U Rwanda rwatsinze Marburg, Minisiteri y’ubuzima ifunga ibitaro byavurirwagamo abayanduye.
Minisiteri y’Ubuzima (Minisante) yatangaje ko iminsi yo gukurikirana abahuye n’abanduye indwara ya Marburg yarangiye.
Minisiteri y’Ubuzima (Minisante) yatangaje ko iminsi yo gukurikirana abahuye n’abanduye indwara ya Marburg yarangiye.
Abarenga 84% ntibahawe ubufasha: Imibereho y’abangavu baterwa inda mu Rwanda.
Abanyamuryango ba Rotary Club Kigali Mont Jali bizihije isabukuru y’imyaka 25 bakora ibikorwa bitandukanye bihindura imibereho n’ubuzima bw’Abanyarwanda mu ngeri zitandukanye, banahiga kuzakora imishinga itatu irimo uwo gufasha abana barwaye Autism no guha ibikoresho urubyiruko ruva mu magororero ngo rushobore kwikorera rutandukane no gusubira mu...
Ubusanzwe kugira umunaniro bishobora guterwa n’impamvu nyinshi,nko kuba wakoze cyane,stress,…. Nubona ukunda kugira umunaniro wa hato na hato ndetse niyo waba waruhutse,umutima wawe ushobora kuba watangiye gukora nabi,Umwuka mwiza wa oxygen ushobora kuba wabaye muke mu mikaya.
Ibikoresho by’ikoranabuhanga byimukanwa ni ibikoresho bishobora guhuzwa n’ibindi nka mudasobwa cyangwa imiyoboro ya murandasi kugirango bibikweho amakuru. Bimwe muri ibyo bikoresho ni nka: Furashi disiki Hadi disiki (External hard disks) CD DVD Telefoni zigendanwa na tabuleti Ibikoresho by’ikoranabuhanga byimukanwa birakunzwe cyane kubera uburyo bitwarika byoroshye,...