• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, January 16, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Indirimbo ya Eddy Kenzo yise “Hope and Love” yegukanye igihembo cya Grammy Awards

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
November 11, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Eddy Kenzo, yagaragaje ibyishimo yinshi nyuma yo kumenya ko indirinbo ye yise “Hope and Love” yakoranye n’umuhanga mu gukora umuziki wo muri Iraki, Mehran Martin, yahawe igihembo cya Grammy Awards. 

Kenzo yavuze ko ayo makuru yayamenye bitunguranye ubwo yari mu cyumba cya hoteli i Mbale aho yari aruhukiye. Yavuze ko iki gihembo cya Grammy Awards, agihawe bwa kabiri.

Yagize ati: “Amakuru y’uko nabaye umwe batsindiye igihembo cya Grammy yangezeho nibereye mu cyumba cya hoteli i Mbale niruhukira, narindimo gukoresha konti ya X (Twitter), cyane ko nkunda kuyikoresha ndeba ibyo abantu bavuzwe . Nibwo nabonye umuntu yanditse avuga ko Ghana itabonetse ku rutonde rw’abatsinze, mpita njya gusuzuma, mpabona izina ryanjye riri mubatsinze. Umutima wanjye wahise usimbuka, nari ndi njyenyine mu cyumba, numva mbuze icyo gukora. Ariko byari ibyishimo,napfukamye nshimira Imana.”

Mu gusubiza amaso inyuma mu rugendo rwe rw’umuziki w’umuhanzi Eddy Kenzo, yasobanuye icyamufashije gutandukana n’abandi bahanzi bakomeye bo muri Uganda— ari byo kwihambira ku mwimerere we mu muziki.

Nyuma yo kumena ko indirimbo ye yise “Hope and Love” yegukanye igihembo yapfukamye ashimira Imana

Ati: “Icyintandukanya n’abandi bahanzi b’ ibiragirire muri Uganda ni uko mfite umwihariko wanjye. Icyo nicyo cyifasha cyane n’ubwo nigeze nkomeza amashuri ngo mbe umuntu ukomeye. Bityo ibyo sinabitindaho, nagumanye umwimerere wanjye. Ndi umuntu kunda gukoresha ukuri, utabeshya kandi ufite umwimerere. N’iyo nandika indirimbo cyagwa ntuganya merodi( Melodie) birigaragaza. ninjye ubwanjye, wishakira ijyana itandukanye n’izindi muri Uganda, hari nabo nkorera Melodie. Ibyo byose rero nkora bishingira ku bumeyi mfite.”

Kenzo yanaboneyeho gusobanura impamvu yahisemo gushyira indirimbo ye yise “Hope and Love” mu ipinganwa rya Grammy Awards, avuga ko ubutumwa bwayo bwuzuye urukundo n’icyizere cyane ko isi aribwo ikineye muri iki gihe.

Ati: “ Itandukaniro ry’indirimbo ‘Hope and Love’ ni ubutumwa bwayo gusa. Ni yo mpamvu ariyo natanze. Iyo urebye ibibera ku isi birababaje — intambara, ababyeyi baramana n’abana babo, Kwica hagati y’umwana n’umubyeyi n’ibindi byinshi, ikidukwiye n’uko tugirirana ikizere n’urukundo, kugirango tubane mu isi iragwamo amahoro n’urukundo.

Share2Tweet1Send
Previous Post

The Ben na Bruce Melodie bemeranyije gukorana mu bitaramo bigiye bitandukanye

Next Post

Uganda: Buchaman yatomagije indirimbo Juliana Kanyomozi na Bobi Wine bashyize hanze

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Umukobwa w’Imyaka 12 yongeye kunyeganyeza imbuga nkoranyambaga asaba Davido gukoresha DNA

Umukobwa w’Imyaka 12 yongeye kunyeganyeza imbuga nkoranyambaga asaba Davido gukoresha DNA

by Alex RUKUNDO
4 hours ago

Impaka ku busabe bwa kivy’ubuto hagati y’umuraperi w’icyamamare mu njyana ya Afrobeats  , David Adeleke wamenyekanya nka Davido, zasubiye rudubi...

Kizz Daniel yatangaje ko amafaranga atazana ibyishimo

Kizz Daniel yatangaje ko amafaranga atazana ibyishimo

by Alex RUKUNDO
5 hours ago

Umuhanzi ukomoka muri Nigeria wamamaye cyane, mundirimbo zigiye zitandukanye, Kizz Daniel, yagaragaje ko abayeho nk’umuntu ikennye nyuma yo gusobanukirwa ko...

Niyo Bosco n’umukunzi we Mukamisha Irene basezeranye  imbere y’Imana

Niyo Bosco n’umukunzi we Mukamisha Irene basezeranye imbere y’Imana

by Alex RUKUNDO
5 hours ago

Kuri uyu wa Gatanu, tariki ya 16 Mutarama 2026, habaye ubukwe bw’umuhanzi w’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana, Noyo Bosco,...

Next Post
Uganda: Buchaman yatomagije indirimbo Juliana Kanyomozi na Bobi Wine bashyize hanze

Uganda: Buchaman yatomagije indirimbo Juliana Kanyomozi na Bobi Wine bashyize hanze

Christopher yibukije abakoresha imbuga nkoranyambaga nabi ko ingaruka zigarura ku bana

Christopher yibukije abakoresha imbuga nkoranyambaga nabi ko ingaruka zigarura ku bana

Yvan Muziki agiye kumurika Album ‘Inganzo Ntahangarwa’

Yvan Muziki agiye kumurika Album 'Inganzo Ntahangarwa'

Umukobwa w’Imyaka 12 yongeye kunyeganyeza imbuga nkoranyambaga asaba Davido gukoresha DNA
Imyidagaduro

Umukobwa w’Imyaka 12 yongeye kunyeganyeza imbuga nkoranyambaga asaba Davido gukoresha DNA

by Alex RUKUNDO
January 16, 2026
Kizz Daniel yatangaje ko amafaranga atazana ibyishimo
Imyidagaduro

Kizz Daniel yatangaje ko amafaranga atazana ibyishimo

by Alex RUKUNDO
January 16, 2026
Niyo Bosco n’umukunzi we Mukamisha Irene basezeranye  imbere y’Imana
Imyidagaduro

Niyo Bosco n’umukunzi we Mukamisha Irene basezeranye imbere y’Imana

by Alex RUKUNDO
January 16, 2026
Imibereho n’ubukungu bigena icyemezo cyo kubyara mu Rwanda
Ubuzima

Imibereho n’ubukungu bigena icyemezo cyo kubyara mu Rwanda

by Alex RUKUNDO
January 16, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.