• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Thursday, April 2, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Patrick Salvado yashyize umucyo ku makuru amaze igihe avugwa ku mugore we Daphine

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
September 5, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umunyarwenya wo muri Uganda, Patrick Salvado, yashyize umucyo ku makuru maze gihe avugwa ku mugore we, Daphine Frankstock, ubu utuye muri Canada, avuga ko ameze neza kandi yishimye, nubwo hari hashize igihe havugwa ibihuha bitandukanye.

Mu mpera za 2024, hakwirakwiye inkuru zivuga ko Daphine yaba yaragiye rihishwa muri Canada, asize Salvado n’abana babo, agamije gushakira ubuzima bwiza muri iki gihugu.

Ariko Salvado yasobanuye ko icyemezo cyo kwimukira muri Canada cyafashwe n’impande zombi, gishingiye ku byifuzo by’umugore we, atari ibibazo by’urugo.

Yagize ati: “ Gushaka ubuzima bwiza ntibivuze ko hari ibibazo by’umuryango. Njye nshobora kuba narimo gukora neza, ariko umugore wanjye we ntabibone neza, agahitamo kujya gukorera umuryango mu kindi gihugu. Hari icyo mwumvise yaburaga mu buzima bwe cyagwa ubushyamirane hagati ye nanjye.”

Yongeyeho ko kuba ari icyamamare muri Uganda byamubereye imbogamizi mu gushakira umugore we akazi, kuko abashakaga kumukoresha batinyaga bavuga ko byazagira ingaruka mu gihe batamufashije.

Yagize ati: “ Ntibyanyoroheye kubona akazi k’umugore wanjye hano kuko abashaka ku mukoresha batinyaga bavuga ko nzabashyira ku karubanda nibamufata nabi kubera izina ryanjye. Ahubwo izina ryanjye rya mubereye inzitizi, bituma nta mahirwe abona.”

Ku bw’iyo mpamvu, ndetse n’inama y’abavandimwe ba Salvado basanzwe baba mu mahanga, Daphine yafashe icyemezo cyo kwimukira muri Canada. Uyu muhanzi avuga ko iki cyemezo cyabahaye ituze n’ubwumvikane mu rugo rwabo.

Ati: “Ameze neza, arishimye, kandi ibibazo twagiraga mu rugo ubu byarashize. Ubu turi mu bihe byiza cyane.”

Share2Tweet1Send
Previous Post

Umuhanzi Mr. Wind yikomye Bebe Cool na Bobi Wine

Next Post

Zayra Baby yashyize ahagaragara impamvu yatumye atagaragara cyane kuri murandasi

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Ykee Benda yatangaje ko agiye kwibaruka impanga z’abana batatu

Ykee Benda yatangaje ko agiye kwibaruka impanga z’abana batatu

by Alex RUKUNDO
17 hours ago

Umuhanzi Ykee Benda abinyujije ku rukuta rwe rw X (twitter) yatangaje ko mu minsi mike agiye kwibaruka impaga z’abana batatu...

“Dushishikaje no gushaka amafaranga nta guhangan” – B2C

“Dushishikaje no gushaka amafaranga nta guhangan” – B2C

by Alex RUKUNDO
19 hours ago

Itsinda rigizwe n’abahanzi batatu ryitwa B2C Entertainment ryatangaje ko ritita ku makimbirane aterwa n’umuziki cyagwa aturuka ku bahanzi, ibi babitagaje...

Umunyamakuru DC Clement yatawe muri yombi kubera ikibazo cy’inyubako

Umunyamakuru DC Clement yatawe muri yombi kubera ikibazo cy’inyubako

by MUNYANKINDI Alphonse
21 hours ago

Umunyamakuru wa Isibo Radio, Niyigaba Clement uzwi nka DC Clement, yafashwe ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri, tariki ya...

Next Post
Zayra Baby yashyize ahagaragara impamvu yatumye atagaragara cyane kuri murandasi

Zayra Baby yashyize ahagaragara impamvu yatumye atagaragara cyane kuri murandasi

Rahmah Pinky yatangaje uko afata Cindy na Sheebah

Rahmah Pinky yatangaje uko afata Cindy na Sheebah

Gloriose Musabyimana wamamaye nka Gogo yitabye Imana

Gloriose Musabyimana wamamaye nka Gogo yitabye Imana

Ykee Benda yatangaje ko agiye kwibaruka impanga z’abana batatu
Imyidagaduro

Ykee Benda yatangaje ko agiye kwibaruka impanga z’abana batatu

by Alex RUKUNDO
April 1, 2026
“Dushishikaje no gushaka amafaranga nta guhangan” – B2C
Imyidagaduro

“Dushishikaje no gushaka amafaranga nta guhangan” – B2C

by Alex RUKUNDO
April 1, 2026
Haringingo yongeye kugirwa umutoza wa Rayon Sports
Imikino

Haringingo yongeye kugirwa umutoza wa Rayon Sports

by MUNYANKINDI Alphonse
April 1, 2026
Umunyamakuru DC Clement yatawe muri yombi kubera ikibazo cy’inyubako
Imyidagaduro

Umunyamakuru DC Clement yatawe muri yombi kubera ikibazo cy’inyubako

by MUNYANKINDI Alphonse
April 1, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.