• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Monday, December 1, 2025
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Patrick Salvado yashyize umucyo ku makuru amaze igihe avugwa ku mugore we Daphine

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
September 5, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umunyarwenya wo muri Uganda, Patrick Salvado, yashyize umucyo ku makuru maze gihe avugwa ku mugore we, Daphine Frankstock, ubu utuye muri Canada, avuga ko ameze neza kandi yishimye, nubwo hari hashize igihe havugwa ibihuha bitandukanye.

Mu mpera za 2024, hakwirakwiye inkuru zivuga ko Daphine yaba yaragiye rihishwa muri Canada, asize Salvado n’abana babo, agamije gushakira ubuzima bwiza muri iki gihugu.

Ariko Salvado yasobanuye ko icyemezo cyo kwimukira muri Canada cyafashwe n’impande zombi, gishingiye ku byifuzo by’umugore we, atari ibibazo by’urugo.

Yagize ati: “ Gushaka ubuzima bwiza ntibivuze ko hari ibibazo by’umuryango. Njye nshobora kuba narimo gukora neza, ariko umugore wanjye we ntabibone neza, agahitamo kujya gukorera umuryango mu kindi gihugu. Hari icyo mwumvise yaburaga mu buzima bwe cyagwa ubushyamirane hagati ye nanjye.”

Yongeyeho ko kuba ari icyamamare muri Uganda byamubereye imbogamizi mu gushakira umugore we akazi, kuko abashakaga kumukoresha batinyaga bavuga ko byazagira ingaruka mu gihe batamufashije.

Yagize ati: “ Ntibyanyoroheye kubona akazi k’umugore wanjye hano kuko abashaka ku mukoresha batinyaga bavuga ko nzabashyira ku karubanda nibamufata nabi kubera izina ryanjye. Ahubwo izina ryanjye rya mubereye inzitizi, bituma nta mahirwe abona.”

Ku bw’iyo mpamvu, ndetse n’inama y’abavandimwe ba Salvado basanzwe baba mu mahanga, Daphine yafashe icyemezo cyo kwimukira muri Canada. Uyu muhanzi avuga ko iki cyemezo cyabahaye ituze n’ubwumvikane mu rugo rwabo.

Ati: “Ameze neza, arishimye, kandi ibibazo twagiraga mu rugo ubu byarashize. Ubu turi mu bihe byiza cyane.”

Share2Tweet1Send
Previous Post

Umuhanzi Mr. Wind yikomye Bebe Cool na Bobi Wine

Next Post

Zayra Baby yashyize ahagaragara impamvu yatumye atagaragara cyane kuri murandasi

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
6 hours ago

Umuhanzi zo kuramya no guhimbaza Imana Richard Nick Ngendahayo nyuma yo gukora igitaramo kikitabirwa n’abantu benshi ndetse umubare w’abihana ukiyongera...

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

by MUNYANKINDI Alphonse
7 hours ago

Richard Nick Ngendahayo ni umwe mu bahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi cyane mu Rwanda no hanze yarwo....

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

by MUNYANKINDI Alphonse
8 hours ago

Irene Ingabire Kamanzi ni umuhanzi wa menyekanye hano mu Rwanda cyane mu kuririmba indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana uzwi kw'izina ry'ubuhanzi...

Next Post
Zayra Baby yashyize ahagaragara impamvu yatumye atagaragara cyane kuri murandasi

Zayra Baby yashyize ahagaragara impamvu yatumye atagaragara cyane kuri murandasi

Rahmah Pinky yatangaje uko afata Cindy na Sheebah

Rahmah Pinky yatangaje uko afata Cindy na Sheebah

Gloriose Musabyimana wamamaye nka Gogo yitabye Imana

Gloriose Musabyimana wamamaye nka Gogo yitabye Imana

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda
Imyidagaduro

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana
Amateka

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry
Amateka

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Jose Chameleone ategerejwe mu majyaruguru ya Uganda
Imyidagaduro

Jose Chameleone ategerejwe mu majyaruguru ya Uganda

by Alex RUKUNDO
November 30, 2025

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.