Itsinda ryahoze rigizwe n’abasore bane b’abaririmbyi b’abahanga rya ‘One Direction,’ ni rimwe mu matsinda y’umuziki yamamaye ku Isi, ndetse n’ubu nubwo rimaze igihe ritandukanye ndetse n’umwe mu bari barigize akaba aherutse kwitaba Imana, ibihangano byabo birakoreshwa cyane ndetse hari n’ibyanditse amateka bifatwa nk’iby’ibihe byose.
Digital Transformation Week 2024: ICT Chamber mu rugamba rwo guteza imbere Ikoranabuhanga mu Rwanda
Digital Transformation Week 2024: Icyumweru cy'impinduka mu ikoranabuhanga.