Richard Nick Ngendahayo yakumbuje abafana be igitaramo
Umuramyi Richard Nick Ngendahayo, wamamaye mu ndirimbo zisingiza Imana zafashije abari bake mu gihugu no hanze cyo, yageze i Kigali nyuma y’imyaka irenga 15 aba mu Mujyi wa Dallas muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika. Yasesekaye ku Kibuga cy'indege mpuzamahanga cy'i Kigali i Kanombe mu ijoro...









