• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, March 7, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Nabaye umuherwe mfite imyaka 25 – Hon. Balaam Barugahar

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
February 5, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Hon. Balaam Barugahara, umucuruzi ukomeye kandi uzwi cyane muri Uganda ndetse akaba ari na Minisitiri w’Igihugu ushinzwe Iterambere ry’Imibereho y’Abaturage, Umurimo n’Imibereho Myiza mu rwego rushinzwe Abana n’Urubyiruko, yatangaje ko yabaye umuherwe (billionaire) akiri muto afite imyaka 25.

Umu kiganiro yagiranye na Spark TV, Hon. Balaam, uzwi ho kuba akunda ibikorwa by’imyidagaduro nk’umunyamakuru ndetse akaba anakunda gutera inkunga ibikorwa b’umuziki, yanavuze ko Imana yamuhaye ubutunzi akiri muto. Ariko nannone akaba abishimira Imana.

Uyu mugabo w’imyaka 46 y’amavuko, yavuze ko icyo asigaye asaba Imana ari ukumufasha kubasha kumva no kwakira ibibazo by’abantu bayo, ndetse no kugira inama ubuyobozi mu mbagara ze nke.

Yagize ati: “Nshobora kwemeza ko ndi umuherwe kuko ndi umusoreshwa wo hagati, ntanga imisoro myinshi kandi mfite imirimo myinshi ishobota gutangwa ku rubyiruko rwinshi no mu bitangazamakuru bitandukanye no mu bucuruzi butandukanye dukora.”

Yakomeje agira ati: “Imana yampaye amafaranga nkiri muto. Nabaye umuherwe mfite imyaka 25. Ubu ndi kwitangira gukorera abanya-Uganda.”

Yasoje avuga ko icyo asaba Imana ari ku mufasha akajya afasha abantu, no gufasha abatishobo ndetse no kubagira inma, ashimangira ko atari buri wese ubashakugera mu biro bye akeneye amafaranga, ahubwo ko hari ababa bakeneye inama zibafasha.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Eddy Kenzo yasobanuriye impamvu atitabiriye Grammy

Next Post

Musanze: RIB yataye muri yombi umubyeyi ukurikiranyweho guhohotera umwana we

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
16 hours ago

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atari kwiyiriza nk’abandi bisilam mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, avuga ko afite...

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
17 hours ago

Umuhanzi w’Umunya-Kenya Karelina ari kwiyubaka buhoro buhoro mu ruhando rw’umuziki, aho akoresha ururimi rw’Igikuyu n’Icyongereza mu buryo bugaragara nk’ubutateguwe, ahubwo...

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
21 hours ago

Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze...

Next Post
Musanze: RIB yataye muri yombi umubyeyi ukurikiranyweho guhohotera umwana we

Musanze: RIB yataye muri yombi umubyeyi ukurikiranyweho guhohotera umwana we

DJ Pius yatangaje ko agiye gukorera igitaramo muri Amerika

DJ Pius yatangaje ko agiye gukorera igitaramo muri Amerika

Harmonize yongera kurahira urukundo rwa Kajala: “Ni we mahitamo yanjye ya nyuma”

Harmonize yongera kurahira urukundo rwa Kajala: “Ni we mahitamo yanjye ya nyuma”

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina
Imyidagaduro

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala
Imyidagaduro

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026
Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi
Iyobokamana

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.