Asiimwe yatangaje ko ashobora gukundana n’umuhanzi A Pass, ariko akavuga ko hari impmvu imwe itamwerera gukundana na we.

Mu kwezi kwa Kanama 2023, abakoresha imbuga nkoranyambaga benshi bagize urujijo nyuma y’uko hasakaye amafoto yagaragaza ko APass na Prim Asiimwe bakoze umuhango wo gusaba no gukwa.

Abantu benshi batekereje ko aba bombi, bari bamaze igihe bavugwaho ko bari  mu rukundo, ari nabwo bahise bafata icyemezo cyo kubitangaza ku mbuga zitandukanye.

Nyuma byaje kumenyekana ko ayo mafoto yafatiwe mu muhango w’ubukwe bwa Maureen Asiimwe, mushiki wa A Pass.

Prim: “Nakundana na A Pass”

Nubwo bimeze bityo, Prim Asiimwe yavuze ko iyo A Pass ataza kuba ameze  nk’umuvandimwe kuri we, atari gutekereza kabiri kuko yari kwemera gukundana na we.

Ibi yabigarutseho ubwo yabazwaga n’umunyamakuru mugenzi we bakorana kuri NRG Radio, Evelyn Mic, niba yaba akundana n’uwo muhanzi.

Prim yasubije agira ati: “Nabikora (gukundana na we) iyo ataza kuba ameze nk’umuvandimwe kuri njye.”

Yongeyeho aseka ati: “Ni umusore mwiza.”

Prim Asiimwe yatangaje ko adashobora gukundana na A Pass
Share2Tweet1Send
Previous Post

Dore impamvu utacyumva icyanga cy’ubuzima

Next Post

Hannah Karema Tumukunde wahoze ari miss wa Uganda yiyamamarije kuyobora Guild muri Makerere

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha

by MUNYANKINDI Alphonse
17 hours ago

Umunyapolitiki wo muri Uganda Mubarak Munyagwa yinjiriye mu mpaka zimaze iminsi hagati y’abahanzi Pallaso na King Saha, avuga ko abo...

Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga

Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga

by MUNYANKINDI Alphonse
17 hours ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa kisilamu (Nikkah) n’umugabo we Hamza Ssebunya bwabaye kera mu...

Ykee Benda yatangaje ko agiye kwibaruka impanga z’abana batatu

Ykee Benda yatangaje ko agiye kwibaruka impanga z’abana batatu

by Alex RUKUNDO
2 days ago

Umuhanzi Ykee Benda abinyujije ku rukuta rwe rw X (twitter) yatangaje ko mu minsi mike agiye kwibaruka impaga z’abana batatu...

Next Post
Hannah Karema Tumukunde wahoze ari miss wa Uganda yiyamamarije kuyobora Guild muri Makerere

Hannah Karema Tumukunde wahoze ari miss wa Uganda yiyamamarije kuyobora Guild muri Makerere

Amatike yo kwinjira mu gitaramo cya Doja Cat yamaze gushira

Amatike yo kwinjira mu gitaramo cya Doja Cat yamaze gushira

Dore bimwe mu bimetso biranga indwara ya infections ku bagore

Dore bimwe mu bimetso biranga indwara ya infections ku bagore

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha
Imyidagaduro

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga
Imyidagaduro

Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
FERWAFA yamaganye abakinnyi b’Amavubi bazanye abana mu kibuga nyuma yo gutsinda
Ibirori

FERWAFA yamaganye abakinnyi b’Amavubi bazanye abana mu kibuga nyuma yo gutsinda

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
Ubushakashatsi bushya bwerekana uko Ukwezi kwavutse nyuma y’ikorwa rikomeye ryabaye mu isanzure
Ikoranabuhanga

Ubushakashatsi bushya bwerekana uko Ukwezi kwavutse nyuma y’ikorwa rikomeye ryabaye mu isanzure

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.