Rayon Sports ikomeje kwiyubaka: Bangala yamaze gusinyishwa, Kwizera ari hafi gutangazwa
Ikipe ya Rayon Sports ikomeje kugaragaza ko ifite intego zo kongera kuba ku rwego rwo hejuru, nyuma yo gutangira isoko ry’igura n’igurisha abakinnyi isinyisha myugariro w’Umunya-Congo, Yannick Bangala Litomba, mu gihe iri hafi kurangiza ibiganiro byo gutwara umunyezamu w’Ikipe y’Igihugu, Olivier Kwizera. Ku wa 2...









