Perezida Kagame yashimiye inzego z’umutekano zitagoheka k’ubwo umutekano wu Rwanda
Perezida Paul Kagame akaba n’Umugaba w’Ikirenga w’Ingabo z’u Rwanda yashimye ubunyamwuga n’ubwitange byaranze Ingabo z’u Rwanda (RDF) n’izindi nzego z’umutekano mu mwaka wa 2025, ndetse abashimira uruhare rukomeye bagira mu kubungabunga amahoro n’umutekano w’igihugu no mu butumwa bwo kubungabunga amahoro boherezwamo mu mahanga. Ni ubutumwa...









