• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, January 16, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Patrick Salvado yashyize umucyo ku makuru amaze igihe avugwa ku mugore we Daphine

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
September 5, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umunyarwenya wo muri Uganda, Patrick Salvado, yashyize umucyo ku makuru maze gihe avugwa ku mugore we, Daphine Frankstock, ubu utuye muri Canada, avuga ko ameze neza kandi yishimye, nubwo hari hashize igihe havugwa ibihuha bitandukanye.

Mu mpera za 2024, hakwirakwiye inkuru zivuga ko Daphine yaba yaragiye rihishwa muri Canada, asize Salvado n’abana babo, agamije gushakira ubuzima bwiza muri iki gihugu.

Ariko Salvado yasobanuye ko icyemezo cyo kwimukira muri Canada cyafashwe n’impande zombi, gishingiye ku byifuzo by’umugore we, atari ibibazo by’urugo.

Yagize ati: “ Gushaka ubuzima bwiza ntibivuze ko hari ibibazo by’umuryango. Njye nshobora kuba narimo gukora neza, ariko umugore wanjye we ntabibone neza, agahitamo kujya gukorera umuryango mu kindi gihugu. Hari icyo mwumvise yaburaga mu buzima bwe cyagwa ubushyamirane hagati ye nanjye.”

Yongeyeho ko kuba ari icyamamare muri Uganda byamubereye imbogamizi mu gushakira umugore we akazi, kuko abashakaga kumukoresha batinyaga bavuga ko byazagira ingaruka mu gihe batamufashije.

Yagize ati: “ Ntibyanyoroheye kubona akazi k’umugore wanjye hano kuko abashaka ku mukoresha batinyaga bavuga ko nzabashyira ku karubanda nibamufata nabi kubera izina ryanjye. Ahubwo izina ryanjye rya mubereye inzitizi, bituma nta mahirwe abona.”

Ku bw’iyo mpamvu, ndetse n’inama y’abavandimwe ba Salvado basanzwe baba mu mahanga, Daphine yafashe icyemezo cyo kwimukira muri Canada. Uyu muhanzi avuga ko iki cyemezo cyabahaye ituze n’ubwumvikane mu rugo rwabo.

Ati: “Ameze neza, arishimye, kandi ibibazo twagiraga mu rugo ubu byarashize. Ubu turi mu bihe byiza cyane.”

Share2Tweet1Send
Previous Post

Umuhanzi Mr. Wind yikomye Bebe Cool na Bobi Wine

Next Post

Zayra Baby yashyize ahagaragara impamvu yatumye atagaragara cyane kuri murandasi

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

by MUNYANKINDI Alphonse
56 minutes ago

Mu gihe benshi bamumenyereye nk’umukinnyi wa filime ukunzwe cyane mu Rwanda, Niyitegeka Gratien, uzwi nka Papa Sava, amaze imyaka irenga...

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
2 hours ago

Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bazwi ku rwego mpuzamahanga, Todd Galberth na Naomi Raine, batangaje ko u Rwanda...

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

by Alex RUKUNDO
23 hours ago

Abakunzi b’imyidagaduro n’urwenya baritegura ijoro ridasanzwe kuri uyu wa Kane tariki ya 15 Mutarama 2026, ubwo hateganyijwe igitaramo cya Gen Z...

Next Post
Zayra Baby yashyize ahagaragara impamvu yatumye atagaragara cyane kuri murandasi

Zayra Baby yashyize ahagaragara impamvu yatumye atagaragara cyane kuri murandasi

Rahmah Pinky yatangaje uko afata Cindy na Sheebah

Rahmah Pinky yatangaje uko afata Cindy na Sheebah

Gloriose Musabyimana wamamaye nka Gogo yitabye Imana

Gloriose Musabyimana wamamaye nka Gogo yitabye Imana

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira
Imyidagaduro

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026
Menya imwe mu miti ishobora kugabanya ‘ingufu z’abagabo’ mu gihe cyo gutera akabariro
Ubuzima

Menya imwe mu miti ishobora kugabanya ‘ingufu z’abagabo’ mu gihe cyo gutera akabariro

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026
RURA yashyize iherezo ku rujijo rw’imikoreshereze ya USSD codes zishingiye ku miyoboro ya telephone
Ikoranabuhanga

RURA yashyize iherezo ku rujijo rw’imikoreshereze ya USSD codes zishingiye ku miyoboro ya telephone

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026
Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda
Imyidagaduro

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.