Umwaka utaha wa 2026 u Rwanda ruzatangira gukoresha umuti wa Lenacapavir Yeztugo urinda SIDA
Umuyobozi w’Ishami rishinzwe kurwanya virusi itera SIDA mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC), Dr Ikuzo Basile, yatangaje ko nibigenda neza, mu mwaka wa 2026 u Rwanda ruzatangira gukoresha umuti wa Lenacapavir Yeztugo, utangwa inshuro ebyiri mu mwaka kandi ukarinda umuntu kwandura SIDA. Yabitangaje mu kiganiro...









