• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, March 7, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

“Gukorana na Diamond Platnumz bisaba kwihangana” – Bruce Melodie

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
February 17, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Uruzinduko ry’umuhanzi w’icyamamare mu Rwanda Bruce Melodie rwasize ababakora indirimbo (producers) bishimye, bitewe n’ijambo uyu muhanzi yavuze, aho yavuze ko abakora indirimbo bo muri Uganda ko ari abahanga bakomeye mu gukora indirimbo nziza kandi zigezweho mu karere.

Bruce Melodie, umaze gukorana n’abatunganya umuziki bakomeye muri Uganda barimo Nessim na Artin Pro, yavuze ko iki gihugu gifite impano nyinshi mu bijyanye no gutunganya imiziki. Yanagaragaje ko amajwi atunganyirizwa muri sitidiyo zo muri Uganda aba afite umwihariko wayo.

Yagize ati: “Hari ikintu nkunda ku batunganya umuziki ba hano muri Uganda, amajwi atunganyirizwa hano aba aremereye kandi aryoshye. Ni nk’aho buri producer aba yarabaye DJ igihe runaka. Nkunda umuziki wa hano kandi nifuza gukorana n’abahanzi benshi kurushaho.”

Ntiyagarukiye aho gusa, kuko yanavuze ko kubera umubano ukomeye yamaze kubaka mu muziki by’umwihariko muri Uganda, yunzemo ko yiyumva nk’umwe mu bahakomoka.

Uretse gushima abakora umuziki, uyu muhanzi w’Umunyarwanda yanagiriye inama abahanzi bo muri Uganda bifuza gukorana n’ibyamamare mpuzamahanga nka Diamond Platnumz, banasanzwe bafite indirimbo shya yiswe ‘Pom Pom’.

Yagize ati: “Gukora na Diamond Platnumz bisaba kwihangana. Ni umuntu uhora ahuze cyane kandi ukomeye, ugomba kubyemera. Ugomba kuba ufite ubushobozi bw’amafaranga, atari ayo kumwishyura gusa, ahubwo n’umushinga ugomba kuba ugeze ku rwego runaka. Ugomba kuba witeguye kuwamamaza no kuwuteza imbere.”

Share2Tweet1Send
Previous Post

Jose aravuga ko yarokotse indwara y’ubuhumyi

Next Post

Minisitiri yifatiye ku gahanga abapasiteri bafite kwizera guke  “Nimureke Abapolisi, Mwiringire Imana Yanyu”

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
18 hours ago

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atari kwiyiriza nk’abandi bisilam mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, avuga ko afite...

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
18 hours ago

Umuhanzi w’Umunya-Kenya Karelina ari kwiyubaka buhoro buhoro mu ruhando rw’umuziki, aho akoresha ururimi rw’Igikuyu n’Icyongereza mu buryo bugaragara nk’ubutateguwe, ahubwo...

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
22 hours ago

Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze...

Next Post
Minisitiri yifatiye ku gahanga abapasiteri bafite kwizera guke  “Nimureke Abapolisi, Mwiringire Imana Yanyu”

Minisitiri yifatiye ku gahanga abapasiteri bafite kwizera guke  "Nimureke Abapolisi, Mwiringire Imana Yanyu"

Bruce Melodie yanenze abahanzi bo muri Uganda

Bruce Melodie yanenze abahanzi bo muri Uganda

Mary Nambwayo yongeye gukundana nyuma yo gutandukana n’umugabo we Suuna Ben

Mary Nambwayo yongeye gukundana nyuma yo gutandukana n'umugabo we Suuna Ben

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina
Imyidagaduro

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala
Imyidagaduro

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026
Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi
Iyobokamana

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.