• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Saturday, March 7, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Gloria Bugie yahisemo amafaranga aho guhabwa indabo kuri Saint Valentin

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
February 13, 2026
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuhanzikazi Gloria Bugie yatangaje impano yifuza ko bazamuha ku munsi w’abakundanye (saint valentin) ibura amasaha make ari imbere.

Gloria Busingye, wamamye ku mazina nka Gloria Bugie, yavuze ko akiri muto kandi ko atarateganya gushaka, ndetse ko muri iki gihe adashishikajwe no kujya mu rukundo kuko yibanze mu gukurora umuziki we.

Nubwo bimeze bityo, ariko yatangaje ko yiteguye kwakira impano z’abafana be n’abamwishimira kuri uyu wa gatandatu.

Mu kinganiro yagiranye n’itangazamakuru, uyu muhanzikazi wamenyekanye mu ndirimbo Cherei yavuze ko adashaka ko hari umuzanira indabo ku munsi wa Saint Valentinkuko zangirika vuba, ahubwo ko bamuha amafaranga aho kubuha indabo.

Yakomej avuga ko icyamutera kurushaho kwishimira impano ari uko yahabwa icyangombwa cy’ubutaka (land title) i Kampala cyagwa amafaranga ashobora gutangiza kubaka inzu ye.

Yasoje agira ati: “Niba hari uwifuza kumpa impano ku munsi wa w’abakundanye (Saint Valentin), kuki bitaba byo? Muhawe ikaze. Ndi ingaragu. Impano nifuza ni ubutaka nabwo buherereye i Kampala cyagwa amafaranga yo kubaka inzu ye. Icyiza kandi ni uko ayo mafaranga mwayampa mu ntoki.”

Share2Tweet1Send
Previous Post

Serumogo yateje impaka: Rayon Sports irashinja Rugaju gukwirakwiza ibihuha

Next Post

Doja Cat agiye gususurutsa Kigali muri Move Afrika 2026

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
17 hours ago

Umuhanzi w’icyamamare muri Uganda, Eddy Kenzo, yatangaje impamvu atari kwiyiriza nk’abandi bisilam mu kwezi gutagatifu kwa Ramadhan, avuga ko afite...

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
18 hours ago

Umuhanzi w’Umunya-Kenya Karelina ari kwiyubaka buhoro buhoro mu ruhando rw’umuziki, aho akoresha ururimi rw’Igikuyu n’Icyongereza mu buryo bugaragara nk’ubutateguwe, ahubwo...

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
22 hours ago

Urukundo rw’ibirori n’imyidagaduro muri Kampala rugiye kongererwa indi gahunda nshya yiswe “Black Card Sundays”, igiye gutangirira muri Vanquish Lounge, ahahoze...

Next Post
Doja Cat agiye gususurutsa Kigali muri Move Afrika 2026

Doja Cat agiye gususurutsa Kigali muri Move Afrika 2026

Jean Luc na Lorenzo mu ntambara ishyushye!

Jean Luc na Lorenzo mu ntambara ishyushye!

“Maze kuririmba mu bukwe busaga 500 ariko sinumva impamvu itangazamakuru ritari ryanyakira“ – Yvanny Mpano

“Maze kuririmba mu bukwe busaga 500 ariko sinumva impamvu itangazamakuru ritari ryanyakira“ - Yvanny Mpano

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan
Imyidagaduro

Eddy Kenzo yasobanuye impamvu atiyiriza mu kweze kwa Ramadhan

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina
Imyidagaduro

“Kuririmba mu gikuyu n’icyongereza n’ibintu byirikora sinjye ubihitamo” – Karelina

by Alex RUKUNDO
March 6, 2026
“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala
Imyidagaduro

“Black Card Sundays” igiye gutangira i Kampala

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026
Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi
Iyobokamana

Umunyarwanda yatorewe kuyobora Anglican ku isi

by MUNYANKINDI Alphonse
March 6, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.