• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Thursday, September 11, 2025
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Ubuzima

Ibimenyetso simusiga byakwereka ko umutima wawe watangiye kugira ibibazo

Impinga Media by Impinga Media
November 13, 2024
Reading Time: 1 min read
A A
INdwara z'umutima
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Muri iki gihe indwara zifata umutima ziri guhitana benshi ku isi ndetse no mu Rwanda muri rusange,Umuryango mpuzamahanga wita ku buzima (OMS) utangaza ko indwara zifata umutima zihitana abantu kuri 30% mu ndwara zose.Nubwo ushobora kurwara umutima ntubone ibimenyetso bigaragara,ariko nanone ibimenyetso byinshi birigaragaza.

Muri iyi nkuru rero tugiye kubagezaho ibimenyetso simusiga bishobora kukwereka ko umutima wawe watangiye kugira ibibazo.

Nkuko tubikesha ikinyamakuru cyandika ku buzima cyitwa santeplusmag mu nkuru cyahaye umutwe ugira uti “signes que votre cœur ne fonctionne pas correctement “

Dore ibimenyetso 5 simusiga byakuburira ko umutima wawe udakora neza.

Kugira umunaniro ukabije wa hato na hato ndetse nta nicyo wakoze

Ubusanzwe kugira umunaniro bishobora guterwa n’impamvu nyinshi,nko kuba wakoze cyane,stress,…. Nubona ukunda kugira umunaniro wa hato na hato ndetse niyo waba waruhutse,umutima wawe ushobora kuba watangiye gukora nabi,Umwuka mwiza wa oxygen ushobora kuba wabaye muke mu mikaya.

Ububabare mu gice cy’ibumoso (umusaya,ugutwi,ijosi,agatuza n’ukuboko):

Niwumva ubabara guhera mu musaya w’ibumoso,mu gutwi,ijosi ku gice cy’ibumoso,agatuza ku gice cy’ibumoso ndetse ububabare bugakomeza mu kuboko kw’ibumoso,uzihutire kugana muganga kuko ibi ni ibimenyetse by’uko umutima wawe utari gukora neza.

Kubyimba amaguru ndetse n’ibirenge:

Nubona amaguru ndetse n’ibirenge byatangiye kubyimba nta mpamvu zabiteye zigaragara,uzihutire kugana muganga kuko indwara nyinshi zifata umutima zikunda kugaragarira mu mitemberere y’amaraso itameze neza.

Inkorora idakira:

Nubwo inkorora ishobora guterwa n’impamvu nyinshi,ariko inkorora iyo imaze igihe kinini kandi ikaba yazamo n’amaraso,aha uzagane muganga kuko iki nacyo ni ikimenyetso gishobora kuba gituruka ku mutima watangiye gukora nabi.

Kurwara umutwe wa hato na hato:

Ubushakashatsi bwagaragaje ko 40% by’abantu barwara umutwe udakira biba bituruka ku ndwara zifata umutima.Niba rero ukunda kurwara umutwe udakira ni ngombwa kujya kw muganga kwisuzumisha umutima ukareba niba ari muzima.

Sharinga kuri:

  • Click to share on WhatsApp (Opens in new window) WhatsApp
  • Click to share on Facebook (Opens in new window) Facebook
  • Click to share on X (Opens in new window) X

Related

Share2Tweet1Send
Previous Post

Uburyo 6 bwo kurinda umutekano w’ibikoresho by’Ikoranabuhanga ngendanwa.

Next Post

Imishinga 3 ya miliyoni 100Rwf igiye gutangizwa na Rotary Club Kigali Mont Jali

Impinga Media

Impinga Media

IZINDI NKURU WASOMA

Igabanuka ry’amazi ya Nyabarongo ryateje ikibazo gikomeye mu gihugu

Igabanuka ry’amazi ya Nyabarongo ryateje ikibazo gikomeye mu gihugu

by Alex RUKUNDO
1 month ago

Minisiteri y’Ibikorwa Remezo yemeje ko mu mpeshyi ya 2025, igihugu cyahuye n’ikibazo gikomeye cy’ibura ry’amazi meza, cyane cyane mu Mujyi...

Umwaka utaha wa 2026 u Rwanda ruzatangira gukoresha umuti wa Lenacapavir Yeztugo urinda SIDA

Umwaka utaha wa 2026 u Rwanda ruzatangira gukoresha umuti wa Lenacapavir Yeztugo urinda SIDA

by Alex RUKUNDO
2 months ago

Umuyobozi w’Ishami rishinzwe kurwanya virusi itera SIDA mu Kigo cy’Igihugu gishinzwe Ubuzima (RBC), Dr Ikuzo Basile, yatangaje ko nibigenda neza,...

Abana basaga miliyoni 30 ku isi bari mu kaga ko kurwara rubeba kubera kudakingirwa

Abana basaga miliyoni 30 ku isi bari mu kaga ko kurwara rubeba kubera kudakingirwa

by Alex RUKUNDO
2 months ago

Impuguke mu buzima zatangaje ko abana barenga miliyoni 30 ku isi hose batakingiwe urukingo rwa MMR (rubeba, oreillons na rubella)...

Next Post
Lotary Club

Imishinga 3 ya miliyoni 100Rwf igiye gutangizwa na Rotary Club Kigali Mont Jali

Imibereho y’abangavu baterwa inda mu Rwanda ikomeje kuba aka ya mvugo ya ‘Izicwa nande”

Imibereho y’abangavu baterwa inda mu Rwanda ikomeje kuba aka ya mvugo ya ‘Izicwa nande”

Minisitiri Nsanzimana Sabin yasobanuye ko ibikorwa byo gukurikirana uducurama mu buvumo butandukanye bikomeje

U Rwanda rwatsinze Marburg, Minisiteri y'ubuzima ifunga ibitaro byavurirwagamo abayanduye.

Iserukiramuco rya Kigali Fashion Festival 2025 rigiye kubera i Kigali
Imyidagaduro

Iserukiramuco rya Kigali Fashion Festival 2025 rigiye kubera i Kigali

by Peacemaker PUNDIT
September 9, 2025
Umuyobozi wa RGB akunda umuziki wa Ruti Joel
Imyidagaduro

Umuyobozi wa RGB akunda umuziki wa Ruti Joel

by Peacemaker PUNDIT
September 9, 2025
Kevin Kade yahishuye impamvu atagaraye muri Iwacu muzika festival 2025
Imyidagaduro

Kevin Kade yahishuye impamvu atagaraye muri Iwacu muzika festival 2025

by Alex RUKUNDO
September 8, 2025
Bruno K yatangije igikorwa cyo gukusanya inkunga yo gutabara umuryango wa Gogo
Imyidagaduro

Bruno K yatangije igikorwa cyo gukusanya inkunga yo gutabara umuryango wa Gogo

by Alex RUKUNDO
September 8, 2025

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.