• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, January 17, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Phina Masanyalaze yatangaje yambwe 10,000 by’amagande mu ndirimbo “calypso” ya Bebi Wine

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
January 17, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzikazi Phina Masanyalaze yatangaje ko yahembwe shilingi 10,000  (Ugx 10,000) gusa kubera uruhare rwe mu mashusho y’indirimbo Bada ya Bobi Wine, ariko iyo ndirimbo avuga ko yamugiriye akamaro kanini nko ku menyekana izina rye rikamamara nk’umubyinnyi ndetse n’umuhanzi.

Ahagana mu mwaka wa 2007, indirimbo yitwa “calypso” yari yarigaruriye cyane imitima yabenshi n’uruganda rw’imyidagaduro muri Uganda, mu gihe indirimbo yitwa Bada ya Bobi Wine yari mu ndirimbo zicurangwa ku maradiyo yose n’ahandi hagiye hatandukanye.

Mu mashusho y’iyo ndirimbo, Bobi Wine yagaragayemo afatanyije n’uyu muhanzikazi Phina ufite amazina yiswe n’ababyeyi “Masanyalaze” Mugerwa, aho imibbyinire itari isanzwe yashimishije cyane abakunzi b’umuziki muri icyo gihe.

Uyu muhanzikazi yashimangiye ko iyo ndirimbo yagize uruhare runini mu guteza imbere izina rye nk’umubyinnyi n’umuhanzi, cyane ko yamuhesheje kwamamara kurushaho no kugeza kubafana be.

Phina Masanyalaze yanaboneyeho ko icyo gihe yambwe amashiringi 10,000 gusa ku mashusho y’iyo ndirimbo yamaze afi iminota itanu.

Ati: “ Nahembwe amashiringi10,000 gusa icyo gihe, ariko iyo ndirimbo yaramfashije cyane. Yarazamuye mu mwuga wanjye,” ibi byose Phina Masanyalaze yabigarutseho mu kiganiro yagiranye na Lil Pazo.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Gusubiranya Icyogogo cya Congo-Nil: Umushinga uri guteza imbere ubuzima, ibidukikije n’imibereho y’abaturage

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

A Pass yatangaje uko rimix ya Gamululu na Konshens yazamuye umuziki we

A Pass yatangaje uko rimix ya Gamululu na Konshens yazamuye umuziki we

by Alex RUKUNDO
5 hours ago

Indirimbo ya A Pass yasohotse mu 2016, ari yo Gamululu yakorewe remix afatanyije n’umuhanzi ukunzwe ku rwego mpuzamahanga Konshens, yabaye...

A$AP Rocky agaragaza uko urugendo rurerure rw’ubucuti na Rihanna rwarangiye ruvuyemo umuryango

A$AP Rocky agaragaza uko urugendo rurerure rw’ubucuti na Rihanna rwarangiye ruvuyemo umuryango

by MUNYANKINDI Alphonse
5 hours ago

Umuraperi w’Umunyamerika A$AP Rocky yatangaje ko umubano we na Rihanna wubakiye ku rugendo rurerure rw’ubucuti, kwiyumvanamo no gutegereza igihe gikwiye,...

Uganda: Karole Kasita yiyongereye ku bandi bahanzi basohotse iguhugu

Uganda: Karole Kasita yiyongereye ku bandi bahanzi basohotse iguhugu

by Alex RUKUNDO
6 hours ago

Muri Uganda nyuma y’uko Heena asohote mu gihugu, umuhanzikazi Karole Kasita yiyongereye ku bandi bahanzi bo muri Uganda bahisemo gusohoka mu...

Phina Masanyalaze yatangaje yambwe 10,000 by’amagande mu ndirimbo “calypso” ya Bebi Wine
Imyidagaduro

Phina Masanyalaze yatangaje yambwe 10,000 by’amagande mu ndirimbo “calypso” ya Bebi Wine

by Alex RUKUNDO
January 17, 2026
Gusubiranya Icyogogo cya Congo-Nil: Umushinga uri guteza imbere ubuzima, ibidukikije n’imibereho y’abaturage
Ubuzima

Gusubiranya Icyogogo cya Congo-Nil: Umushinga uri guteza imbere ubuzima, ibidukikije n’imibereho y’abaturage

by MUNYANKINDI Alphonse
January 17, 2026
A Pass yatangaje uko rimix ya Gamululu na Konshens yazamuye umuziki we
Imyidagaduro

A Pass yatangaje uko rimix ya Gamululu na Konshens yazamuye umuziki we

by Alex RUKUNDO
January 17, 2026
A$AP Rocky agaragaza uko urugendo rurerure rw’ubucuti na Rihanna rwarangiye ruvuyemo umuryango
Imyidagaduro

A$AP Rocky agaragaza uko urugendo rurerure rw’ubucuti na Rihanna rwarangiye ruvuyemo umuryango

by MUNYANKINDI Alphonse
January 17, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.