• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Monday, December 1, 2025
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Ubuzima

Ibimenyetso simusiga byakwereka ko umutima wawe watangiye kugira ibibazo

Impinga Media by Impinga Media
November 13, 2024
Reading Time: 1 min read
A A
INdwara z'umutima
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Muri iki gihe indwara zifata umutima ziri guhitana benshi ku isi ndetse no mu Rwanda muri rusange,Umuryango mpuzamahanga wita ku buzima (OMS) utangaza ko indwara zifata umutima zihitana abantu kuri 30% mu ndwara zose.Nubwo ushobora kurwara umutima ntubone ibimenyetso bigaragara,ariko nanone ibimenyetso byinshi birigaragaza.

Muri iyi nkuru rero tugiye kubagezaho ibimenyetso simusiga bishobora kukwereka ko umutima wawe watangiye kugira ibibazo.

Nkuko tubikesha ikinyamakuru cyandika ku buzima cyitwa santeplusmag mu nkuru cyahaye umutwe ugira uti “signes que votre cœur ne fonctionne pas correctement “

Dore ibimenyetso 5 simusiga byakuburira ko umutima wawe udakora neza.

Kugira umunaniro ukabije wa hato na hato ndetse nta nicyo wakoze

Ubusanzwe kugira umunaniro bishobora guterwa n’impamvu nyinshi,nko kuba wakoze cyane,stress,…. Nubona ukunda kugira umunaniro wa hato na hato ndetse niyo waba waruhutse,umutima wawe ushobora kuba watangiye gukora nabi,Umwuka mwiza wa oxygen ushobora kuba wabaye muke mu mikaya.

Ububabare mu gice cy’ibumoso (umusaya,ugutwi,ijosi,agatuza n’ukuboko):

Niwumva ubabara guhera mu musaya w’ibumoso,mu gutwi,ijosi ku gice cy’ibumoso,agatuza ku gice cy’ibumoso ndetse ububabare bugakomeza mu kuboko kw’ibumoso,uzihutire kugana muganga kuko ibi ni ibimenyetse by’uko umutima wawe utari gukora neza.

Kubyimba amaguru ndetse n’ibirenge:

Nubona amaguru ndetse n’ibirenge byatangiye kubyimba nta mpamvu zabiteye zigaragara,uzihutire kugana muganga kuko indwara nyinshi zifata umutima zikunda kugaragarira mu mitemberere y’amaraso itameze neza.

Inkorora idakira:

Nubwo inkorora ishobora guterwa n’impamvu nyinshi,ariko inkorora iyo imaze igihe kinini kandi ikaba yazamo n’amaraso,aha uzagane muganga kuko iki nacyo ni ikimenyetso gishobora kuba gituruka ku mutima watangiye gukora nabi.

Kurwara umutwe wa hato na hato:

Ubushakashatsi bwagaragaje ko 40% by’abantu barwara umutwe udakira biba bituruka ku ndwara zifata umutima.Niba rero ukunda kurwara umutwe udakira ni ngombwa kujya kw muganga kwisuzumisha umutima ukareba niba ari muzima.

Share2Tweet1Send
Previous Post

Uburyo 6 bwo kurinda umutekano w’ibikoresho by’Ikoranabuhanga ngendanwa.

Next Post

Imishinga 3 ya miliyoni 100Rwf igiye gutangizwa na Rotary Club Kigali Mont Jali

Impinga Media

Impinga Media

IZINDI NKURU WASOMA

Imiti ya Sida:Urufungozo rwo kurinda ubuzima

Imiti ya Sida:Urufungozo rwo kurinda ubuzima

by Alex RUKUNDO
3 days ago

Kuri uyu wa Gatanu, tariki 28 Ugushyingo 2025, Urugaga Nyarwanda rw’Abafite Virusi itera Sida (RRP+ Rwanda), ku bufatanye n’Ikigo cy’Igihugu...

NCPD irashima  ibimaze kugerwaho bifasha abafite ubumuga

NCPD irashima  ibimaze kugerwaho bifasha abafite ubumuga

by MUNYANKINDI Alphonse
4 days ago

Umunyamabanga nshingwabikorwa w’inama nkuru y’abafte ubumuga mu Rwanda NCPD Bwana Ndayisaba Emmanuel, aratangaza kuva mu 2012 kugeza hamaze gukorwa byinshi...

FAO na MINAGRI bizihije Umunsi Mpuzamahanga w’Ibiribwa i Nyamagabe

FAO na MINAGRI bizihije Umunsi Mpuzamahanga w’Ibiribwa i Nyamagabe

by Alex RUKUNDO
1 month ago

Kuri uyu wa Gatanu, Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku biribwa n’ubuhinzi (FAO) ryifatanyije na Minisiteri y’Ubuhinzi n’Ubworozi (MINAGRI) mu kwizihiza...

Next Post
Lotary Club

Imishinga 3 ya miliyoni 100Rwf igiye gutangizwa na Rotary Club Kigali Mont Jali

Imibereho y’abangavu baterwa inda mu Rwanda ikomeje kuba aka ya mvugo ya ‘Izicwa nande”

Imibereho y’abangavu baterwa inda mu Rwanda ikomeje kuba aka ya mvugo ya ‘Izicwa nande”

Minisitiri Nsanzimana Sabin yasobanuye ko ibikorwa byo gukurikirana uducurama mu buvumo butandukanye bikomeje

U Rwanda rwatsinze Marburg, Minisiteri y'ubuzima ifunga ibitaro byavurirwagamo abayanduye.

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda
Imyidagaduro

Nyuma yo kunyurwa Richard Nick Ngendahayo yatanze itariki nshya yo kongera gutaramira abanyarwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana
Amateka

Inzozi za Richard Nick Ngendahayo: Uko Kwifuza Kuba Umunyamakuru Byahindutse Urugendo rw’Ubutumwa mu Ndirimbo z’Iyobokamana

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry
Amateka

Amateka ya Gaby Kamanzi umuhanzi udasanzwe muri Gospel Industry

by MUNYANKINDI Alphonse
December 1, 2025
Jose Chameleone ategerejwe mu majyaruguru ya Uganda
Imyidagaduro

Jose Chameleone ategerejwe mu majyaruguru ya Uganda

by Alex RUKUNDO
November 30, 2025

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.