• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, March 6, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

“Nkora igitaramo iyo abafana babinsabye” – Pallaso

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
March 4, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzi Pallaso yatangaje uko abona ibitaramo mu buryo butandukanye n’uko benshi babitekereza, ashimangira ko kuri we atareba ibijyanye n’amafaranga gusa.

Mu kiganiro yagiranye na Sanyuka TV, Pallaso yasobanuye ko adategura ibitaramo kubera umwaka mushya cyangwa se kubera ko abantu babimutegerejeho kuko agomba kubikora. Ahubwo ko ategereza abafana babimusaba.

Yagize ati: “Nkora igitaramo nk’uburyo bwo gusubiza ubusabe bw’abafana. Iyo babisabye.

Yibukije igitaramo cya VIP aherutse gukora muri Gicurasi umwaka ushize kuri Lugogo Crictet Oval, avuga ko byari ijoro ridasanzwe aho abafana babashije kwishimira umuziki we ku rwgo rushimishije. Kuri we, avuga ko igitaramo gikwiyw kuba umwanya wo gusangira ibyishimo hagati y’abahanzi n’abafana.

Pallaso yanagaragaje ukuri kubijyanye n’amafaranga. Bitandukanye n’uko benshi babitekereza, yavuze ko ibitaramo muri Kampala bitajya byinjiza inyungu nyinshi, ndetse ko igitaramo gishobora gutwara amafaranga menshi mu gutegurwa.

Kuri we, ibitaramo abifata nk’uburyo bwo uguha abafana ibyishimo ndetse no kwegerana nabo binyuze mu muziki, bitandukanye n’uburyo busanzwe bwo kuririmba mu tubari ndetse no kubibua by’imyidagaduro.

Kubera ko afite indirimbo nyinshi zakunzwe, pallaso avuga ko ahora asusurutsa abafana mu tubari no mu bindi bibuga bitandukanye mu gihugu kandi mu gihe kingana n’umwaka wose. Ibityo yumva ko ntamamvu ashyirwaho igitutu cyo gutegura ibitaramo binini.

Akomeza avuga ko bishoboka ko ibitaramo byaba uburyo bwo kwamamaza ibihangano, cyane cyane iyo umuhanzi akoranye n’abaterankunga. Gusa nanone yagaragaje ko kwamamaza Atari ibintu bimushishikaza.

Yagize ati: “Ku bwanjye, ibitaramo ndimo gukora muri iyi minsi si ibyo kwamamaza, kuko nsanzwe ndi umuhanzi ukomeye mu ruganda rwa muzika. Mbikora mu rwego rwo gushimira no guha ibyishimo abafana banjye.”

Share2Tweet1Send
Previous Post

Element Eleeh agiye gutaramira i Kampala mu gitaramo cya Comedy Store

Next Post

“Ubuyobozi bwa Bobi Wine bwatangiriye muri Ghetto” – Buchaman

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
6 hours ago

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atari kwiyiriza nk’abandi bisilam mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, avuga ko afite...

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
6 hours ago

Umuhanzi w’Umunya-Kenya Karelina ari kwiyubaka buhoro buhoro mu ruhando rw’umuziki, aho akoresha ururimi rw’Igikuyu n’Icyongereza mu buryo bugaragara nk’ubutateguwe, ahubwo...

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
10 hours ago

Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze...

Next Post
“Ubuyobozi bwa Bobi Wine bwatangiriye muri Ghetto” – Buchaman

"Ubuyobozi bwa Bobi Wine bwatangiriye muri Ghetto" - Buchaman

Salvador na Teacher Mpamire biteguye gusetsa Kigali

Salvador na Teacher Mpamire biteguye gusetsa Kigali

“Natekereje kuva mu ruganda rw’umuziki muri Uganda”- D Star

"Natekereje kuva mu ruganda rw'umuziki muri Uganda"- D Star

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina
Imyidagaduro

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala
Imyidagaduro

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026
Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi
Iyobokamana

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.