• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, April 3, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

“Nta muhanzi uzongera guhendwa ku bihangano bye” – Cindy Sanyu

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
March 19, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzikazi Cindy Sanyu yasobanuye uko amafaranga azajya asaraganywa nyuma y’uko Inteko Ishinga Amategeko ya Uganda yemeje itegeko rushya rya copyright.

Cindy yavuze ko iyi gahunda nshya ari intambwe ikomeye ku bahanzi, cyane ko mu myaka yashize ari bo bakoraga cyane ariko bagahabwa amafaranga make ugereranyije n’abandi bafatanyabikorwa.

Yagaragaje ko mu buryo bushya, abahanzi bazajya bafata 60% by’amafaranga yinjizwa, mu gihe 40% azajya asaraganywa hatagti ya Leta, abafatanyabikorwa, n’abatunganya umuziki (producers).

Cindy yavuze ko kugira ngo producers bungukire cyane muri iyi gahund, bagomba kubanza kwandikisha injyana (Beat) zabo mu bigo birimo Uganda Performing Rights Society (UPRS) na Uganda Registration Services Bureau (URSB).

Ati: “Kugira ngo producer abone amafaranga muri iyi gahunda, agomba kuba yarandikishije beats ze muri UPRS na URSB kugira ngo ahabwe code. Buri gihe iyo beat ikoreshwa, abasha kubona inyungu ye.”

Yongeyeho ko abatunganya umuziki batifuza gukoresha ubu buryo bwo kwiyandikisha, bashobora kumvikana n’abahanzi ku buryo bazishyurwa mu buryo bwihariye mu gihe bakorera hamwe muri studio.

Cindy kandi yanaburiye abahanzi bakora remix, abasaba kubanza gusaba uburenganzira bwanditse mbere yo gusubiramo ibihangano by’abandi.

Ati: “Ntabwo byica amategeko igihe cyose bafite uburenganzira bwanditse kandi bwatanzwe n’umuhanzi nyiribwite. Rero iyo ufite ubwo burenganzira bukwemerera gukora remix y’indirimbo cyagwa beat, ariko iyo utabufite urahanwa igihe wakoresheje igihangano utabiherewe uburenganzira.”

Yasoje ashimangira ko yiteguye ko abandi bashobora kungukira ku bihangano bye, ariko binyuze mu bwumvikane hagati y’impande zombi.

Ati: “Igihe cyose twicaye tukaganira ku buryo nshobora kubona umugabane wanjye, nta kibazo nabigiraho. Dushora amafaranga menshi mu muziki wacu, ni yo mpamvu tugomba kubona inyungu zawo.”

Share2Tweet1Send
Previous Post

Jowy Landa yatangaje ko yifuza gukorana na King Saha

Next Post

“Abahanzi bo muri Uganda dukwiye gushima Imana ko dufite ubwigenge” – Cindy Sanyu

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha

by MUNYANKINDI Alphonse
15 hours ago

Umunyapolitiki wo muri Uganda Mubarak Munyagwa yinjiriye mu mpaka zimaze iminsi hagati y’abahanzi Pallaso na King Saha, avuga ko abo...

Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga

Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga

by MUNYANKINDI Alphonse
16 hours ago

Umuhanzikazi wo muri Uganda Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa kisilamu (Nikkah) n’umugabo we Hamza Ssebunya bwabaye kera mu...

Ykee Benda yatangaje ko agiye kwibaruka impanga z’abana batatu

Ykee Benda yatangaje ko agiye kwibaruka impanga z’abana batatu

by Alex RUKUNDO
1 day ago

Umuhanzi Ykee Benda abinyujije ku rukuta rwe rw X (twitter) yatangaje ko mu minsi mike agiye kwibaruka impaga z’abana batatu...

Next Post
“Abahanzi bo muri Uganda dukwiye gushima Imana ko dufite ubwigenge” – Cindy Sanyu

"Abahanzi bo muri Uganda dukwiye gushima Imana ko dufite ubwigenge" - Cindy Sanyu

Juno Kizigenza, Kivumbi King na Bob Pro bashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya bahuriyemo bise “Kirigute”

Juno Kizigenza, Kivumbi King na Bob Pro bashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya bahuriyemo bise "Kirigute"

“Mercedes Benz nahawe ni impano” – Tracy Melon

“Mercedes Benz nahawe ni impano” – Tracy Melon

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha
Imyidagaduro

Munyagwa yavuze ko Pallaso adakwiye kugereranywa na King Saha

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga
Imyidagaduro

Rema Namakula yatangaje ko ubukwe bwe bwa Nikkah na Hamza Ssebunya bwabaye mu ibanga

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
FERWAFA yamaganye abakinnyi b’Amavubi bazanye abana mu kibuga nyuma yo gutsinda
Ibirori

FERWAFA yamaganye abakinnyi b’Amavubi bazanye abana mu kibuga nyuma yo gutsinda

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026
Ubushakashatsi bushya bwerekana uko Ukwezi kwavutse nyuma y’ikorwa rikomeye ryabaye mu isanzure
Ikoranabuhanga

Ubushakashatsi bushya bwerekana uko Ukwezi kwavutse nyuma y’ikorwa rikomeye ryabaye mu isanzure

by MUNYANKINDI Alphonse
April 2, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.