• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Thursday, April 9, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Impinduka kuri Tour du Rwanda

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
November 13, 2025
Reading Time: 1 min read
A A

Ndayishimiye Samson Perezida w’ishyirahamwe ry’umukino w’amagare mu Rwanda FERWACY, aratangaza ko isinganwa ry’amagare ngarukamwaka mu Rwanda rizenguruka mu bice bitandukanye by’igihugu rya Tour du Rwanda risanzwe riri ku rwego rwa 2,1 kuva muri 2019, rishobora kuzamurirwa urwego rikaba irushanwa ryo ku rwego rw’Isi “World Tour”.

Ndayishimiye Samson ubwo yaganiraga n’ikinyamakuru kitwa La Dernière Heure. Yavuze ko bashaka ko shampiyona y’Isi y’Amagare isiga umurage ndetse bakaba bashaka kuzana abakinnyi bakomeye benshi muri Tour du Rwanda. 

Yagize ati: ”Turashaka ko Shampiyona y’Isi y’Amagare iheruka isiga umurage. Turi gushaka uburyo bwiza bwo kubigeraho. Dukeneye kureba igihe cyiza cyo gutegura isiganwa ry’amagare, ariko tugomba no gusuzuma uburyo bwiza ryazajya ribamo. Turashaka kuzana abakinnyi bakomeye kandi benshi.”

Yavuze ko intego bafite ari ukuzamura urwego rwa Tour du Rwanda ndetse mu minsi iri imbere ishobora no kugezwa ku rwego rwa World Tour.

Ati: ”Mu gihe kiri imbere, iri siganwa rishobora no kugera ku rwego rwa World Tour. Ni intego ihuriweho, ariko tugomba kubanza gusuzuma ibintu byose mu bwitonzi kugira ngo dufate imyanzuro myiza. Nta gihe ntarengwa cyashyizweho, ariko umushinga ushobora gutangira mu 2027.”

Ibi bije nyuma y’uko Perezida Paul Kagame yagiranye ibiganiro na Perezida w’impuzamashyirahamwe y’umukino w’Amagare ku Isi (UCI), David Lappartient, byagarutse n’ubundi ku kuba Tour du Rwanda yashyirwa kuri uru rwego rwa mbere mu gusiganwa ku magare. 

Previous Post

Yampano yahuye n’ihungabana nyuma yo gusakazwa amashusho ye y’urukozasoni

Next Post

Sheebah Karungi yavuze ko umugabo atakaza icyubahiro igihe yitwa umwinjira

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Mibirizi: Umuhanzi wagize uruhare rukomeye mu isanamitima y’Abanyarwanda

Mibirizi: Umuhanzi wagize uruhare rukomeye mu isanamitima y’Abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
13 hours ago

Munyanshoza Dieudonne uzwi cyane nka Mibirizi, ni umwe mu bahanzi bafite izina rikomeye mu muziki nyarwanda, by’umwihariko mu ndirimbo zafashije...

Senderi yongeye gusubiramo indirimbo ze zifite amateka nyuma y’imyaka 20

Senderi yongeye gusubiramo indirimbo ze zifite amateka nyuma y’imyaka 20

by MUNYANKINDI Alphonse
1 day ago

Umuhanzi Senderi Hit uzwi mu ndirimbo zigisha uburere mboneragihugu n’izijyanye no Kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi, yongeye gusubiramo indirimbo ze ebyiri...

Chameleone yifatanyije n’Abanyarwanda mu #Kwibuka32

Chameleone yifatanyije n’Abanyarwanda mu #Kwibuka32

by MUNYANKINDI Alphonse
1 day ago

Umuhanzi w’icyamamare mu Karere ka Afurika y’Iburasirazuba, Jose Chameleone, yifatanyije n’Abanyarwanda n’Isi muri rusange mu gihe cyo Kwibuka ku nshuro...

Next Post
Sheebah Karungi yavuze ko umugabo atakaza icyubahiro igihe yitwa umwinjira

Sheebah Karungi yavuze ko umugabo atakaza icyubahiro igihe yitwa umwinjira

Eddy Kenzo Yanze Miliyoni ya Warner Music

Eddy Kenzo Yanze Miliyoni ya Warner Music

Sheebah Karungi yavuze ko umugabo atakaza icyubahiro igihe yitwa umwinjira

Sheebah, Rickman, Tracy Melon n’abandi bahanzi bashyize hanze amashusho mashya

Al Hilal SC yifatanyije n’Abanyarwanda mu #Kwibuka32
Imikino

Al Hilal SC yifatanyije n’Abanyarwanda mu #Kwibuka32

by MUNYANKINDI Alphonse
April 8, 2026
Impamvu abagore benshi babyara bagaramye kandi si ko byahoze
Mu mahanga

Impamvu abagore benshi babyara bagaramye kandi si ko byahoze

by MUNYANKINDI Alphonse
April 8, 2026
Mibirizi: Umuhanzi wagize uruhare rukomeye mu isanamitima y’Abanyarwanda
Imyidagaduro

Mibirizi: Umuhanzi wagize uruhare rukomeye mu isanamitima y’Abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
April 8, 2026
Senderi yongeye gusubiramo indirimbo ze zifite amateka nyuma y’imyaka 20
Imyidagaduro

Senderi yongeye gusubiramo indirimbo ze zifite amateka nyuma y’imyaka 20

by MUNYANKINDI Alphonse
April 7, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.