• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, April 3, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Fik Fameica yahakanye ko hari abahanzi bamufashije mu muziki we

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
August 7, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuraperi w’Umunya-Uganda Fik Fameica yatangaje ko nta muhanzi cyagwa umuntu uwari we wese waba yaragize uruhare mu itangira ry’umuziki we, ahamya ko yageze aho ari ubu abikesha imbaraga ze bwite n’impano ye.

Mu kiganiro yagiranye na Sanyuka TV, Fik Fameica yavuze ko izamuka rye muri muzika ritatewe n’abandi bantu, ahubwo ryaturutse ku bwitange bwe no gukora cyane.

Ati:” Nanyuze mu bikomeye ndetse no kwigomwa ibintu bitandukanye. Ni jye wiyandikiye indirimbo yatumye menyekana, kandi kuva ubwo kugeza n’uyu munsi, byose ninjye ubyikorera ku giti cyanjye.”

Ibi yabivuze kubera amagambo yigeze kuvugwa na Pallaso, umwe mu bahanzi b’inararibonye mu muziki wa Uganda, wavuze ko yagize uruhare mu kumufasha gutangira umuziki.

Fik Fameica yahakanye ibyo bivugwa, ashimangira ko nubwo yigeze kuba hafi y’abahanzi bamwe mu ntangiriro z’urugendo rwe rwa muzika, nta n’umwe wigeze amuha ubufasha bufatika bwaba ubwa mafaranga cyagwa ibitekerezo byaba byaramufashije kumenyekana.

Yakomeje agira ati:” Kuvuga ko umuntu yagufashije, bivuze ko yaguhaye ubufasha mu buryo bufatika — nko gukorana indirimbo, kukwishyurira studio cyangwa kukugira mu buyobozi bwa muzika yawe. Ariko njyewe nta muhanzi wigeze abinkorera.”

Yavuze ko yigeze kuba hafi na Geosteady, ariko asobanura ko byari ubucuti busanzwe aho kuba ubufasha bwamugejeje ku rwego rwo kumenyekana.

Impinga

Share2Tweet1Send
Previous Post

Teta Sandra yagonze amaguru ya Weasel Manizo

Next Post

Diamond Platnumz yemeye ko atazi neza umubare w’abana yabyaye

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

by Alex RUKUNDO
8 hours ago

Umunyarwanda Tuma Basa yasezeye kuri YouTube yagezemo mu 2018 ayobora igice cya ‘Urban Music’ ubu akaba akuriye icya ‘Black Music...

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

by Alex RUKUNDO
9 hours ago

Agahinda k’abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana mu bitaramo bitandukanye, kongeye kuzamurwa n’umufana wasomeye Winnie Nwangi mu...

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

by Alex RUKUNDO
10 hours ago

Nyuma y’ibyumweru bike umuraperi w’Umunyamerika Sean Combs, uzwi ku mazina nka “Diddy” yagabanyirijweho amezi abiri ku gifungo yari yakatiwe, itariki...

Next Post
Diamond Platnumz yemeye ko atazi neza umubare w’abana yabyaye

Diamond Platnumz yemeye ko atazi neza umubare w’abana yabyaye

Ibihugu byinshi byibasiwe n’imisoro mishya ku byoherezwa muri Amerika

Ibihugu byinshi byibasiwe n’imisoro mishya ku byoherezwa muri Amerika

Icyasembuye Teta Sandra mu kugonga Weasel Manizo

Icyasembuye Teta Sandra mu kugonga Weasel Manizo

“Mubavuga nabi, bahisemo gukoresha TikTok live nk’ijwi ry’abahanzi” – Eddy Kenzo
Uncategorized

“Mubavuga nabi, bahisemo gukoresha TikTok live nk’ijwi ry’abahanzi” – Eddy Kenzo

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera
Imyidagaduro

Tuma Basa yasezeye kuri YouTube nyuma y’imyaka 8 ayikorera

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana
Imyidagaduro

Abahanzikazi bo muri Uganda bakomeje kwitotombera ihohoterwa bakorerwa n’abafana

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026
Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo
Imyidagaduro

Diddy yagabanirijweho amazi abiri y’igifungo

by Alex RUKUNDO
April 3, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.