• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Thursday, September 11, 2025
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Fik Fameica yahakanye ko hari abahanzi bamufashije mu muziki we

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
August 7, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuraperi w’Umunya-Uganda Fik Fameica yatangaje ko nta muhanzi cyagwa umuntu uwari we wese waba yaragize uruhare mu itangira ry’umuziki we, ahamya ko yageze aho ari ubu abikesha imbaraga ze bwite n’impano ye.

Mu kiganiro yagiranye na Sanyuka TV, Fik Fameica yavuze ko izamuka rye muri muzika ritatewe n’abandi bantu, ahubwo ryaturutse ku bwitange bwe no gukora cyane.

Ati:” Nanyuze mu bikomeye ndetse no kwigomwa ibintu bitandukanye. Ni jye wiyandikiye indirimbo yatumye menyekana, kandi kuva ubwo kugeza n’uyu munsi, byose ninjye ubyikorera ku giti cyanjye.”

Ibi yabivuze kubera amagambo yigeze kuvugwa na Pallaso, umwe mu bahanzi b’inararibonye mu muziki wa Uganda, wavuze ko yagize uruhare mu kumufasha gutangira umuziki.

Fik Fameica yahakanye ibyo bivugwa, ashimangira ko nubwo yigeze kuba hafi y’abahanzi bamwe mu ntangiriro z’urugendo rwe rwa muzika, nta n’umwe wigeze amuha ubufasha bufatika bwaba ubwa mafaranga cyagwa ibitekerezo byaba byaramufashije kumenyekana.

Yakomeje agira ati:” Kuvuga ko umuntu yagufashije, bivuze ko yaguhaye ubufasha mu buryo bufatika — nko gukorana indirimbo, kukwishyurira studio cyangwa kukugira mu buyobozi bwa muzika yawe. Ariko njyewe nta muhanzi wigeze abinkorera.”

Yavuze ko yigeze kuba hafi na Geosteady, ariko asobanura ko byari ubucuti busanzwe aho kuba ubufasha bwamugejeje ku rwego rwo kumenyekana.

Impinga

Sharinga kuri:

  • Click to share on WhatsApp (Opens in new window) WhatsApp
  • Click to share on Facebook (Opens in new window) Facebook
  • Click to share on X (Opens in new window) X

Related

Share2Tweet1Send
Previous Post

Teta Sandra yagonze amaguru ya Weasel Manizo

Next Post

Diamond Platnumz yemeye ko atazi neza umubare w’abana yabyaye

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Iserukiramuco rya Kigali Fashion Festival 2025 rigiye kubera i Kigali

Iserukiramuco rya Kigali Fashion Festival 2025 rigiye kubera i Kigali

by Peacemaker PUNDIT
2 days ago

rikaba rizitabirwa n'abahanga imideli bo mu bihugu nka South Africa, Kenya, Central Africa, Rwanda, USA na Senegal n’abamurika imideli babigize...

Umuyobozi wa RGB akunda umuziki wa Ruti Joel

Umuyobozi wa RGB akunda umuziki wa Ruti Joel

by Peacemaker PUNDIT
2 days ago

Umuyobozi Mukuru w'Urwego rw'igihugu rw'imiyoborere RGB yabengutse umuziki wa Ruti Joel dore ko amufata nk'umuhanzi w'ibihe byose mu Rwanda. Umuyobozi...

Kevin Kade yahishuye impamvu atagaraye muri Iwacu muzika festival 2025

Kevin Kade yahishuye impamvu atagaraye muri Iwacu muzika festival 2025

by Alex RUKUNDO
2 days ago

Kevin kade yasobanuye impamvu, yavuye muri Iwacu na muzika festival 2025, yari umwe mu batoranyijwe muri ibyo bitaramo byamaze iminsi...

Next Post
Diamond Platnumz yemeye ko atazi neza umubare w’abana yabyaye

Diamond Platnumz yemeye ko atazi neza umubare w’abana yabyaye

Ibihugu byinshi byibasiwe n’imisoro mishya ku byoherezwa muri Amerika

Ibihugu byinshi byibasiwe n’imisoro mishya ku byoherezwa muri Amerika

Icyasembuye Teta Sandra mu kugonga Weasel Manizo

Icyasembuye Teta Sandra mu kugonga Weasel Manizo

Iserukiramuco rya Kigali Fashion Festival 2025 rigiye kubera i Kigali
Imyidagaduro

Iserukiramuco rya Kigali Fashion Festival 2025 rigiye kubera i Kigali

by Peacemaker PUNDIT
September 9, 2025
Umuyobozi wa RGB akunda umuziki wa Ruti Joel
Imyidagaduro

Umuyobozi wa RGB akunda umuziki wa Ruti Joel

by Peacemaker PUNDIT
September 9, 2025
Kevin Kade yahishuye impamvu atagaraye muri Iwacu muzika festival 2025
Imyidagaduro

Kevin Kade yahishuye impamvu atagaraye muri Iwacu muzika festival 2025

by Alex RUKUNDO
September 8, 2025
Bruno K yatangije igikorwa cyo gukusanya inkunga yo gutabara umuryango wa Gogo
Imyidagaduro

Bruno K yatangije igikorwa cyo gukusanya inkunga yo gutabara umuryango wa Gogo

by Alex RUKUNDO
September 8, 2025

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.
     

    Loading Comments...