Mu bihe bitandukanye wabonye cyangwa wumvise abantu bishyurwa kugira ngo basebye abandi bisunze imiyoboro y’abo y’imbuga nkoranyambaga. Ariko kandi harimo n’abandi babikora mu rwego rwo kugira ngo wawundi bavuga nabi azabashake (mu mvugo z’ubu).
Digital Transformation Week 2024: ICT Chamber mu rugamba rwo guteza imbere Ikoranabuhanga mu Rwanda
Digital Transformation Week 2024: Icyumweru cy'impinduka mu ikoranabuhanga.







