Bashaka kudobya igitaramo cyanjye, Davis D avuga kubatumiye Nasty C i Kigali.
Ubuyobozi bwa Access, inama n’ibirori bigiye kubera mu Rwanda kuva 14-16 Ukwakira 2024, bwahumurije Davis D nyuma y’uko bombi bahuriye ku gutumira Nasty C mu bitaramo bibiri byose biteganyijwe kubera mu Mujyi wa Kigali mu kwezi kumwe. Ibi ubuyobozi bwa Access bwabigarutseho nyuma yo kugaragarizwa...









