• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Wednesday, April 8, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Indirimbo ya Eddy Kenzo yise “Hope and Love” yegukanye igihembo cya Grammy Awards

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
November 11, 2025
Reading Time: 1 min read
A A

Eddy Kenzo, yagaragaje ibyishimo yinshi nyuma yo kumenya ko indirinbo ye yise “Hope and Love” yakoranye n’umuhanga mu gukora umuziki wo muri Iraki, Mehran Martin, yahawe igihembo cya Grammy Awards. 

Kenzo yavuze ko ayo makuru yayamenye bitunguranye ubwo yari mu cyumba cya hoteli i Mbale aho yari aruhukiye. Yavuze ko iki gihembo cya Grammy Awards, agihawe bwa kabiri.

Yagize ati: “Amakuru y’uko nabaye umwe batsindiye igihembo cya Grammy yangezeho nibereye mu cyumba cya hoteli i Mbale niruhukira, narindimo gukoresha konti ya X (Twitter), cyane ko nkunda kuyikoresha ndeba ibyo abantu bavuzwe . Nibwo nabonye umuntu yanditse avuga ko Ghana itabonetse ku rutonde rw’abatsinze, mpita njya gusuzuma, mpabona izina ryanjye riri mubatsinze. Umutima wanjye wahise usimbuka, nari ndi njyenyine mu cyumba, numva mbuze icyo gukora. Ariko byari ibyishimo,napfukamye nshimira Imana.”

Mu gusubiza amaso inyuma mu rugendo rwe rw’umuziki w’umuhanzi Eddy Kenzo, yasobanuye icyamufashije gutandukana n’abandi bahanzi bakomeye bo muri Uganda— ari byo kwihambira ku mwimerere we mu muziki.

Nyuma yo kumena ko indirimbo ye yise “Hope and Love” yegukanye igihembo yapfukamye ashimira Imana

Ati: “Icyintandukanya n’abandi bahanzi b’ ibiragirire muri Uganda ni uko mfite umwihariko wanjye. Icyo nicyo cyifasha cyane n’ubwo nigeze nkomeza amashuri ngo mbe umuntu ukomeye. Bityo ibyo sinabitindaho, nagumanye umwimerere wanjye. Ndi umuntu kunda gukoresha ukuri, utabeshya kandi ufite umwimerere. N’iyo nandika indirimbo cyagwa ntuganya merodi( Melodie) birigaragaza. ninjye ubwanjye, wishakira ijyana itandukanye n’izindi muri Uganda, hari nabo nkorera Melodie. Ibyo byose rero nkora bishingira ku bumeyi mfite.”

Kenzo yanaboneyeho gusobanura impamvu yahisemo gushyira indirimbo ye yise “Hope and Love” mu ipinganwa rya Grammy Awards, avuga ko ubutumwa bwayo bwuzuye urukundo n’icyizere cyane ko isi aribwo ikineye muri iki gihe.

Ati: “ Itandukaniro ry’indirimbo ‘Hope and Love’ ni ubutumwa bwayo gusa. Ni yo mpamvu ariyo natanze. Iyo urebye ibibera ku isi birababaje — intambara, ababyeyi baramana n’abana babo, Kwica hagati y’umwana n’umubyeyi n’ibindi byinshi, ikidukwiye n’uko tugirirana ikizere n’urukundo, kugirango tubane mu isi iragwamo amahoro n’urukundo.

Previous Post

The Ben na Bruce Melodie bemeranyije gukorana mu bitaramo bigiye bitandukanye

Next Post

Uganda: Buchaman yatomagije indirimbo Juliana Kanyomozi na Bobi Wine bashyize hanze

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Mibirizi: Umuhanzi wagize uruhare rukomeye mu isanamitima y’Abanyarwanda

Mibirizi: Umuhanzi wagize uruhare rukomeye mu isanamitima y’Abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
11 hours ago

Munyanshoza Dieudonne uzwi cyane nka Mibirizi, ni umwe mu bahanzi bafite izina rikomeye mu muziki nyarwanda, by’umwihariko mu ndirimbo zafashije...

Senderi yongeye gusubiramo indirimbo ze zifite amateka nyuma y’imyaka 20

Senderi yongeye gusubiramo indirimbo ze zifite amateka nyuma y’imyaka 20

by MUNYANKINDI Alphonse
24 hours ago

Umuhanzi Senderi Hit uzwi mu ndirimbo zigisha uburere mboneragihugu n’izijyanye no Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, yongeye gusubiramo indirimbo ze ebyiri...

Chameleone yifatanyije n’Abanyarwanda mu #Kwibuka32

Chameleone yifatanyije n’Abanyarwanda mu #Kwibuka32

by MUNYANKINDI Alphonse
1 day ago

Umuhanzi w’icyamamare mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, Jose Chameleone, yifatanyije n’Abanyarwanda n’Isi muri rusange mu gihe cyo Kwibuka ku nshuro...

Next Post
Uganda: Buchaman yatomagije indirimbo Juliana Kanyomozi na Bobi Wine bashyize hanze

Uganda: Buchaman yatomagije indirimbo Juliana Kanyomozi na Bobi Wine bashyize hanze

Christopher yibukije abakoresha imbuga nkoranyambaga nabi ko ingaruka zigarura ku bana

Christopher yibukije abakoresha imbuga nkoranyambaga nabi ko ingaruka zigarura ku bana

Yvan Muziki agiye kumurika Album ‘Inganzo Ntahangarwa’

Yvan Muziki agiye kumurika Album 'Inganzo Ntahangarwa'

Al Hilal SC yifatanyije n’Abanyarwanda mu #Kwibuka32
Imikino

Al Hilal SC yifatanyije n’Abanyarwanda mu #Kwibuka32

by MUNYANKINDI Alphonse
April 8, 2026
Impamvu abagore benshi babyara bagaramye kandi si ko byahoze
Mu mahanga

Impamvu abagore benshi babyara bagaramye kandi si ko byahoze

by MUNYANKINDI Alphonse
April 8, 2026
Mibirizi: Umuhanzi wagize uruhare rukomeye mu isanamitima y’Abanyarwanda
Imyidagaduro

Mibirizi: Umuhanzi wagize uruhare rukomeye mu isanamitima y’Abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
April 8, 2026
Senderi yongeye gusubiramo indirimbo ze zifite amateka nyuma y’imyaka 20
Imyidagaduro

Senderi yongeye gusubiramo indirimbo ze zifite amateka nyuma y’imyaka 20

by MUNYANKINDI Alphonse
April 7, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.