• AHABANZA
  • UBWANDITSI
  • KWAMAMAZA
  • AMATEGEKO
Friday, January 16, 2026
Impinga Media
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
  • AHABANZA
  • Imyidagaduro
    • Imikino
    • Sinema
    • Ibirori & Muzika
  • Ikoranabuhanga
  • Ubuzima
  • Ubukungu
  • IBINDI
    • Biravugwa
    • Inkuru z’amashusho
    • Inkuru Ndende
    • Impinga Quiz & Survey
    • Utuntu n’utundi
No Result
View All Result
Impinga Media
  • Inkuru Nyamukuru
  • Imyidagaduro
  • Ikoranabuhanga
  • Ibirori
Home Imyidagaduro

Fik Fameica yahakanye ko hari abahanzi bamufashije mu muziki we

Alex RUKUNDO by Alex RUKUNDO
August 7, 2025
Reading Time: 1 min read
A A
Share on FacebookShare on XShare on WhatsApp

Umuraperi w’Umunya-Uganda Fik Fameica yatangaje ko nta muhanzi cyagwa umuntu uwari we wese waba yaragize uruhare mu itangira ry’umuziki we, ahamya ko yageze aho ari ubu abikesha imbaraga ze bwite n’impano ye.

Mu kiganiro yagiranye na Sanyuka TV, Fik Fameica yavuze ko izamuka rye muri muzika ritatewe n’abandi bantu, ahubwo ryaturutse ku bwitange bwe no gukora cyane.

Ati:” Nanyuze mu bikomeye ndetse no kwigomwa ibintu bitandukanye. Ni jye wiyandikiye indirimbo yatumye menyekana, kandi kuva ubwo kugeza n’uyu munsi, byose ninjye ubyikorera ku giti cyanjye.”

Ibi yabivuze kubera amagambo yigeze kuvugwa na Pallaso, umwe mu bahanzi b’inararibonye mu muziki wa Uganda, wavuze ko yagize uruhare mu kumufasha gutangira umuziki.

Fik Fameica yahakanye ibyo bivugwa, ashimangira ko nubwo yigeze kuba hafi y’abahanzi bamwe mu ntangiriro z’urugendo rwe rwa muzika, nta n’umwe wigeze amuha ubufasha bufatika bwaba ubwa mafaranga cyagwa ibitekerezo byaba byaramufashije kumenyekana.

Yakomeje agira ati:” Kuvuga ko umuntu yagufashije, bivuze ko yaguhaye ubufasha mu buryo bufatika — nko gukorana indirimbo, kukwishyurira studio cyangwa kukugira mu buyobozi bwa muzika yawe. Ariko njyewe nta muhanzi wigeze abinkorera.”

Yavuze ko yigeze kuba hafi na Geosteady, ariko asobanura ko byari ubucuti busanzwe aho kuba ubufasha bwamugejeje ku rwego rwo kumenyekana.

Impinga

Share2Tweet1Send
Previous Post

Teta Sandra yagonze amaguru ya Weasel Manizo

Next Post

Diamond Platnumz yemeye ko atazi neza umubare w’abana yabyaye

Alex RUKUNDO

Alex RUKUNDO

IZINDI NKURU WASOMA

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

by MUNYANKINDI Alphonse
43 minutes ago

Mu gihe benshi bamumenyereye nk’umukinnyi wa filime ukunzwe cyane mu Rwanda, Niyitegeka Gratien, uzwi nka Papa Sava, amaze imyaka irenga...

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
2 hours ago

Abahanzi b’indirimbo zo kuramya no guhimbaza Imana bazwi ku rwego mpuzamahanga, Todd Galberth na Naomi Raine, batangaje ko u Rwanda...

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

Angeli Mutabaruka umwe mubanyamakuru bakomeye na Papa Sava ateganyijwe kuzitabi igitaramo cya Gen Z Comedy

by Alex RUKUNDO
23 hours ago

Abakunzi b’imyidagaduro n’urwenya baritegura ijoro ridasanzwe kuri uyu wa Kane tariki ya 15 Mutarama 2026, ubwo hateganyijwe igitaramo cya Gen Z...

Next Post
Diamond Platnumz yemeye ko atazi neza umubare w’abana yabyaye

Diamond Platnumz yemeye ko atazi neza umubare w’abana yabyaye

Ibihugu byinshi byibasiwe n’imisoro mishya ku byoherezwa muri Amerika

Ibihugu byinshi byibasiwe n’imisoro mishya ku byoherezwa muri Amerika

Icyasembuye Teta Sandra mu kugonga Weasel Manizo

Icyasembuye Teta Sandra mu kugonga Weasel Manizo

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira
Imyidagaduro

Papa Sava: Urugendo rw’imyaka irenga 30 mu buhanzi, kuva ku mafaranga 2000 Frw kugeza kuri filime ye ya mbere irangira

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026
Menya imwe mu miti ishobora kugabanya ‘ingufu z’abagabo’ mu gihe cyo gutera akabariro
Ubuzima

Menya imwe mu miti ishobora kugabanya ‘ingufu z’abagabo’ mu gihe cyo gutera akabariro

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026
RURA yashyize iherezo ku rujijo rw’imikoreshereze ya USSD codes zishingiye ku miyoboro ya telephone
Ikoranabuhanga

RURA yashyize iherezo ku rujijo rw’imikoreshereze ya USSD codes zishingiye ku miyoboro ya telephone

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026
Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda
Imyidagaduro

Abahanzi bakomeye ba Gospel Todd Galberth na Naomi Raine bagiye gutaramira mu Rwanda

by MUNYANKINDI Alphonse
January 16, 2026

Stay Connected

Popular Post

    YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD YOUTUBE CHANNEL AD
    ADVERTISEMENT
    Impinga Media

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    Navigate Site

    • AHABANZA
    • UBWANDITSI
    • KWAMAMAZA
    • AMATEGEKO

    Follow Us

    No Result
    View All Result
    • AHABANZA
    • Imyidagaduro
      • Imikino
      • Sinema
      • Ibirori & Muzika
    • Ikoranabuhanga
    • Ubuzima
    • Ubukungu
    • IBINDI
      • Biravugwa
      • Inkuru z’amashusho
      • Inkuru Ndende
      • Impinga Quiz & Survey
      • Utuntu n’utundi

    Copyright © 2025 Impinga Media.

    This website uses cookies. By continuing to use this website you are giving consent to cookies being used. Visit our Privacy and Cookie Policy.