• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, March 6, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Mu mahanga

Perezida Trump yatangaje ko Iran na Israel bemeye guhagarika imirwano

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
June 24, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko hagati ya Iran na Israel bemeranyijwe guhagarika imirwano”.

Trump avuga ko biteganijwe ko imirwano iza guhagarara mu masaha ari imbere “ ibihugu byombi bimaze gucururuka no kurangiza iterambere ryabyo n’ubutumwa bugikomeje bw’amahoro!”

Mu butumwa Trump yanditse ku rubuga rwa, Truth Social, yavuze ko aya masezerano atangira kubahirizwa mu masaha arenga 24. Yongeyeho kandi ko ni bimara gukunda agahege kakaboneka, bizashyira “iherezo ” ku ntambara imaze iminsi 12.

Trump yakomeje agira ati:“ Iran izatangira CEASEFIRE kandi, ku isaha ya 12, na Israel itangire CEASEFIRE, maze ku isaha ya 24, ni Iherezo ku mugaragaro ku NTAMBARA Y’IMINSI 12 ’Isi izabyishimira.”

Nta gihugu na kimwe muri ibi bihanganye cyemeje aya makuru ko imirwano ihagarara, gusa Iran ivuga ko niba Israel ihagaritse ibitero byayo, Iran nayo izahagarika ibitero byayo. Israel yo ntiratanga ibisobanuro ku byatangajwe na Trump.

Impinga

Share2Tweet1Send
Previous Post

Ibirayi byongerewe ubushobozi byitezweho impinduka mu buhinzi n’ibiribwa mu Rwanda

Next Post

Iran yagabye ibitero bikomeye bya Missiles ku Kigo cy’Ingabo za Amerika kiri muri Qatar

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
12 hours ago

Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze...

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
12 hours ago

Umunyarwanda yatorewe kuba umukuru w’ihuriro ry'abanglikani ritemera amwe mu amahame y'ubutegetsi busanzweho bw’iri dini ku isi rikuriwe na Archbishop of...

Ava Peace yatangaje ko impano z’isabukuru ye zarenze miliyoni 100 UGX

Ava Peace yatangaje ko impano z’isabukuru ye zarenze miliyoni 100 UGX

by MUNYANKINDI Alphonse
1 day ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Ava Peace yatangaje ko mu birori byo kwizihiza isabukuru ye y’amavuko yakusanyije impano n’amafaranga birenga miliyoni...

Next Post
Iran yagabye ibitero bikomeye bya Missiles ku Kigo cy’Ingabo za Amerika kiri muri Qatar

Iran yagabye ibitero bikomeye bya Missiles ku Kigo cy'Ingabo za Amerika kiri muri Qatar

Rubavu haravugwa tumwe mutubari tutubahiriza amasaha

Rubavu haravugwa tumwe mutubari tutubahiriza amasaha

Ubwongereza bwatangaje ko bugiye kugura indege z’intambara 12 zishobora kurashisha intwaro za nikleyeri

Ubwongereza bwatangaje ko bugiye kugura indege z’intambara 12 zishobora kurashisha intwaro za nikleyeri

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina
Imyidagaduro

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala
Imyidagaduro

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026
Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi
Iyobokamana

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.